Tags : USA

Umukobwa wa Donald Trump azakora mu Biro bya Perezida adahembwa

Umukobwa wa Perezida Donald Trump, Ivanka agiye guhabwa umwanya mu Biro bya Perezida ‘White House’, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi. Ivanka ngo azakora mu Biro bya Perezida nk’umukozi udafite umwanya uzwi kandi atanahembwa. Ubuyobozi bwemeje ibyavugwaga mu itangazamakuru ko uyu mukobwa w’imyaka 35 azaba ashobora kugera ahabitswe inyandiko zihishe amabanga akomeye y’igihugu. Uyu mukobwa azaba afite akazi […]Irambuye

2017 Trump azatanga umushahara we wose w’umwaka ku batishoboye

Umuvugizi wa Perezida Donald Trump witwa Sean Spicer yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa mbere ko umushahara wose wa Trump mu gihe kingana n’umwaka azawuha imiryango y’abakene. Umushahara wa Donald Trump uzaba ungana n’ibihumbi 400$. Spicer ati: “Intego ya Perezida ni ugufasha Abanyamerika batishoboye akoresheje ubushobozi bwose ndetse n’umushahara we.” Spicer yabwiye abanyamakuru mu kiganiro kiba […]Irambuye

Trump ngo ntavuga rumwe n’abanyamakuru kuko ashyira ahabona amafuti yabo

Mu nyandiko ndende umwanditsi Andrew Mwenda yasohoye mu kinyamakuru cye The Independent yasobanuye ko kutavuga rumwe hagati y’itangazamukuru ryo muri USA na Perezida Donald Trump ari uko uyu muyobozi yabonye ubutiriganya bw’abanyamakuru bityo akiyemeza kubushyira ahagaragara. Ibi ngo byatumye ibinyamakuru bikomeye byo muri USA bimwishyiramo byiyemeza guhangana nawe bikoresheje uburyo bifite burimo kwandika, kuvuga ndetse […]Irambuye

Minisitiri w’ingabo wa Iran ati “USA na Israel tuzazikubita mu

Mu kiganiro yahaye televiziyo y’igihugu cya Iran, Minisitiri w’ingabo zaho Gen  Hossein Dehghan yavuze ko igisirikare cye kiri gutegura intwaro zihagije, abasirikare n’ikoranabuhanga bihambaye bizatuma bakubita mu kico abo yise abanzi babo aribo USA na Israel. Ibi abivuze nyuma y’uko umuyobozi w’ikirenga wa Iran Ayyatollah Ali Khamenei avuze ko igihugu cye kizafasha Hamas kurasa muri Israel nk’uko […]Irambuye

USA: Umunyarwanda ukekwaho Jenoside yakatiwe imyaka 15 ku bindi byaha

Kuri uyu wa 02 Weruwe Umucamanza Linda Reade wo mu rukiko rwo muri Leta ya Lowa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yahamije umunyarwanda Gervais Ngombwa icyaha cyo kubeshya inzego za Leta agamije kubona sitati y’ubuhunzi muri iki gihugu. Uyu munyarwanda Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bunamurikiranyeho ibyaha bya Jenoside akekwaho kuba yarakoze mu 1994. Uyu mucamanza wahamije Gervais […]Irambuye

George W. Bush ntiyemeranya na Donald Trump wigizayo Itangazamakuru

George W. Bush wahoze ari umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika yibasiye mu kinyabupfura Perezida Donald Trump ukomeje kurwanya itangazamakuru, avuga ko atemeranya na we ku byo akunze gutangaza ku itangazamakuru iyo avuga ku bya politiki n’iby’itangazamakuru byo muri iki gihugu. Bush wabaye perezida wa 43 wa US ntiyigeze ahabwa agahenge n’itangazamakuru mu […]Irambuye

Muhanga: L. Munyakazi yageze mu rukiko yibaza impamvu hatarimo ifoto

*Yavuze ko umwirondoro umwanditseho atari uwe, yanze kuburana, *Mu rukiko rwisumbuye rwa Muhanga Léopold ati “Ni iki cyemeza ko uru ari urukiko” *Ati “Ko nta birangantego by’igihugu mbona?” *Ngo “kuki mu cyumba cy’iburanisha atahabonye ifoto ya Perezida?” Dr Léopold Munyakazi uherutse koherezwa na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kubera ibyaha bya jenoside akekwaho kuri uyu wa […]Irambuye

USA igiye gutangira kuganira na Koreya ya Ruguru ngo banoze

The Washington Post iherutse kwandika ko hari amakuru afatika avuga ko ubutegetsi bwa Donald Trump bwiteguye gutangiza ibiganiro bitaziguye na bamwe na bamwe mu bategetsi bo mu rwego rwo hejuru ba Koreya ya Ruguru kugira ngo barebe uko bashyiraho imikoranire itarimo guhangana cyane nk’uko bimeze ubu. Ibi biganiro ngo bizaba ari ibya mbere bibaye mu […]Irambuye

en_USEnglish