Tags : Kigali

Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bakomeje kugera i Kigali mu nama

UPDATE: Perezida Brahma Ghali wa Sahrawi Arab Democratic Republic nawe yageze i Kigali mu nama y’umuryango w’Ubumwe bwa Afurika.   Perezida Ismaïl Omar Guelleh wa Djibouti nawe ageze i kigali ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu.   Museveni ageze i Kigali mu masaaha ya nyuma ya Saa Sita aho na we yitabiriye ibiganiro by’abakuru b’ibihugu na […]Irambuye

Perezida Robert Mugabe yageze i Kigali

Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe ageze i Kigali kuri uyu wa 14 Nyakanga ahagana saa kumi n’imwe n’igice, aje mu mirimo y’inama ya 27 y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe iteraniye i Kigali. Mugabe niwe muyobozi wa mbere mu bayobora ibihugu biri muri African Union ugeze mu Rwanda kwitabira iyi nama. Uyu muyobozi yahagurutse n’indege kuri […]Irambuye

Omar al-Bashir azaza mu Rwanda muri AU-Summit

Perezida Omar al-Bashir wa Sudan kuwa gatandatu ngo nawe azaza mu Rwanda kwitabira imirimo y’inama ya 27 y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe ubwo ikiciro cy’abakuru b’ibihugu kizaba kigezweho nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru SudanTribune. Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC)  mu 2007 rwashyizeho impapuro zo guta muri yombi Perezida Al-Bashir, we na Guverineri w’Intara ya Kordofan witwa Ahmed Haroun […]Irambuye

Icyo wakwifuza kumenya cyose kuri Kigali Convention Center

Iyi nyubako irangaza abagenzi izwi nka Kigali Convention Center (KCC) yubatse ku buso bwa Hegitari 12,6, ku Kimihurura, kuri Rond point izwi nko kuri KBC, mu bilometero 5 uvuye hagati mu Mujyi rwagati n’ibilometero 5 uvuye ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe. Ni ikibanza kirimo inyubako ebyiri nini, ikoreramo Hoteli yitwa Radsson Blu igaragaraho […]Irambuye

Ndera: Umwana w’imyaka itatu yahiriye mu nzu arapfa

Iyi mpanuka y’inkongi y’umuriro yatewe n’amashanyarazi, yabereye mu mudugudu wa Gisura mu kagari ka Cyaruzinge mu murenge wa Ndera, ihitana umwana w’imyaka itatu witeguraga kuzuzuza imyaka ine muri Nzeri. Inzu yaraye ifashwe n’inkongi y’umuriro ahagana saa mbili za nijoro kuri uyu wa mbere tariki 4 Nyakanga 2016, abaturage baza kurangiza kuyizimya mu masaha ya saa […]Irambuye

Dr Biruta asanga nta gasigane gakwiye kuba mu kurinda iyangirika

Kuri uyu wa kane i Kigali hasojwe inama yo ku rwego rw Afurika yiga ku ihindagurika ry’ikirere n’ibyuka bihumanya ikirere, Afurika ngo ihura n’ingaruka zikomoye ziterwa n’ihumana ry’ikirere ariko ngo kurinda ko ikirere gikomeza kwangirika bisaba ubufatanye bw’abantu bose. Minisitiri w’Umutungo Kamere Dr Vincent Biruta yavuze ko nta muntu ufite uruhare ruruta urw’undi kandi ko […]Irambuye

Abagore mu bujura bwa moto, ubuhamya bw’abamotari babiri bibishije

*Abagore batega moto bwije cyane bakagusha umumotari mu gico cy’amabandi, *Andi mayeri ni ugusinziriza umumotari bakoresheje ibinini ubundi bakamwiba Ubujura bwo kwiba moto mu Rwanda hakoreshejwe amayeri bumaze igihe buvugwa, ariko ubu abamotari baravuga ko abagore cyangwa abakobwa binjiye muri ubu bujura, bakaba bakoresha imiti (ibinini) bagasinziriza abamotari nk’uko biri mu buhamya bw’abamotari babiri baganiriye […]Irambuye

Safe Moto: uburyo bworoshye bwo gutega moto benshi bataramenya i

Abatuye Kigali ntibaraba benshi bazi guteza moto bakoresheje uburyo bw’ikoranabuhanga hagati y’umugenzi n’umumotari bwitwa Safe Motos. Wifashishije ‘application’ ya Safe Motos utanga command y’umumotari akakugeraho bidatinze akagutwara ukamwishyura ayo telephone yawe ikubwiye ugomba kumuha! Icya mbere usabwa ni ukuba ufite “smart phone” uka ‘downloading’ ‘application’ yitwa Safe moto kuri GooglePlay cyangwa AppStore ya Apple ukiyandikishamo […]Irambuye

Umugore wahoze arwajwe n’akana ke, yitabye Imana

Vestine Mukamana, umugore udafite undi muryango uretse umwana we w’umukobwa w’imyaka itandatu wahoze amurwaje mu bitaro bya CHUK yitabye Imana mu bitaro bya Kibagabaga saa sita n’iminota 20 kuri uyu wa mbere azize uburwayi bw’impyiko. Inkuru y’uko uyu mugore yari arwajwe n’umwana we yo mu mezi abiri ashize yatumye abantu benshi bahaguruka baramurwaza, baramusura abandi […]Irambuye

Kanombe, Kacyiru na Kimihurura harubakwa ‘Rond Point’ nshya (Amafoto)

Kubera inama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe izabera mu Rwanda mu kwezi gutaha, kuva tariki 10 kugera 18 Nyakanga, hirya no hino mu Mujyi wa Kigali harimo kubakwa ibikorwaremezo bishya. Uretse inyubako ya Kigali Convention Center yatwaye akayabo gasaga Miliyoni 300 z’amadolari ya Amerika, imihanda, amahoteli n’ibindi bikorwaremezo birimo kubakwa. Kubera uburemere bw’inama, abakuru b’ibihugu […]Irambuye

en_USEnglish