Uburinganire n’ubwuzuzanye biri mu buzima bwa buri munsi- Bugingo

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Impuzamiryango y’abari n’abategarugori Pro-Femmes Twese Hamwe, Emma Bugingo mu kiganiro kihariye yagiranye n’Umuseke  yavuze ko uburinganire n’ubwuzuzanye ari ubuzima bwa buri munsi kuko ngo abantu baruzuzanya mu byo bakora buri munsi. Yagize ati “Ubundi abantu bagombye kubaho bumva ko bagomba kuzuzanya kuko  uburinganire n’ubwuzuzanye ni ubuzima bwa buri munsi abantu tubamo.” Yatanze urugero […]Irambuye

Abatumva n’abatavuga bakeneye kumenya imigabo n’imigambi y’abakandida

Mu matora y’Umukuru w’igihugu ateganyijwe muri Kanama, abafite ubumuga bwo kutumva no kutavuga baratangaza ko biteguye gutora ariko ko batari kumenya bimwe mu bibanziriza amatora, umuryango uharanira uburenganzira bwabo ugasaba ko abari gutanga ubutumwa bubanziriza amatora muri iki gihe bakwiye kuzirikana ko abafite ubu bumuga na bo bagomba kumenya imigabo n’imigambi y’abahatana kugira ngo bazatore […]Irambuye

Avoka uregwa ruswa n’ubuhemu ngo barabihimbye kugira ngo bihimure kuko

*Imodoka bamushinja kuriganya ngo yayishyuye arenze n’ayo bari bemeranyijwe, *Ngo ibyo aregwa bikwiye kuregwa umukozi w’ubucamanza…Ngo nta ruswa yafashe Me Nkanika Alimas ukora akazi ko kunganira abantu mu nkiko, ku  gicamansi  cyo kuri uyu wa 24 Nyakanga yaburanye ku ifunga n’ifungurwa by’agateganyo kubera icyaha cya ruswa n’icy’ubuhemu akurikiranyweho. Yisobanuye avuga ko ibi byaha byose ashinjwa […]Irambuye

Episode 170: Daddy mu buzima bushya, Joy aramusasiye…Umugore bakodesheje inzu

Fils wari ucyambaye ikote yatugejeje ku muhanda maze turamusezera asubira mu rugo, amaze kwinjira mu gipangu, Joy- “Daddy! Ese koko turajyanye?” Njyewe- “Ma Beauty! Shyiraho akadomo! Ubu ndi hafi yawe kuko ari wowe navukiye kugaragira” Joy- “Ubu kuva uyu munsi ntabwo nzongera kurara ntakubonye?” Njyewe- “Jo! Iryo ni isezerano ntasimbuza feza cyangwa zahabu, ni umurage […]Irambuye

Musanze: Bamaze imyaka 4 baka ingurane y’ahanyujijwe umuhanda

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nkotsi mu karere ka Musanze bavuga ko bamaze imyaka ine batarahabwa amafaranga y’ingurane y’ubutaka bwabo bwanyujijwemo umuhanda wakozwe ubwo hubakwaga Ishuri rikuru nkomatanyamyuga rya Musanze (Musanze Polytechnic). Aba baturage bavuga ko basiragiye kenshi mu buyobozi bukajya bubaha ikizere ariko amaso akaba akomeje guhera mu kirere. Mu bikorwa byo […]Irambuye

Min. Nyirasafari arasaba abakobwa kumvira inama z’abakuru n’iza Perezida Kagame

Kuri uyu wa mbere Ministeri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yatangije inama mpuzamahanga y’umuryango w’abagide igamije kongerera ubushobozi umwana w’umukobwa. Iyi Minisiteri irasaba abana b’abakobwa bo mu Rwanda kumvira inama z’umukuru w’igihugu n’iz’abandi bantu bakuru kuko baba bafite byinshi babarusha. Ministiri w’Uburinganire n’Iterambere n’Umuryango, Nyirasafari Esperance wagarutse ku nama z’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko […]Irambuye

Kenya: U. Kenyatta yasobanuye uko yinjiye mu rukundo n’umugore we

Ku munsi w’ejo hashize Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yagiranye ikiganiro gifunguye kuri facebook, maze abakoresha uru rubuga nkoranyambaga biva inyuma bamuhata ibibazo birimo n’ibyerekeye ubuzima bwe bwite. Ku ngingo y’uko yamenyanye n’umugore we Margaret Kenyatta yabivuye imuzi avuga ko bamenyaniye mu mashuri yisumbuye. Amaze kubazwa iki kibazo, Perezida Kenyatta yahise agira ati “Iki ni […]Irambuye

Intore Mimi uba Uganda, ngo akurikirana kwiyamamaza kwa RPF nk’uri

Ni umuhanzi umenyerewe mu by’imideli no mu mikino ndangamuco, muri ibi bikorwa bitegura amatora y’umukuru w’igihugu, yahinduye inganzo ubu ari gutegura ibihangano bishyigikira Umuryango wa RPF-Inkotanyi n’umukandida wawo. Ni Umunyarwandakazi Bwenge Bazubagira Carine Abygael usanzwe aba muri Uganda ariko ngo umunsi ku munsi akurikirana ibiri kubera mu Rwanda by’umwihariko ibikorwa byo kwamamaza Paul Kagame kuko […]Irambuye

Venezuela: Inteko Ishinga Amategeko iravugwaho gushaka guhirika ubutegetsi

Itegeko Nshinga rya Venezuela riha ububasha burunduye Inteko Ishinga amategeko gushyiraho no gukuraho Abacamanza. Iyi nteko yashyizeho abacamanza 33 mu rukiko rw’ikirenga none byatumye ishinjwa gufata ubutegetsi dore ko yiganjemo abatavuga rumwe na Leta ya Perezida w’iki gihugu Nicolas Maduro. Leta ya Venezuela yahise isohora itangazo ryamagana iki kemezo cy’Inteko ishinga amategeko, ivuga ko kinyuranyije […]Irambuye

Episode 168: Ibyishimo bya Nelson na Brendah bikuye Gasongo muri

MWARAMUTSE! Kwishyura iyi nkuru birarangirana no kuwa gatandatu tariki 22 Nyakanga. Kwishyura byakorerwa ku murongo wacu wa MTN (Mobile Money) kuri numero 0788 77 28 18 ya UM– USEKE INFORMATION TECHNOLOGY LTD. Ku bantu bari mu mahanga bakwifashisha abavandimwe cyangwa inshuti zabo mu Rwanda bakabafasha kuyohereza. Murakoze ======================================   M.C Ntiyabyihanganiye yahise asaba ko impano […]Irambuye

en_USEnglish