Tags : Kigali

U Rwanda ruyobowe na Perezida Kagame ntabwo ari urw’akajagari –

Mu gutangiza icyumweru cy’Abajyanama ku rwego rw’Umujyi wa Kigali, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yavuze ko abaturage n’abayobozi bagomba gufatanya kubaka igihugu no kugera ku iterambere. Asubiza umuturage wavuze ko yangiwe kubaka, Kaboneka yavuze ko hari ubwo bikorwa ku bwo gutegera ejo hazaza, kuko ‘U Rwanda ruyobowe na Perezida Paul Kagame atari urw’akajagari’. Ni mu kagari ka […]Irambuye

Kigali: Abajura bateye ku kicaro cy’Abangilikani biba za Laptop n’amafaranga

Muri week end ishize abajura bateye inzu ikoreramo ubuyobozi bw’itorero ry’Abanglican mu Rwanda bahiba ibikoresho birimwo laptop eshatu za flash disk ndetse n’amafaranga arenga ibihumbimagana atatu. Abakozi ba hano bavuga ko ubu bujura ngo basanga bwarakozwe n’abantu bahazi uko ngo urebye aho binjiriye ndetse n’ibyo yibye n’aho yabivanye bigaragaza ko ari umuntu wari uhazi. Abajura/umujura […]Irambuye

Bamwe ntibishyura Mutuelle ngo kuko badakunda kurwara – Dr.Mukabaramba

*Hatangijwe ubukangurambaga bwo gutanga mutuelle de santé mu mwaka 2017/18, *Amafaranga yakiriwe na RSSB y’imisanzu mu mwaka ushize yiyongereyeho miliyari 7 Rwf, *Mu kwezi kw’ubukangurambaga RSSB izakoresha ‘mobile banking’ mu kwishyura mutuelle. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku bijyanye n’ubukangurambaga bwo gushishikariza abaturage gutanga mutuelle de santé mu mwaka 2017/18, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, […]Irambuye

Mu Rwanda twiyemeje kutabuza abantu bafite ibitekerezo kugerageza ibintu bishya

Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga mu Isakazabumenyi, Jean Philbert Nsengimana arasaba urubyiruko kumenya ko ibisubizo by’ikoranabuhanga (IT applications) bisigaye biyoboye ubukungu kurusha irindi shoramari ryose, ngo icyo u Rwanda rwiyemeje ni ukutabuza abafite ibitekerezo guhanga ibishya. Mu nama yitwa ‘2017 Commonwealth ICT applications Forum’ ibera i Kigali ikaba yarateguwe na Commonwealth Telecommunications Organization (CTO) na Minisiteri y’Urubyiruko […]Irambuye

Bihibindi yatangiye adoda intweto ‘bisanzwe’ ageze kuri miliyoni 20Rwf

Albert BIHIBINDI umunyabukorikori utungunya ibikomoka ku ruhu birimo ibikapu, inkweto, imikandara n’ibindi avuga ko  yatangiye adoda inkweto, ubu umushinga we uhagaze miliyoni 20 (20 000 000Rwf). Umuseke wasuye Bihibindi aho adodera intweto n’ibindi byambarwa biva mu ruhu. Avuga ko umushinga we wo gukora ibikomoka ku ruhu umutunze. Ati “Natangiye ndoda inkweto bisanzwe, nyuma nza kubona amahugurwa […]Irambuye

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagizwe Ambasaderi, Claire Akamanzi yongera kuba

*Iyi nama yemeje amateka Irya Perezida ryirukana ba Officiye muri Polisi 66, n’Irya Minisitiri ryirukana ba Sous-Offisiye 132. Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye muri Village Urugwiro kuri uyu wa gatanu yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye harimo MUKARULIZA Monique wayoboraga Umujyi wa Kigali wagizwe Ambassaderi w’u Rwanda muri Zambia. Iyi nama yari iyobowe na Perezida Paul Kagame yagize […]Irambuye

RSE: Hacurujwe imigabane ya BK ifite agaciro karenga miliyoni 450

*Uko byari byifashe ku Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” kuri uyu wa kane Kuri uyu 02 Gashyantare, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali, iya Bralirwa n’iya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 451 867 700. Banki ya Kigali (BK) yizihiza isabukuru y’imyaka 50 imaze ibayeho, niyo […]Irambuye

Abakora mu gifundi bazahabwa impamyabushobozi zijyanye n’ubumenyi bwabo mu kazi

Ihuriro ry’abafundi, ababaji n’abanyabukorikori (STECOM), bwa mbere mu Rwanda rirateganya gutanga impamyabushobozi ku bari mu mwuga w’igifundi, (work permits) nyuma yo kubagenzura bakareba ubumenyi bafite aho basanzwe bakorera akazi kuri ‘chantier’. Evariste Habyarimana Umunyamabanga Mukuru wa STECOMA (Syndicat des Travailleurs de Construction, Menuiserie et Artisanat), yatangarije Umuseke ko izi mpamyabushobozi zizatangwa tariki ya 10 Gashyantare […]Irambuye

en_USEnglish