Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Mu gihe habura igihe gito ngo manda ya kabiri irangire, UM– USEKE ukomeje kubagezaho inkuru zigaragaza ibyagezweho n’ibitaragezweho mubyo yemereye abaturage, dushingiye ku bipimo bihari. Uyu munsi turareba ku Nkingi ya […]Irambuye
Bob–“Shyuhuhuu! Ibyo biroroshye! Mwari muzi n’ikindi? Gatera yiyambaje uwo musore Clovis kugira ngo abone impamvu yo gutwara ku ngufu uwo mushiki we kuko muri deal yacu nta kintu twavugana nawe rwose, ahubwo se murumva twakora iki?” Njyewe-“Bob! Ibyo byose wari ubizi ntiwaburira umusore nkawe koko?” Bob-“Oya ntabwo nari mbizi! Nabimenye mukanya igihe twaganiraga, ubu ntacyo […]Irambuye