Tags : Kigali

Kigali bati “icya Nduba kirakemuka umwaka utaha” PAC iti “ibyo

Parfait Busabizwa umuyobozi wungirije w’umujyi wa Kigali ushinzwe ubukungu yabwiye Komisiyo y’abadepite yo gukurikirana imikoreshereze y’umutungo wa Leta (PAC) ko mu mwaka w’imari ugiye gutangira ikibazo cy’ikimoteri cya Nduba kizabonerwa umuti. Abadepite bati “iryo sezerano rihora rivugwa” Mu cyumweru gishize abadepite bagize PAC bagiye gusura ikimoteri cya Nduba kivugwa muri Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya […]Irambuye

 Bamwe barakemanga imyambaro yitwa ko ari “Made in Rwanda”

Nta gihe kinini gishije Leta y’u Rwanda ishyizeho ingamba nshya zo gufasha Abanyarwanda guhaha no kwambara ibyakorewe mu Rwanda ibizwi nka “Made in Rwanda”, iyi gahunda iteza imbere ibikorerwa imbere mu gihugu mu bice byose by’ubuzima, mu myambaro inengwa ko igitamboro kitwa ‘igitenge’ cyamize ibindi bitambaro ndtse abahanga imyenda bakakitirira iyi gahunda kandi kigurwa hanze […]Irambuye

Mme J.Kagame arashima abagore uko bafashe agaciro basubijwe

*Yatashye kumugaragaro inyubako y’ikitegererezo y’iterambere ry’abagore, *Avuga ko nta mugore ukwiye gupfa atanga ubuzima, Madamu Jeannette Kagame yatashye ku mugaragaro igice cya mbere cy’inyubako y’ikigo cy’ikitegererezo cy’iterambere ry’abagore cyubatswe i Gahanga mu karere ka Kicukiro, yashimiye abagore ko bakomeje gusigasira no kubyaza umusaruro agaciro basubijwe nyuma yo kumara imyaka myinshi barahejwe. Iyi nyubako y’impuzamiryango Pro-Femme […]Irambuye

Sima yo mu Rwanda ngo ni ntamakemwa mu buziranenge –

Mu kiganiro yahaye abanyamakuru nyuma yo gutangiza inama nyafrica yiga uko gushyiraho amabwiriza y’ubuziranenge yanozwa kuri uyu mugabane, umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa by’ubuziranenge Raymond Murenzi yavuze ko kugeza ubu mu Rwanda hari ibikoresho na serivise bigera kuri 400 byahawe icyemezo cy’ubuziranenge. Muri byo ngo harimo Sima n’ibyuma bifasha mu kubaka (fer […]Irambuye

Ikibazo cya ruswa kirahari, kutabivuga byaba ari ukwirengagiza… – Umuyobozi

*Haracyari imbogamizi mu bijyanye no gutanga amakuru kuri ruswa. *Hari abashaka kurya ruswa ya byombi “iy’igitsina n’amafaranga”. Mu nama yo gusoza icyumweru cyahariwe kurwanya ruswa, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pascal Nyamurinda yavuze ko ikibazo cya ruswa kikiriho, ngo niyo mpamvu inzego zose zifatanya kuyirwanya, kutabivuga ngo byaba ari ukwirengagiza cyangwa kwemera ko ikibazo kizakomeza. Umuyobozi […]Irambuye

Ibidukikije ntibivuga ariko turahari ngo tubivugire – Mme Ruhamya

Mu kiganiro n’abanyamakuru ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu cyerekeranye no gutangiza icyumweru cyahariwe kwita ku bidukikije, Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwita ku Bidukikije (REMA), Mme Collette Ruhamya yasabye buri wese kuvugira ibidukikije bitabasha kuvuga ariko bikaba bifite akamaro gakomeye mu buzima bwa buri muntu. Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cyita ku Bidukikije (REMA), Mme Collette […]Irambuye

Africa ikwiye kwerekana ko atari abantu bibagirwa ibyo bumvikanye gukora

Kuri iki cyumweru, mu biganiro byavugiwe mu nama ngishwanama ku mpinduka zikenewe mu Muryango wa Africa yunze Ubumwe, Perezida Paul Kagame wabyitabiriye yavuze ko impinduka ziri kuba zigamije kugabanya ikiguzi cy’uko Umuryango w’Ubumwe bwa Africa (AU) wakoraga, ndetse asaba Africa guhinyuza amahanga ayifata nk’abantu bibagirwa ibyo bumvikanyeho, ubundi bakicamo ibice. Iyi nama yahuje ba Minisitiri b’Ububanyi […]Irambuye

Imijyi yunganira Kigali ifite imbogamizi zirimo iz’abakozi n’ingengo y’imari

*Umujyi wa Kigali  si inzu n’imihanda, ni abantu n’ibyo bakora. Abayobozi b’uturere turimo imijyi itandatu igomba kwitabwaho by’umwihariko mu kuyiteza imbere kugira ngo yunganire Kigali, bavuga ko nubwo hari aho bageze mu kwitegura ngo baracyafite imbogamizi y’imyumvire y’abaturage, ingengo y’imari isanzwe no kutagira abakozi bihariye bashobora gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera cy’iyo mijyi. Ku mugoroba […]Irambuye

Abanyeshuri biganjemo abanyamahanga n’abakozi ba ILPD basuye Urwibutso rwa Kigali

Kuri uyu wa kane, abakozi b’ishuri rikuru ryigisha rikanateza imbere amategeko (ILPD) n’abanyeshuri baryo biga mu ishami ryo mu Karere ka Nyanza biganjemo abanyamahanga, basuye urwibutso rw’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, mu rwego rwo kwirebera amateka nyakuri ya Jenoside kugira ngo nibasubira iwabo bazabashe kuyirwanya. Aimable Havugiyaremye, umuyobozi w’iyi Kaminuza yavuze ko bahisemo […]Irambuye

Abaturage banenze mu ruhame serivise mbi bahabwa n’Ikigo Nderabuzima cya

*Umuyobozi w’iki kigo nderabuzima ngo yanditse kenshi agaragaza ko bafite abakozi bake, *Yabwiye Umuseke ko ikigo nderabuzima ayobora gifite abaforomo 16 gusa, gikeneye abandi 5, *Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali ngo bugiye kwita kuri iki kibazo by’umwihariko. Mu nama yo gutangiza icyumweru cy’Abajyanama, umwe mu baturage yagaraje ko ikigo nderabuzima cya Gahanga kibaha serivise mbi, yunganirwa […]Irambuye

en_USEnglish