Month: <span>June 2017</span>

Yababazwaga no kubura uburenganzira bwo gutora mu ibanga kuko atabona

Ingabire Severin afite imyaka 39. Yahumye mu 1990 afite imyaka 12 gusa. Umunsi umwe ari iwabo, ngo yagiye kumva, yumva kureba birahagaze!  Umuryango we n’abaturanyi birabayobera. Amara amezi atandatu barayobewe icyo gukora. Guturuka icyo gihe, yahise agira ubumuga bwo kutabona bigeraho aho biba burundu. Mu byajyaga bimubabaza harimo no kubura uburengansira bwo gutora mu ibanga. […]Irambuye

Ibyo bavuga kuri Ruganzu Ndoli baba bafitiira– Padiri Muzungu

*Padiri Muzungu yakoranye na Padiri A. Kagame wari warahawe ubwiru bwose *P.Muzungu nawe ni umunyamateka akaba n’umwanditsi ku mateka n’ubusizi *Ruganzu Ndoli cyakoze ngo niwe u Rwanda rukesha uko ruri uku Umwami Ruganzu Ndoli wabayeho mu myaka ya 1300- abanyarwanda benshi bamubwirwa nk’umwami wari ufite ububasha budasanzwe bahereye ku bigaragara bimwitirirwa (amajanja y’imbwa ze, ikicaro […]Irambuye

Byumba: Hari abagore banywa itabi ngo kuko babuze inzoga

Mu Rwanda kunywa itabi muri rusange bigaragara nk’ikintu gisigaye kuri bacye. Kubona abagore barinywa byo ni gacye cyane, ariko i mu murenge wa Byumba hari abagore batari bacye bajya bagaragara batumagura isegereti. Abaganiriye n’Umuseke bavuga ko ariryo binywera kuko inzoga ihenze. Nubwo ubundi bizwi ko inyota y’itabi atari yo y’inzoga abagore baganiriye n’Umuseke bo barabihuza […]Irambuye

Ubukwe bwa Messi buzaba ejo ku ivuko!! Ibimaze kumenyekana….

Mu majyaruguru ya Argentine mu gace kitwa Rosario aho Lionel Messi avuka niho ejo kuwa gatanu nimugoroba abaStar ba ruhago na muzika b’inshuti ze bazahurira mu bukwe bwa Messi n’umugore we bakundanye kuva mu bwana Antonella Roccuzzo. Abavugizi ku ruhande rwa Messi, itangazamakuru mu mujyi wa Rosario hari ibyo bamaze gutangaza ku migendekere y’ubukwe n’abatumirwa. […]Irambuye

 Senateri Tito yasabye urubyiruko kwagura ibitekerezo ku buzima bwarwo

“Mutekereze kure, mutekereze binini mugire ubuzima bufite intego ntacyo mutageraho kuko ntacyo mudafite”. Hon Senateri Tito Ibi ni ibyatangajwe na Hon senateri Tito Rutaremara mu gikorwa nyampinga w’u Rwanda 2016 Mutesi Jolly amazemo iminsi yise {Inter-generation dialogue} arimo kugenda agirana n’urubyiruko mu ntara zitandukanye. Insanganyamatsiko y’iki gikorwa kirimo kuba ku nshuro ya kabiri guhera muri […]Irambuye

“Off shoulder” umwambaro ugezweho ku bakobwa n’abagore muri iyi minsi

Muri iyi minsi “off shoulder” ni imwe mu myambaro igezweho mu bagore n’abakobwa nk’uko abaganiriye n’Umuseke babyemeza. Si umuderi mushya ariko mu 2016 nibwo iyi myambaro igaragaza ibitugu izwi nka “off shoulder” yagarutse ku isoko, yongera kwambarwa nanone ariko muri iyi minsi nibwo igezweho cyane. Abahanga imideri ubu barayikora ubutitsa ngo bagurishe cyane , hari […]Irambuye

I Bruxelles ejo hazasuzumwa ubusabe ku banyarwanda 3 baregwa Jenoside

Kuri uyu wa kane, tariki 29 Kamena, urukiko rw’I Bruxelles mu Bubiligi ruzasuzuma ubusabe mu manza ebyiri ziregwamo Abanyarwanda babatu bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Impaka ziri muri izi manza zishingiye ku bibazo byo guharanira uburenganzira, Ubushinjacyaha busaba ko abaregwa baburanishwa n’inkiko mpanabyaha zisanzwe aho kuburanishwa n’urukiko rwihariye ruburanisha ibyaha biremereye […]Irambuye

Musanze: Yanze guha umwana we amaraso hitabazwa ubuyobozi

Mu bitaro bikuru bya Ruhengeri tariki 20 uku kwezi hagejejwe umubyeyi witwa Yambabariye azanywe na Gereza ya Musanze aho afungiye ahita abyara umwana udashyitse ku mezi arindwi, uyu mwana wari ugeramiwe byabaye ngombwa ngo akenera guterwa amaraso kandi umutabazi wa mbere yari nyina. Gusa yarabyanze aratsemba kugeza ibitaro byitabaje ubuyobozi…. Kuri uyu wa 27 Kamena […]Irambuye

Danny Vumbi agiye gushyira hanze album yise INKURU NZIZA

Semivumbi Daniel cyangwa se Danny Vumbi mu muziki, agiye gushyira hanze album ya gatatu yise ‘Inkuru nziza’ mu myaka itandatu ishize atandukanye n’itsinda rya The Brothers. Mu mwaka wa 2011 nibwo Danny Vumbi yatandukanye na Ziggy55 na Gatsinzi Victor Fidèle mu itsinda ryitwaga The Brothers. Icyo gihe bakaba baravugaga ko buri umwe agiye mu bikorwa […]Irambuye

Nahimana Shasir yapfushije Se ariko yanze gutererana ikipe ye

Rayon sports irasabwa gutsinda Espoir FC ikinyuranyo cy’ibitego bitatu ngo igere ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro. Mu gihe bitegura uyu mukino, Nahimana Shasir yatakaje umubyeyi we ariko yanze gutererana ikipe ye. Yiyemeje kubanza gukina na Espoir FC, akajya kwita ku muryango we nyuma y’umukino. Kuri uyu wa kabiri tariki 27 Kamena 2017 nibwo inkuru […]Irambuye

en_USEnglish