Tags : Kigali

Aviation Africa, indi nama ikomeye u Rwanda rugiye kwakira

Byamaze kwemezwa ko inama mpuzamahanga ya kabiri izahuza ibigo by’indege muri Africa “Aviation Africa” izabera mu Rwanda, ku matariki 22 – 23 Gashyantare 2017. Iyi nama itandukanye n’indi nayo izabera mu Rwanda ku matariki 4-5-6 Ukwakira 2016, yo izahuza abayobozi bakuru b’Amahoteli muri Africa hagamijwe gukomeza imikoranire ihamye hagati y’izo nzego zikorana bya hafi. Inama […]Irambuye

Mu ngendo z’Abadepite mu cyaro basanze isuku nke n’imirire mibi

*Abadepite basanze abaturage bakirarana n’amatungo. *Kutiga neza no kudakurikirana imishinga bihombya Leta. Kuri uyu wa gatanu inteko ishingamategeko umutwe w’abadepite, bamuritse raporo ikubiyemo ibyo babonye mu ngendo bakoreye mu turere twose tw’igihugu. Izi ngendo zari zigamije kwegera abaturage bagenzura isuku n’imirire no gukurukirana ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga itandukanye ifitiye abaturage akamaro mu turere. Izi ngendo […]Irambuye

Uwamungu yafashije abagore b’i Karembure bacuruzaga agataro kwishyira hamwe

Uwamungu Theobald, umuturage w’i Karembure wakoze igihe kinini mu nzego z’umutekano, n’ubu akaba ari muri DASSO, yafashije abagore bacuruzaga agataro n’abahoraga mu makimbirane n’abagabo babo, kwishyira hamwe bacururiza mu gasoko gato, ubuzima bwaroroshye. Uyu Uwamungu, abaturage b’i Karembure bamufata nk’umuntu ukomeye, bitewe n’akamaro yabagiriye. Nk’umuntu wari ushinzwe umutekano, ngo yahoraga abona amakimbirane ari mu baturanyi, […]Irambuye

U Rwanda rwamuritse igikombe cya zahabu rwabonye mu Butabera

Kuri uyu wa gatanu tariki 4 Werurwe, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga na Minisitiri w’Umurimo n’uw’Ubutabera n’abandi bayobozi bakuru mu butabera, bamuritse igikombe u Rwanda rwegukanye mu bijyanye no kwakira no kubika ibirego binyuze mu Ikoranabuhanga (Rwanda Integrated Electronic Case Management System, IE CMS), iki gikombe cyatanzwe n’umuryango AAPAM. Iki gihembo cyatanzwe mu nama iheruka kubera i […]Irambuye

Min. Kaboneka yasabye abayobozi bashya b’umujyi wa Kigali kumva abaturage

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yabwiye abayobozi bashya batorewe kuyobora Umujyi wa Kigali ko ari akazi gakomeye batangiye, bityo ko bagomba gukora nk’ikipe imwe, ndetse bagatega amatwi ababagiriye ikizere bakabatora bashyira imbere inyungu z’abaturage imbere y’ibindi byose. Minisitiri Kaboneka yabwiye abatorewe kujya muri Komite Nyobozi n’abajyanama babo ko akazi batorewe gakomeye, ariko ngo bagomba kugakora […]Irambuye

Menya Ruyenzi n’uduce 4 tuyigize, ubu hagezweho Bishenyi

Francois Bizimana yemeza ko ari we mufundi wzamuye inzu igezweho muri Centre ya Ruyenzi, icyo gihe muri 2007 ngo akazi karabonekaga ariko ubu ngo karagabanutse. Ruyenzi igizwe n’uduce tune, Nyagacaca, Rugazi, Rubumba na Bishenyi. Uruyenzi ni ryo zina abahakomoka bakunda ku hita, ni mu ntera itari ndende uvuye mu Mujyi wa Kigali ugana yo. Ni […]Irambuye

Monique Mukaruliza niwe utorewe kuyobora Umujyi wa Kigali

Nyamirambo – Monique Mukaruliza wabaye Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, kuri uyu wa mbere yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali n’amajwi 182 ku bantu 200 batoraga. Mbere yo gutora, Dr Theobald Hategekimana, umuyobozi wa CHUK nawe wiyamamarizaga uyu mwanya yakuyemo candidature ye, maze asaba abari bamushyigikiye gutora Monique Mukaruliza. Monique Mukaruliza yasigaye yahanganye na […]Irambuye

Kimironko: Umudugudu w’Isangano bakoze umuganda ku muhanda ureshya na km

Mu muganda usoza ukwezi, kuri uyu wa gatandatu, mu mudugudu w’Isangano mu kagari ka Nyagatovu mu murenge wa Kimironko, abaturage bakoze imiserege (imiferegi) ku muhanda ureshya na km 1, nyuma y’umuganda berekwa abayobozi bashya baheruka gotorwa, banaganira kuri gahunda za Leta. Abaturage batunganyije rigole z’umuhanda ureshya na km 1 uhuza umudugudu w’Isangano n’uw’Ijabiro. Uyu muhanda […]Irambuye

en_USEnglish