Urubyiruko rukwiye gutekereza ejo heza harwo, ruhitamo umukandida ubikwiye- Miss

Mu gihe habura iminsi icyenda ngo ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida bashaka kuyobora igihugu birangire, Miss Jolly yasabye urubyiruko gushishoza kandi rugatekereza kure mu bikorwa by’amatora. Mutesi Jolly wabaye nyampinga w’u Rwanda 2016, avuga ko ishyaka rya FPR ryari risanzwe ku butegetsi rihagarariwe na Paul Kagame ntacyo ritakoze mu guteza imbere abanyarwanda ingeri zose. Ibi […]Irambuye

Meddy mu bitabiriye igitaramo cy’ UBUSABANE i Arizona (USA)

Ku wa gatandatu tariki 22 Nyakanga 2017 umuryango w’Abanyarwanda baba muri Arizona (RCA Arizona) bizihije umunsi w’ubusabane wabereye mu mujyi wa Phoenix. Ahagana mu ma saa kumi n’imwe z’umugoroba ahitwa kuri Peoria Community Center nibwo gahunda n’imigenzo y’icyo gitaramo cy’ubusabane byari bitangaiye. Umudiho wa kinyarwanda k’urubyiruko rw’abanyarwandakazi batuye Arizona niwo wafunguye ibyo birori ndetse unishimirwa […]Irambuye

Abahanzi turasaba Paul Kagame inzu y’ibitaramo natorwa- Massamba

Umuhanzi Massamba Intore aravuga ko Umukandida wa RPF-Inkotanyi natorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda, nk’abahanzi bamwifuzaho kububakira inzu (salle) y’ibitaramo yabafasha kwiteza imbere. Ikibazo cy’inzu yo gukoreramo ibitaramo, cyagiye kigaragazwa n’abahanzi inshuro nyinshi ko kuba nta nzu iberamo ibitaramo bafite ari kimwe mu bidindiza iterambere ry’umuziki w’u Rwanda. Massamba Intore uvuga ko amaze imyaka 28 ari […]Irambuye

Miss Jolly n’IKINYA ya Melodie i Burera bagezweho

Urubyiruko rwo mu karere ka Burera ho mu ntara y’Amajyaruguru, mu mwaka wa 2016 ngo bakunze cyane ibikorwa byaranze nyampinga w’u Rwanda 2016 Mutesi Jolly, naho 2017 indirimbo ya Bruce Melodie IKINYA niyo ikunzwe cyane. Abo basore n’inkumi bari mu kigero cy’imyaka 15-30, bavuga ko muri ako karere badakunze gusurwa n’ibyamamare yaba ibyo mu muziki […]Irambuye

I Am The Future: 20 muri 36 bazavamo uwegukana miliyoni

Abanyempano nto 20 nibo bamaze gutoranywa muri 36 bakenewe mu irushanwa I’m The Future bagomba kuvamo uwegukana miliyoni 15 nk’igihembo nyamukuru. I’m The Future ni irushanwa ryateguwe na ‘Future Records Rwanda’ studio isanzwe ifitanye imikoranire n’abahanzi batandukanye ku bufatanye na Miracle Transporter Ltd. Gushakisha abo banyempano nto, byahereye mu Mugi wa Kigali mu karere ka […]Irambuye

Ingangare zaratandukanye, Ngarukiye asubira mu Bufaransa

Daniel Ngarukiye, Lionel Sentore na Uwizihiwe Charles ni bamwe mu bahanzi bamaze kumenyekana cyane mu njyana gakondo. Amakuru agera ku Umuseke ni uko batagikorana nk’itsinda. Daniel Ngarukiye yaba yaramaze gusohokamo. Aba bahanzi bose nyuma y’aho bisanze ku mugabane w’i Burayi, bahisemo kwihuriza mu itsinda ryitwa ‘Ingangare’. Lionel Sentore na Uwizihiwe Charles aba bombi bakaba bari […]Irambuye

Hateguwe ibitaramo bizenguruka Intara n’Umugi wa Kigali byiswe ‘Rwanda Turn

Mu ntangiriro za Kanama 2017 kugeza muri Nzeri 2017, hateguwe ibitaramo bigomba kuzazenguruka Intara n’Umugi wa Kigali mu rwego rwo gukomeza gukundisha abanyarwanda umuziki wabo. Ibyo bitaramo byateguwe na Preeminence ltd ikompanyi nyarwanda isanzwe ikorera mu Bubiligi ifite n’icyicaro mu Rwanda. Tuyisimire Olivier uyobora iyo company, yabwiye Umuseke ko umuziki w’u Rwanda urimo kugenda utera […]Irambuye

Meddy agiye gutaramira abanyarwanda batuye Arizona muri USA

Leta ya Arizona ni imwe muri 50 zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ihana imbibi na Leta za New Mexico, Utah, Nevada, California, Colorado ndetse ni igihugu cya Mexico mu majyepfo. Iyi Leta ituwe n’abaturage miriyoni 6,828,065, akaba ari iya 14 ukurikije uko Leta zigize USA zituwe cyane ndetse ikaba n’imwe mu ma leta acumbikiye […]Irambuye

Umutare Gaby yakoze ubukwe

Umutare Gabriel ukoresha izina rya Gaby mu muziki, yasezeranye imbere y’Imana kubana na Joyce Nzere nk’umugore n’umugabo. Ni ibirori byari byitabiriwe n’abantu benshi bo mu miryango yombi cyane cyane ku ruhande rwa Gaby harimo abanyamuziki benshi. Guhera ku i saa tatu n’igice nibwo umuhango wo gusaba no gukwa wari utangiye ahitwa ‘The Venue’ Kibagabaga inyuma […]Irambuye

Nta 100m ndatera, mbonye ko u Rwanda rwahindutse- Kitoko

Saa ine n’igice {22h30’} zo mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu, nibwo Kitoko yari ageze i Kigali. Yasanganiwe n’abantu benshi barimo inshuti, umuryango we n’abahanyamuzika bamwe na bamwe. Kitoko Bibarwa yaherukaga mu Rwanda muri Werurwe 2013, akigera i Kanombe yatangajwe n’uburyo ibintu byose uko byahindutse. Avuga ko afite amatsiko y’ahandi ataragera. Muri abo bantu […]Irambuye

en_USEnglish