Tags : USA

Afghanistan: Ibisasu byahitanye abarenga 80 abandi 350 barakomereka

Mu masaha make ashize ibisasu byaturikiye mu murwa mukuru wa Afghanistan, Kabul hafi ya za Ambasade z’UBudage, U Bufaransa na USA bihitana abantu bagera kuri 80 abandi 350 barakomereka mu bamaze kubarurwa. Kugeza ubu ngo ntiharamenyekana neza icyari kigambiriwe n’abagabye iki gitero ariko Minisitiri w’Intebe w’UBuhinde yakise igitero cy’iterabwoba, avuga ko yifatanyije n’imiryango y’ababuze ababo. […]Irambuye

USA yagerageje za drones na robots zizajya zijya ku rugamba

Ubusanzwe abantu bazibonaga muri filimi zo muri Hollywood ariko mu gihe kiri imbere zizatangira gukoreshwa ku rugamba rusanzwe. Igisirikare cya USA cyagerageje za robots zimeze nk’ibifaru ariko zo zikaba ntoya kandi zikoranye imbunda zirasa urufaya zo mu bwoko bwa machine-guns zizajya zijya ku rugamba. Bageragaje kandi indege zitagira abapilote (drones) zizajya zifasha izo robots kumenya […]Irambuye

Korea: America yashyize ubwirinzi bwa Missile muri Korea y’Epfo biteza

Ingabo za America zatangiye gushyiraho ubwirinzi bwa Missile muri Kerea y’Epfo mu gihe umwuka mubi ukomeza gututumba mu gace Korea ziherereyemo. Ubwirinzi bwitwa Terminal High-Altitude Area Defense (Thaad system), bwajyanywe muri Kerea y’Epfo mu rwego rwo kwirinda ibitero byakorwa na Korea ya Ruguru. Abantu amagana batuye mu gace ubwo bwirinzi bwajyanywemo bigaragambije bamagana imodoka zari […]Irambuye

Icyifuzo cyo gufatira UBurusiya na Syria ibihano cyabuze abagishyigikira

Ba minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga mu bihugu bya G7 banze gushyigikira icyifuzo cy’Ubwongereza cyo gufatira UBurusiya na Syria ibihano. Bashakaga kumvikana ku cyerekezo kimwe ku ntambara ibera muri Syria mbere y’uko Umunyamabanga wa Leta muri America yerekeza mu Burusiya kumvisha abategetsi baho ko bagomba kureka gukorana na Perezida Assad. Ibihugu bike, ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga bumvikanye […]Irambuye

Iran n’UBurusiya byaburiye USA ko bashobora kujya mu ntambara yeruye

UBurusiya na Iran byasohoye itangazo bihuriyeho biburira America ko byiteguye kujya mu rugamba rweruye igihe yakongera kurasa  missiles ku ngabo za Syria ikoresheje indege. Ibi bihugu bivuga ko USA yamaze ‘kurenga umurongo utukura’ bityo ko bitazakomeza kurebera. Kuba America yakomeza kurasa muri Syria ikoresheje missile ni ikintu ubutegetsi bwa Putin na Rouhanni budashobora gukomeza kwihanganira. Daily […]Irambuye

Washington DC: Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bibutse abazize Jenoside

Kuri uyu wa 7 Mata, abadipolomate basaga 200 n’izindi nshuti z’u Rwanda bahuriye I Washington DC bazirikana inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, banagaragarizwa kuri amwe mu mateka yaganishije kuri ubu bwicanyi bwakorewe Abatutsi. Umushakashatsi kuri Jenoside akaba n’umwarimu w’icengerandimi rya nyuma y’Ubukoloni n’irya Gikirisitu muri Alabama A&M University, Prof. Gatsinzi Basaninyenzi yagiye agaruka […]Irambuye

Kabila yihanije amahanga yivanga mu bya Congo

Perezida Joseph Kabila wagezaga ijambo ku Nteko Nshingamategeko yavuze ko Congo Kinshasa itazihanganira uwo ari we wese uzivanga mu nzira y’amatora muri icyo gihugu. Kabila yabwiye Abadepote ko mu masaha 48 aza kuba yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya wo mu ruhande rw’abatamushyigikiye. Joseph Kabila yari ku gitutu cyo gutabara politiki y’igihugu cye nyuma y’aho ibiganiro hagati […]Irambuye

None, Trump arasinya itegeko rituma inganda zohereza ibyuka mu kirere

Perezida Donald Trump kuri uyu wa Kabiri arasinya itegeko rihindura ibintu byinshi mubirigize. Iri tegeko ryasinywe na Obama ryategekaga ko inganda zo muri USA zigabanya ubwinshi bw’ibyuka zohereza mu kirere bigatuma kirushaho gushyuha. Trump ararihindura asinye iryorohereza inganda. Trump ngo ararisinyira mu kigo kitwa  the Environmental Protection Agenc. CNN ivuga ko umuvugizi wa Trump yavuze ko guhindura […]Irambuye

Syria: Ibisasu by’indege za Amerika ku kigo cy’ishuri biravugwa ko

Ishami ry’umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu muri Syria (SOHR) ryatangaje ko abasivile 33 ari bo  bahitanywe n’igitero cy’indege za Amerika, cyagabwe mu ijoro ryo ku wa mbere mu ishuri riri mu mujyi wa Raqqa ryari ricumbikiye abavanywe mu byabo n’intambara. Ibitero bikorwa n’indege z’intambara za Leta zunze ubumwe za Amerika mu guhashya umutwe w’abarwanyi bo […]Irambuye

en_USEnglish