Tags : Kigali

Umusaruro w'ukwezi kw'imiyoborere mu Mujyi wa Kigali urakemangwa

Nk’uko byagaragajwe na Raporo y’ibanze yagaragajwe kuwa 22 Mata, ku migendekere y’ukwezi kw’imiyoborere kwarangiye muri Werurwe, abayobozi ntabwo begereye abaturage nk’uko bikwiye, by’umwihariko mu Mujyi wa Kigali bashobora kuba baragiye bahunga aho ibibazo biri bakajya mu duce tutavugwamo ibibazo byinshi kugira ngo bigaragaze neza. Byagaragajwe kuri uyu wa 22 Mata. Mu nama yahuje abayobozi b’Uturere […]Irambuye

38 barangije 'Masters' muri Oklahoma Christian University mu Rwanda

Kigali – Bwa mbere, abanyeshuri 38 kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Werurwe bahawe impamyabumenyi y’ikiciro cya gatatu cya Kaminuza barangije mu ishami ryo mu Rwanda rya kaminuza ya Oklahoma Christian University. Basabwe kugira impinduka nziza bakora mu buzima bw’igihugu.  Aba banyeshuri bigaga mu ishami rya Master of Business Administration (MBA) muri gahunda y’iyakure, bahawe impamyabushobozi […]Irambuye

Ibibazo by’u Rwanda bizakemurwa n’abanyarwanda bafite ubumenyi-Ndayisaba

Mu muhango wo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri barangije amasomo muri Kaminuza ya INILAK kuri uyu wa kabiri tariki 18 Werurwe 2014, umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidel Ndayisaba yongeye gushishikariza Abanyarwanda gukangukira kwiyungura ubumenyi no kugana amashuri kuko ibibazo u Rwanda rufite bizakemurwa n’Abanyarwanda bafite ubumenyi. Idependent  institute of Lay Adventists of Kigali (INILAK) yahaye impamyabumenyi […]Irambuye

Ndikumana Bodo wa AS Kigali ararembye nyuma y’impanuka ya Moto

Bodo Ndikumana rutahizamu w’ikipe ya AS Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa 15 Werurwe yakoze impanuka ikomeye ubwo yari atwawe na moto bakagongwa n’imodoka. Uyu mukinnyi ubu akaba arembeye mu bitaro bya CHUK nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Mwanafunzi Albert umuyobozi wa AS Kigali yabwiye umunyamakuru w’Umuseke kuri uyu mugoroba ko bari kwa muganga, […]Irambuye

en_USEnglish