Tags : Kigali

Nyabugogo: Ku munsi w’itangira ry’amashuri abagenzi n’abatekamutwe bariyongera

Muri gare ya Nyabugogo ahafatirwa imodoka zijya mu bice bitandukanye by’igihugu kuri uyu wa mbere abagenzi bari biyongereye cyane kubera itangira ry’abanyeshuri ndetse ku buryo bamwe bagiye bahitamo gusubika ingendo, gusa ngo  uko abagenzi baba biyongereye niko n’abatekamutwe biyongereye. Ubwo abanyeshuri bari bakomeje kujya ku mashuri, muri gare ya Nyabugogo abagenzi bari babaye benshi cyane […]Irambuye

Remera: Abaturage bagiye kujya bafatira mutuelle ku kagari

Mubera Prosper ukuriye Inama njyanama y’Umurenge wa Remera mu ijambo yagejeje ku batuye utugari tugize uriya murenge kuri uyu wa Gatanu bari bateraniye ahitwa kuri Mathias House i Remera yavuze ko amakarita y’ubwisungane mu kwivuza abaturage bazajya bayasanga ku kagari. Mubera Prosper yabwiy abaturage ko  ibi bahisemo kubikora mu rwego rwo kuborohereza kwishyura amafaranga no […]Irambuye

Ndota kubona Côte d’Ivoire na Abidjan bisukuye nka Kigali –

Nyuma yo kwitabira inama y’umuryango wa Afurika yunze ubumwe yaberaga i Kigali kuva tariki 10-18, Perezida wa Côte d’Ivoire Alassane Ouattara ngo yatangaje cyane n’isuku yasanganye Umujyi wa Kigali, ndetse ngo ayifuza mu mujyi wa Abidjan. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku kibuga cy’indege Félix Houphouët Boigny de Port Bouët akigera muri Côte d’Ivoire mu ijoro ryo […]Irambuye

Tanzania igiye kubona Miliyari 7.6 $ zo kubaka umuhanda wa

Banki y’Abashinwa ‘Exim Bank’ yamaze kwemera kuguriza Tanzania amafaranga agera kuri Miliyari 7.6 z’amadolari ya Amerika ($) azakoreshwa mu kubaka umuhanda wa Gari ya moshi uzayihuza n’u Rwanda. Biteganyijwe ko uyu muhanda uzafasha Tanzania, u Rwanda, Uganda, u Burundi n’igice cy’uburasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, uzatangira kubakwa mu mwaka utaha wa 2017. Umuvugizi […]Irambuye

Muhadjiri ashobora kujya muri APR FC adakiniye AS Kigali iherutse

APR FC irashaka cyane abakinnyi babiri ba AS Kigali, barimo na Muhadjiri Hakizimana AS Kigali yaguze avuye muri Mukura VS. Uyu mwaka w’imikino wahiriye cyane umukinnyi wo hagati usatira, Muhadjiri Hakizimana. w’imyaka wa 21 wakiniraga Mukura VS, yarangije shampiyona ariwe ufite ibitego byinshi kurusha abandi (16). Mu minsi ya nyuma ya shampiyona uyu musore yatangiye […]Irambuye

AUSummit: Abahatanira gusimbura Dlamini-Zuma baburiwe icyizere gihagije

UPDATE: Amatora ya Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Africa yunze Ubumwe yari ateganyijwe i Kigali mu nama y’Abakuru b’Ibihugu yasubitswe, yimurirwa muri Mutarama 2017. Nyuma y’uko abakandida bahataniraga umwanya wo kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe babuze ubwiganze bw’amajwi yari akenewe, abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bafashe umwanzuro wo kuyimura. Perezida wa Tchad, akaba […]Irambuye

Birakwiye ko duhinduka, twandike amateka mashya ya Africa – Kagame

Perezida Paul Kagame amaze kuvuga ijambo ry’ikaze ku bitabiriye inama ya 27 y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe iteraniye i Kigali,  atangira yavuze ko UBUMWE ari igisobanuro cy’uko Abanyafrica bameze kunyuranye, ko Abanyafrica nibagira ubumwe ibintu byose bizahinduka hakabaho amateka mashya. Perezida Kagame yavuze ko ibisubizo by’ibibazo bya Africa bizaboneka ari uko habanje kubaho ubumwe bw’ibihugu […]Irambuye

en_USEnglish