Tags : Kigali

Umurenge wa Remera wahembwe imodoka kubera kwita ku isuku n’umutekano

Hasozwa ubukangurambaga bwo kubungabunga umutekano n’isuku mu Mujyi wa Kigali, umurenge wa Remera wahembwe nk’uwahize indi mu bikorwa by’isuku n’umutekano uhabwa imodoka izifashishwa muri ibi bikorwa, naho akarere ka Gasabo kaza ku mwanya wa mbere muri ibi bikorwa. Muri ibi birori byo gusoza ubu bukangurambaga bumaze amezi atandatu, hagaragajwe indi mirenge yagiye yitwara neza nk’umurenge […]Irambuye

Abana bigishwa na IPRC East basuye Kigali Convention Center n’Urwibutso

Urubyiruko rufashwa gutegurirwa ejo heza muri gahunda zashyizweho n’Ishuri rikuru ryigisha Imyuga n’Ubumenyingiro mu Ntara y’Iburasirazuba (IPRC East), urwo rubyiruko rwitezweho gukurana inyota yo kugera ku bikorwa binini no kurwanya icyasubiza igihugu inyuma, ni  nyuma yo gusura Kigali Convention Center, agace kahariwe inganda n’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uru rubyiruko rwasuye ibikorwa bitandukanye […]Irambuye

COPCOM n’Akarere ka Gasabo mu rukiko bapfa ubutaka buri umwe

Akarere ka Gasabo kajyanywe mu nkiko kubera amakimbirane ashingiye ku butaka. Akarere karegwa kwima ibyangombwa by’ubutaka, Koperative y’Abacuruzi b’Ibikoresho by’Ubwubatsi yitwa Coop Copcom isanzwe ikorera mu kibanza ivuga ko yahawe n’Umujyi wa Kigali, Akarere ka Gasabo na ko kakemeza ko iby’ikibanza bitarasobanuka, kandi ko kuva kararezwe kiteguye kuburana. Copcom bavuga ko ikibanza bagihawe  mu 2003 […]Irambuye

Kuba ndi umugabo mpeka umwana nta pfunwe bintera kuko ni

Ukozehasi Jean Nepo, umugabo udaterwa ipfunwe no guheka umwana akajya gushaka amaramuko, umugore we ngo yamutanye uyu mwana we afite amezi abiri none ku bw’umuhate, uyu mugabo wo mu murenge wa Jali mu kagari ka Muko, Akarere ka Gasabo, umwana we amaze kuzuza imyaka ibiri, ngo ntacyo atazakora ngo amurere akure. Uyu mugabo twahuriye i […]Irambuye

“Kwihanganira gutinda bikabije kw’imishinga ni imwe mu mpamvu nkuru z’ubukene”

Perezida Paul Kagame amaze gutangiza inama ya gatatu ya 3rd Global African Investment Summit, yateguwe n’umuryango wa COMESA ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda, bwa mbere iteraniye muri Africa. Mu ijambo yagejeje ku bashyitsi barenga 900 bayitabiriye yavuze ko amajyambere agendana no kwitwararika igihe, kucyubaha no kugikoresha neza. Avuga ko Africa ntacyo itegereje ngo itere […]Irambuye

Kagame namumenye kera nemera ibikorwa bye – Perezida Talon

Perezida wa Benin wasoje urugendo rw’iminsi itatu yagiriraga mu Rwanda guhera ku wa mbere w’iki cyumweru, yavuze ko hari byinshi bijyanye n’imiyoborere yabonye ku Rwanda, anahishura ko yamenye Perezida Paul Kagame na mbere yo kuba Perezida wa Benin, kandi ngo yemera ibikorwa bye. Aba Perezida bombi biyemeje kuzashyigikira Perezida w’urwego rwa Banki y’Isi ritanga inguzanyo […]Irambuye

Kubaka ibitembo bya Petrol hagati ya Uganda na Tanzania biri

Umuyobozi wungirije wa Sosiyete ya Total muri Africa y’Iburasirazuba icukura ikanacuruza ibikomoka kuri Petrol, Javiero Rielo mu ruzinduko yarimo muri Tanzania yizeje Perezida Pombe Magufuli ko imyiteguro yo kubaka ibitembo bya Petrol hagati ya Uganda na Tanzania igeze kure. Ibi bitembo bizaturuka ahitwa Hoima muri Uganda bigere ku cyambu cya Tanga muri Tanzania. Javiero Rielo […]Irambuye

Gitwe: Bizimungu yabuze umwana we w’umukobwa watorokanywe ateshwa ishuri

Bizimungu Enock wo mu kigero cy’imyaka 60 y’amavuko afite agahinda kenshi ko kubura umwana we w’umukobwa watorokanywe n’abantu bamujyanye i Kigali bamukuye mu ishuri, Bizimungu yirirwa shakisha hose yaramubuze. Mu byumweru bibiri bishize nibwo Bizimungu yabuze uyu mukobwa we witwa Emerance Nyirarukundo, wigaga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza. Bizimungu ati: “Umwana wanjye yari umuhanga […]Irambuye

en_USEnglish