Robyn Fenty wamamaye nka Rihanna, nyuma ya Chris Brown na Drake ubu ari mu rukundo n’umwe mu bakire bakomeye muri Arabia Saoudite ariko ukiri muto witwa Jameel Hassan. Amafoto yasohowe na TMZ yerekana bombi bitegura kurira indege batashye bavuye kwishimana ahitwa Ibiza . Amwe mu mafoto yagaragajwe na TMZ yerekana Rihanna na Jameel basomana kandi […]Irambuye
Amakuru yegeranyijwe n’ikinyamakuru Le Monde na Radio France aravuga ko Banki mpuzamahanga ya BNP Paribas ikorera i Paris iregwa gutanga amafaranga yo kugura intwaro mu buryo butemewe kuri Leta ya Kigali mukwa gatandatu 1994 mu gihe hariho haba Jenoside yakorewe Abatutsi. Iyi Banki iraregwa ubufatanyacyaha muri Jenoside. Ni ikirego kitari cyaravuzwe mbere cyatanzwe mu rukiko […]Irambuye
Umukino Rayon sports yatsinzemo Espoir FC niwo mukino wa nyuma Nshuti Dominique Savio akiniye Rayon yari amazemo imyaka ibiri. Yasinyiye AS Kigali. Gusa ngo afitiye Rayon sports ishimwe rikomeye ku mutima kuko yamugejeje kuri byose afite ubu. Kuri uyu wa kane tariki 28 Kamena 2017 nibwo byatangajwe ku mugaragaro ko umukinnyi wo ku mpande usatira […]Irambuye
Abarokotse Jenoside batishoboye bo mu tugari twa Murehe na Mwirute mu Murenge wa Rukoma mu Karere ka Kamonyi baravuga ko batewe impungenge no kuba inzu bubakiwe zishaje ku buryo zimwe zishobora gusenyuka mu gihe cya vuba. Umuseke wazengurtse mu midugudu itandukanye aba barokotse Jenoside batuyemo, maze uvugana na bamwe muri bo bafite ibibazo by’amacumbi kurusha […]Irambuye
Amateka yanditswe na Espoir FC igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro yababaje benshi bakunda Rayon ariko yanashimishije benshi biganjemo abatuye n’abavuka mu karere ka Rusizi. Byatumye bajya mu mihanda kwishimana. Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu tariki 28 Kamena 2017 mu mujyi Kamembe hari ibirori. Ni nyuma y’umukino wo kwishyura wa ½ cy’igikombe […]Irambuye
Njye na Joy twarikanze tureba hirya, tubona Papa Sacha ari gusohora Bob na Sacha akomeza kwinginga cyane, Papa Sacha-“Sohoka vuba se! Nkubone hanze! Nta soni uratinyuka ukaza kuriza umwana wanjye iwanjye ngo ngaho ni inkundo?” Sacha-“Papa! Mbabarira umureke abanze ansobanurire, ni ukuri kurira ni urukundo rubinteye!” Papa Sacha-“Urwo nirwo ntashaka rero! Uri umukobwa wanjye umwe […]Irambuye
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu Sena y’u Rwanda yasuzumye inemeza raporo y’imikorere ya za Ambasade z’u Rwanda mu mahanga yagejejweho na Komisiyo y’ububanyi n’amahanga ya Sena. Baganiriye kubyo Minisitiri w’ububanyi n’amahanga yavuze ubushize ko mu myaka itanu iri imbere u Rwanda ruzaba rufite inyubako za Ambasade zarwo mu mahanga rutakizikodesha aho bikorwa ubu. […]Irambuye
Nshuti Dominique Savio yaciye agahigo k’umukinnyi uhenze mu bo mu Rwanda uguzwe n’ikipe yo mu Rwanda, ubwe yemeje ko AS Kigali yayisinyiye amasezerano y’imyaka itatu aguzwe miliyoni 16 z’amanyarwanda n’ibindi bintu birengaho by’agaciro. Nyuma yo gusezererwa na Espoir FC mu gikombe cy’amahoro ari kumwe n’ikipe ya Rayon Sports, Nshuti yabwiye Umuseke ko yamaze kumvikana na […]Irambuye
Abaturage bo mu murenge wa Rurenge barashimwa urugero rwiza rwo kwishakira ibisubizo nyuma y’uko bagize uruhare runini mu kubaka inzu abajyanama b’ubuzima bazajya bakoreramo mu gihe babavura by’ibanze. Byari mu gukemura ikibazo cyo kubura aho aba bajyanama bakorera. Muri uyu murenge wa Rurenge abaturage baho bafashe umwanzuro wo kwikemurira iki kibazo cy’abajyanama b’ubuzima babo, ubu […]Irambuye
Nyamirambo- Rayon sports inaniwe gusubira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda Espoir FC igitego 1-0 gusa kidahagije kuko i Rusizi yatsinzwe 2-0. Ku nshuro ya mbere mu mateka Espoir FC kuri final. Ni ibirori mu mujyi wa Rusizi no ku bahavuka kuko ikipe yaho y’umupira w’amaguru Espoir FC igeze ku mukino wa […]Irambuye