Tags : Kigali

Ku Ruyenzi hari aho amazi n’amashanyarazi bitaragera

Uwizeye Diogene ni kavukire wo ku Ruyenzi, agace gatera imbere cyane mu bijyanye n’inyubako muri iyi minsi, gahereye mu murenge wa Runda mu karere ka Kamonyi. Avuga ko hari uduce tw’inkengero za Centre ya Ruyenzi tukibangamiwe no kuba mu icuraburindi ryo kutagira amazi meza n’amashanyarazi, ndetse ngo abaturage baho ntibimerewe kugurisha ubutaka kuko ngo aho […]Irambuye

Ruyenzi: Mu gihe cy’imyaka 8 igiciro cy’ubutaka kikubye inshuro hagati

*Ruyenzi abenshi bahajya kuko hegereye Kigali, *Hari abahatuye babyaje umusaruro iterambere ryazanywe n’abimukiira Ruyenzi ni agace kari hakurya y’umugezi wa Nyabarongo ugabanya akarere ka Kamonyi n’Umujyi wa Kigali, abahatuye bavuga ko iterambere ryazanywe n’abimukiira ryatumye ubutaka buhenda cyane kugera aho igiciro cyikubye inshuro 60 ni ukuvuga 6 000% kugera ku 120 mu gihe cy’imyaka umunani […]Irambuye

Ndera: Imibereho ku gasanteri ko ku Gisima

Ku Gasima ni agasanteri ni agasanteri kari ku mbibe z’Umurenge wa Ndera n’uwa Bumbogo, mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, hakaba ahantu hashyuha cyane ndetse harimo kugenda hatera imbere nubwo ari icyaro cy’umujyi. Kuva i Remera muri Gare ugerayo na bus (bisi) rusange zitwara abagenzi ni amafaranga y’u Rwanda 300, bus zererezayo niho zikatira […]Irambuye

Ndera: Ingabire abyigishijwe n’umugabo we ubu ni umwogoshi ukomeye

*Ingabire amaze igihe yigishijwe kogosha n’umusore bakundanaga baje no kubana; *Ubu we n’umugabo we bakorera muri Salon imwe kandi byabateje imbere; *Ashishikariza abandi bagore gutinyuka imyuga yose; *Intego ye ngo ni ukwigisha abandi no kwagura ibyo akora. Ingabire Deborah, nta mashuri menshi afite, yarangije umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza gusa. Afite umugabo bamaranye imyaka itandatu […]Irambuye

Nyarugenge yabuze ubushobozi bwo kwimura ingo ibihumbi zituye ku manegeka

*Mu myaka 20 ishize ibice byinshi bya Kigali byari amashyamba n’ibihuru ubu byabaye umujyi; *Kubera ikibazo cy’ubutaka buto bwo guturaho, abaturage batuye no ku misozi hatemewe no gutura. *Ku manegeka n’ubuhaname bukabije by’imisozi nk’uwa Kigali, Jali, Rebero, Gitega,… n’ahandi, ubu ituyeho ibihumbi byinshi by’Abanyarwanda. Imwe mu misozi nk’uwa Rebero, ubu yubatseho inzu z’abakire; Mu gihe […]Irambuye

2016: Abayobozi b’ibigo by’indege n’amahoteli muri Afurika bazahurira Kigali

Ku matariki 4-5-6 Ukwakira muri uyu mwaka, i Kigali hazabera inama mpuzamahanga izahuza abayobozi bakuru b’Amahoteli muri Afurika, ikazabanzirizwa no gufungura ihuriro rigiye kujya rihuza amahoteli, Kompanyi z’indege n’ibihuga by’indege muri Afurika mu rwego rwo gushaka uko izo nzego zatezwa imbere. Ku itariki 04 Ukwakira, ku nshuro ya mbere muri Afurika hazatangizwa ihuriro rigiye kujya […]Irambuye

Ikipe y’igihugu ya Maroc yasuye urwibutso rwa Gisozi mbere yo

*Maroc yatsinze Amavubi y’u Rwanda 4-1 mu mukino usoza imikino y’itsinda A, ariko ntibyayibuza gusezererwa *Abakinnyi, abatoza, n’abari babayoboye ngo bakuye ku rwibutsoisomo rikomeye. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Maroc yasuye urwibutso rw’abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 rwa Gisozi mbere y’uko isubira iwabo kuko yasezerewe mu marushanwa […]Irambuye

Brussels Airlines igiye kongera ingendo ziva Kigali

Ikompanyi y’Ababiligi itwara abantu mu ndege yatangaje ko guhera muri Mata 2016, izongera ingendo z’indege ziva Kigali zerekeza mu Bubiligi zikaba esheshatu. Mu rwego rwo kwagura ibikorwa byayo hagamijwe gushing imizi ku mugabane wa Afurika urimo gukura cyane mu bukungu, Brussels Airlines igiye kugura indi ndege ya cyenda yo mu bwoko bwa Airbus A330, yiyongera […]Irambuye

en_USEnglish