Tags : Kigali

CP Gatete yeretse Abamotari uko kuvumbura ko batwaye ‘Haduyi’ byaborohera

*Abamotari biyemereye ko bajya batwara abakora uburiganya nk’abajura, n’abagiye mu bindi bikorwa bibi … *Moto zitanditse ni zo zikoreshwa muri ibi bikorwa, *Basabwe kujya babaza umwirondoro w’uwo bagiye gutwara kugira ngo batahure ko ataba ari ‘HADUYI’, *Mu mezi atatu, moto zakoze impanuka ni 229, zahitanye ubuzima bw’Abamotari 16 hakomereka 74. Mu nama yahuje abakora umwuga […]Irambuye

Kigali: Umubiligikazi ararega Umunyarwanda kumwambura ubutaka ku mahugu

Umubiligikazi Claudette LESCOT watuye mu Rwanda kuva mu 1972, ubu arasaba inzego zinyuranye kucyo yita akarengane yakorewe n’umunyarwanda witwa Cyrille Ndengeyingoma ngo ushaka kumwambura ubutaka mu mahugu. Ndengeyingoma we yavuze ko ntacyo yavuga ku bintu biri mu nkiko. Ubutaka impande zombi zipfa ni inzira isohoka mu gipangu cya Claudette LESCOT n’icya Cyrille Ndengeyingoma bifatanye, biherereye […]Irambuye

Kigali: Abanyarwandakazi batatu muri 15 batewe Intanga Ngabo barenda kubyara

Kuva aho ibitaro “Baho International Hospital” bitangiye gutanga Serivise yo gutera intanga ngabo abagore babuze urubyaro, biratangaza ko muri 15 bakoreyeho igerageza, ubu batatu batwite ndetse ngo umwe muri bo arenda kubyara. Akenshi mu Rwanda imiryango ibuze urubyaro irivuza, byakomeza kwanga ikajya mu bihugu byo mu mahanga nk’Ubuhinde n’ahandi. Umwaka ugiye gushira, Ibitaro mpuzamahanga Baho […]Irambuye

Kigali: Ahazwi nko Ku Giti cy’Inyoni hazashyirwa ikusanyirizo ry’imyanda iva

Ibi byemejwe n’abashinzwe  gutunganya imyubakire mu mugi wa Kigali mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu ku cyicaro cya Minisiteri y’Ibikorwa Remezo, mu ngamba bafite zo gutunganya Umujyi. Hateganyijwe ko imyanda iva mu bwiherero  mu ngo izakorerwa imiyoboro izajya iyimanura igahurizwa ahantu hamwe mu rwego rwo gutuma abantu babona aho batura kandi bigafasha mu […]Irambuye

Urubyiruko rugomba gukotanira kubaka igihugu kuko nta we rusiganya –

*Kubaka amahoro mu rubyiruko niyo nzira izafasha Abanyarwanda gukira ibikomere, *Abanyarwanda barakishishanya, gushakana hagati y’abiciwe n’abo mu miryango yabiciye biracyari ikibazo, *Hari ubwoba bwo kubivuga, kwishishanya, ariko icyizere kiri mu rubyiruko. I Kigali harabera inama y’ urubyiruko ku bijyanye no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, inama itegurwa n’umuryango Never Again Rwanda. Ngo iyi nama […]Irambuye

‘Ambouteillage’ muri Kigali: Ngo abatwara imodoka nabo barayiteeza

Abatwara imodoka mu mujyi wa Kigali mu masaha yo kujya kukazi mu gitondo (7 – 8AM) no gutaha nimugoroba (6 – 7PM) usanga benshi binubira umubyigano w’imodoka ku mihanda imwe n’imwe. Police ishinzwe umutekano mu muhanda yo ivuga ko abatwara imodoka usanga ubwabo biteza ibi bibazo kubera kudakoresha neza imihanda ihari. Hari ibice bizwi cyane […]Irambuye

Umujyi wa Kigali tugiye kuwujyana mu cyerekezo 2020 – Mayor

Umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali Monique Mukaruriza n’abayobozi bashya b’umujyi n’uturere dutatu tuwugize bari kumwe mu Itorero ry’abayobozi i Gabiro babonye umwanya uhagije wo kuganira no kumvikana ku buryo bagiye gukura Umujyi aho wari bakawugeza mu cyerekezo 2020. Kuwa kane, abayobozi bashya baherutse gutorerwa imyanya inyuranye y’ubuyobozi ku rwego rw’uturere n’Umujyi wa Kigali basoje itorero […]Irambuye

Inzego zibishinzwe zikwiye kubona ko Abanyarwanda bakeneye kwidagadura – Massamba

*Kuki Umujyi wa Kigali udashyiraho igishushanyo mbonera cy’ahagenewe kubera ibitaramo? *Abahanzi bakwiye kujya berekana icyemezo bahawe n’inzego z’umutekano mu itangazamakuru mbere y’igitaramo Amaze imyaka isaga 35 mu muziki, ni umwe mu bahanzi bafatwa nk’inararibonye ndetse bubashywe n’abahanzi bato dore ko benshi bifuza kuzatera ikirenge mu cye. Massamba Intore asanga hari igikwiye gukorwa ku ihagarikwa n’ifungwa […]Irambuye

CNLG yakoze inama itegura Kwibuka ku nshuro ya 22

Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) kuri uyu gatatu tariki yaganiriye n’abafatanyabikorwa bayo ku bikorwa bizaranga icyunamo no kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, havuzwe ko mu kwibuka hazibandwa ku kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside no kwigisha ububi bwayo. Muri uyu mwaka gahunda yo kwibuka Jenoside ku nshuro ya 22 ibiganiro bizajya byibanda ku kwigisha […]Irambuye

I Kigali harabera inama Nyafurika yiga ku guhangana n’indwara y’ibicurane

Ibicurane ni indwara Abanyarwanda benshi bafata nk’iyoroshye ndetse bamwe na bamwe ntibitabira kuyivuza uko bikwiye nyamara ari indwara ishobora kugira ingaruka zikomeye ku muntu cyane ku bana, abantu bari muzabukuru, ndetse no ku bantu barwaye indwara zikomeye nk’Umutima nk’uko inzego z’ubuzima mu Rwanda zibivuga. Kuri iri uyu wa gatatu tariki 09 Werurwe, mu Rwanda hateraniye […]Irambuye

en_USEnglish