Month: <span>June 2017</span>

APR FC inyagiye Amagaju FC 5-0, isanga Espoir FC kuri

Nyamirambo- Hamenyekanye indi kipe izahura na Espoir FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro uteganyijwe tariki 4 Nyakanga 2017. Ni APR FC isezereye Amagaju FC iyanyagiye 5-0 mu mukino wo kwishyura, 6-1 mu mikino yombi. Umukino wa ½ cy’igikombe cy’Amahoro wa kabiri wabereye kuri stade Regional ya Kigali kuri uyu wa kane tariki 29 Kamena […]Irambuye

Islamic State yatakaje 60% by’aho yari ifite na 80% by’aho

Nta ruba ntirushire, urwa Islamic State narwo ruragana ku ndunduro. Uyu mutwe waciye ibintu mu myaka itatu ishize wica abantu muri Syria na Iraq wigarurira ibice binini ushyiraho amategeko akarishye ya sharia. Amahanga yandi akoranira kuwurwanya, ubu ngo umeze gutakaza 60% by’aho wari warigaruriye hose ndetse na 80% by’aho wavanaga ubutunzi barahambuwe. Ni ubushakashatsi bw’ikigo […]Irambuye

Japan mu Iterambere ry’u Rwanda…Miliyoni 25 USD zahinduye byinshi mu

*Substations twise Inganda ni aho amashanyarazi anyura mbere yo kugera aho akoreshwa  Mu mishanga igamije kongera ingufu z’amashanyarazi, Ubuyapani bwateye inkunga u Rwanda miliyoni 25 USD yakoreshejwe mu kubaka, gusana no kuvugurura zimwe mu nganda z’amashanyarazi (Substations), zirimo urwa Jabana n’urwa Musha ziri gutanga amashanyarazi yikubye kane ugereranyije n’ayo zatanganga mbere yo kuvugururwa. Uru ruganda […]Irambuye

Mu mwaka we wa mbere muri Film byahise bikunda, Laura

Abantu benshi mu Rwanda bamaze kumenyera gukurikirana film mbarankuru y’uruhererekane ya “City Maid” abayireba bazi cyane Nikuze nk’umukinnyi w’ibanze muri yo. Yitwa Laura Musanase, yabwiye Umuseke ko uyu ari umwaka we wa mbere akina film kandi yishimira urwego yahise ageraho. Gukina film ngo yabikundishijwe n’inshuti ze kuko ari ikintu atigeze atekereza ko azakora. Ati “Nkiri […]Irambuye

Rwanda: Ubwongereza bugiye guhugura abaganga mu bya Cancer n’Imitsi

Umuyobozi ucyuye igihe w’ikigo cy’Abongereza gishinzwe guteza imbere ubutwererane mu by’umuco n’uburezi (British Council), Sheilagh Nielson aravuga ko mu nkunga igihugu ke gisanzwe giteramo u Rwanda hagiye kwiyongeramo gahunda yo guhugura abadogiteri b’indwara z’imitsi na Cancer. Sheilagh Nielson urangije igihe yagombaga kuyobora British Council mu Rwanda avuga ko yishimiye ibyagezweho muri iki gihe yari amaze […]Irambuye

J. Kagame yatashye inyubako yubakiwe incike i Huye

Mme Jeannette Kagame uyu munsi yatashye inyubako yiswe Impinganzima Hostel yubakiwe ababyeyi 100 b’incike za Jenoside yakorewe Abatutsi  mu murenge wa Mukura. Mme J.Kagame yavuze ko ubutwari, kwihanganira ububabare no gukomera byaranze aba babyeyi biri mu byatanze ingufu zo kwibohora. Avuga ku nkomoko yo kukaba iki gikorwa hano Mme Jeannette Kagame yagize ati “Umwaka ushize […]Irambuye

Ishuri ribanza ryo hafi ya Nyungwe ryahawe ibyumba bishya

10% by’ava mu bukerarugendo ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB kiyashyira mu bikorwa byo kuzamura imibereho myiza y’abaturiye za Pariki, uyu munsi i Rusizi mu kagari ka Butanda mu murenge wa Butare hafi cyane ya Pariki ya Nyungwe hatashywe ibyumba bishya by’ishuri ribanza rya Rugera. Ikintu cyashimishije abaryigaho n’abarirereraho abana. Mu cyumweru gishize ikigo RDB nabwo cyatashye […]Irambuye

1/10 cya Guma Guma Dream Boys izagifashisha impfubyi n’abapfakazi

Platini na TMC bagize itsinda rya Dream Boys bazafata 1/10 cya miliyoni 24 bahembwe muri Guma Guma bayakoreshe mu bikorwa byo gufasha impfubyi n’abapfakazi bari hirya no hino mu gihugu. Aba basore bavuga ko bitakunda ko bafasha buri wese ubabaye cyangwa se utishimiye ubuzima abayeho. Ariko muri gahunda bafite gufasha ariyo iza ku isonga. Hari […]Irambuye

Melodie ntiyajyanywe muri Coke Studio kuririmbana na Jason Derulo

Bruce Melodie utaragaragaye ku rutonde rw’abahanzi 11 bagombaga kuririmbana n’icyamamare Jason Derulo mu bitaramo bya Coke Studio muri Kenya, ngo ntiyirukanywe. Ahubwo ibyamujyanyeyo bitandukanye n’imyumvire y’abantu. Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo kuri uyu wa kane tariki ya 29 Kanama 2017, ubuyobozi bwa Bralirwa bwatangaje ko Melodie ariwe ambasaderi wa Coke Studio mu Rwanda mu gihe kingana […]Irambuye

Menya imyambaro yitwa “Intsinzi” yahimbwe na Turahirwa

Moses Turahirwa umuhanzi w’imideri yakoze imyambaro yise “Intsinzi” igizwe n’imyitero, amakoti n’amasaro. Igitekerezo cyo kuyikora ngo cyavuye kubyo igihugu kimaze kugeraho nyuma yo kuva kure cyane mu myaka 23 ishize. Imyambaro ye yiganjemo amashati n’umwitero asanisha n’umuco nyarwanda akabiha isura y’imyambaro igezweho. Amakoti nayo amwe inyuma ariho ishusho ya Perezida Kagame kuri we ngo afata […]Irambuye

en_USEnglish