Tags : USA

Inzu z’ibitabo nini kurusha izindi ku Isi

Inzu z’ibitabo zifatwa nka bimwe mu bikoresho byagize uruhare rukomeye mu gukwirakwiza ubumenyi n’imico ku Isi yose kuva kera cyane. Kuva mbere y’uko Yesu aza ku isi mu gihugu cya Misiri hari inzu y’ibitabo ikomeye yubatwe na Ptomemy I uyu akaba ari umwe mu ba Jenerali bane bigabagabanyije ubwami bw’abami bw’Ubugereki nyuma y’urupfu rwa Alegizanderi […]Irambuye

Amerika izakomeza gufasha Uganda n’ubwo yasinye itegeko rihana abatinganyi

Ambasade ya   Leta  zunze ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye itangazo  ryamagana ibivugwa n’ibitangazamakuru bitandukanye ko Amerika itazongera kugenera inkunga Uganda  kubera itegeko rirwanya abatinganyi iherutse gusinya. Mu kwezi gushize, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yashyize umukono ku itegeko rirwanya ubutinganyi maze bimwe mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bitangira kuvuga ko bishobora guharikira Uganda inkunga. […]Irambuye

38 barangije 'Masters' muri Oklahoma Christian University mu Rwanda

Kigali – Bwa mbere, abanyeshuri 38 kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Werurwe bahawe impamyabumenyi y’ikiciro cya gatatu cya Kaminuza barangije mu ishami ryo mu Rwanda rya kaminuza ya Oklahoma Christian University. Basabwe kugira impinduka nziza bakora mu buzima bw’igihugu.  Aba banyeshuri bigaga mu ishami rya Master of Business Administration (MBA) muri gahunda y’iyakure, bahawe impamyabushobozi […]Irambuye

en_USEnglish