Tags : USA

U Burusiya bwikuye mu masezerano ashyiraho urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwongeye gukomwa mu nkokora, mu gihe hafunguwe inama ya 15 ihuza ibihugu bigize amasezerano y’i Roma ashyiraho uru rukiko, Perezida Vladimir Putin yashyize umukono ku nyandiko igaragaza ubushake igihugu cye gifite bwo kuva mu bihugu binyamuryango by’aya masezerano. U Burusiya bwari bwemeye gusinya amasezerano ashyiraho ICC mu 2000, nubwo mu 1998 bwari […]Irambuye

Amatora ya America asigiye isomo u Rwanda na Africa –

Kuri uyu wa kane mu kiganiro n’abanyamakuru, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda Louise Mushikiwabo yatangaje ko u Rwanda rwishimiye uburyo amatora yo muri Leta Zunze Ubumwe za America yagenze, ndetse ngo asigiye isomo abayobozi b’u Rwanda na Africa ko bagomba kumva icyo abaturage bashaka mbere ya byose. Minisitiri Louise Mushikiwabo yavuze ko u Rwanda […]Irambuye

USA: Yemeye ko yishe abantu 7 barimo umuhungu yarasiye mu

South Carolina – Umugabo witwa Todd Kohlhepp, yatawe muri yombi nyuma yo gusanganwa umukobwa yari yazirikishije iminyururu ‘nk’imbwa’ mu isambu ye iri muri Leta ya South Carolina, uyu mugabo yemereye abagenzacyaha ko yishe abantu barindwi. Kohlhepp yabwiye Polisi ku wa gatandatu ko hari abandi bantu bane yishe mu 2003. Uyu mugabo kandi yeretse Polisi ahantu […]Irambuye

Intambara yongeye gututumba hagati ya OTAN n’u Burusiya

Muri iki gihe Syria yahindutse ikibuga ibihugu bikomeye byerekaniramo ingufu za gisirikare bifite. Kuri uyu wa Kabiri u Burusiya bwohereje ubwato bwa gisirikare bugwaho indege mu nkengero z’Inyanja ya Mediteranee aho ingabo zabwo zizajya zihagurukira zitera muri Syria guhashya inyashyamba zirwanya Perezida Bashar Assad harimo na Islamic State. Uku kwegera u Burayi bikozwe n’u Burusiya […]Irambuye

Uganda: Police yataye muri yombi abasore bari mu bikorwa byo

Kuri uyu wa 25 Ukwakira, igipolisi cya Uganda cyataye muri yombi abasore babiri bahungabanyaga umutekano bagerageza kwinjira muri Ambasade ya Amerika I Kampala ngo bahakorere ibikorwa byo kwamamaza Donald Trump uri guhatanira kuba perezida wa Amerika mu matora ateganyijwe mu kwezi gutaha kwa Ugushyingo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, abasore batanu bibumbiye mu […]Irambuye

Iraq: Ingabo za Leta zirashinjwa iyicarubozo no gukora ibikorwa bibi

Mu rugamba ingabo za Iraq zirimo rwo kwirukana abarwanyi ba IS mu mujyi wa Mosul zifashijwe n’ibihugu by’Uburayi na America, zirashinjwa gukora ibikorwa byo kwica urubozo abasivili harimo n’abana zikoresheje inyundo n’ibindi bikoresho bikomeretsa. Video yaraye isohotse yerekana bamwe mu basirikare ba Iraq bakubita inyundo abana bagaragara nk’abafite imyaka umunani, babahata ibibazo niba basanzwe bakorana […]Irambuye

USA: Bryan Jackson avuga uko Se umubyara yamuteye amaraso yanduye

 Bryan Jackson avuga ko Se yamuteye urushinge rurimo amaraso yatewemo agakoko gatera SIDA ubwo yari akiri muto ataruzuza umwaka avutse. Ubu afite imyaka 24. Amaze gukura yahanganye n’ihezwa ku ishuri, apfa amatwi kubera ingaruka z’imiti. Ubu yababariye Se kandi abayeho yishimye kuko yamenye Imana. Imiti no kurya neza byaramukomeje. Umubyeyi w’uyu musore yitwa Bryan Stewart […]Irambuye

en_USEnglish