Tags : RDB

Muhanga: Abikorera noneho bemeye gufatanya kubaka isoko

Mu nama  yahuje  ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, ubw’Akarere ka Muhanga, urugaga rw’abikorera  n’inzobere  ziturutse mu gihugu  cya Singapore, UWAMARIYA Béatrice umuyobozi w’Akarere ka Muhanga yatangaje ko  kuba abikorera bagiye gutangira imirimo yo kubaka isoko byerekana ko ubufatanye bw’abikorera bushoboka. Iyi nama yahuje izi nzego igamije kurebera hamwe  uko amahirwe  ari mu karere ka Muhanga aramutse […]Irambuye

Mu 2030 abantu miliyoni 470 bazaba bashaka akazi, inama ya

Inama ya 26 ya World Economic Forum kuri Africa igiye guteranira i Kigali mu kwezi gutaha, intero yayo izaba igira iti “Connecting Africa’s Resources through Digital Transformation” mubyo iyi nama izigaho izareba ku byaganiriweho ubushize byo guhanga imirimo kuri benshi aho bigeze kuko hari impungenge ko mu 2030 ku isi hazaba hari abantu miliyoni 470 […]Irambuye

Impinduka u Rwanda rwakoze mu korohereza ishoramari ziratanga umusaruro –

Kuva Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere (RDB) cyatangira amavugurura agamije kwihutisha kwandikisha business, imisoro n’abakozi; mu gukemura impaka hagati y’abacuruzi binyuze mu rukiko ry’ubucuruzi; kubona ibyangombwa byo kubaka no kuvugurura inyubako; Kwandikisha umutungo; Kubona umuriro; Kwishyura imisoro; Gufunga business mu gihe bitagenze neza n’ibindi, ngo ubu birimo gutanga umusaruro ufatika. Kuva tariki ya 01 Kamena […]Irambuye

RDB yasabye Amahoteli azakira inama ya WEF kugira isuku

Mu nama yahuje Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere (RDB) n’amahoteli atandukanye yo mu mujyi wa Kigali azakira inama ya “World Economic Forum (WEF)” kuri uyu wa kabiri, isuku na Serivise nziza ni kimwe mubyibanzweho cyane. Inama ya WEF izabera ku nshuro ya mbere mu Rwanda ku matariki 11-13 Gicurasi 2016, ikazitabirwa n’abantu begera hafafi kuri […]Irambuye

Uhagarariye EFG Bank yo mu Busuwisi yavuze ko bazashora imari

Umwe mu bashoramari bari mu nama yari imaze iminsi ibiri ihuza ibigo byo mu Rwanda RDB,  BNR, Minisiteri y’imari n’igenamigambi n’abashoramari baje bahagarariye ibigo bitandukande bikorera mu bindi bihugu, harimo na za Banki, uwitwa  Mikael Wallenberg yavuze ko Banki yari ahagarariye ikorera mu Busuwisi yitwa EFG Bank izashora imari mu Rwanda kubera umwuka mwiza w’ishoramari […]Irambuye

Abasenateri basabye RDB gukurikirana ireme ry’amasomo atangwa mu mashuri y’Ubukerarugendo

Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Ubucuruzi mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe wa Sena irasaba ikigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere (RDB), ari nacyo gishinzwe ubukerarugendo kujya gikurikirana amasomo atangwa mu mashuri yigisha iby’ubukerarugendo n’amahoteli kuko ngo abana bayasohokamo nta musaruro ufatika batanga. Kuri uyu wa mbere, Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Ubucuruzi muri Sena bayobowe na […]Irambuye

“Shitani” mu biganiro bya Perezida Kagame n’abavuga bakumvwa i Rubavu

*Ati “Ntidushaka abasenga Shitani”, Ati “Shitani bamusobanura bate?” *Mu Rwanda, ubutagondwa mu idini ya Islam n’abandi babuza umutekano abasenga, amadini ubwayo natabica, Leta izajyamo. *Abayobozi ntibafata ibyemezo ku bibazo by’abaturage, byabaye “Ncire ibiryoshye, mire mire umuriro”. Mu kiganiro cyagejeje saa tanu z’ijoro, nyuma yo kubonana n’abaturage bo mu murege wa Mudende, Perezida Paul Kagame yaganiriye […]Irambuye

Rusizi: Abo mu kirwa cya Gihaya babaruriwe imitungo birangirira aho

Abaturage bo mu kirwa cya Gihaya kiri mu murenge wa Gihundwe, mu karere ka Rusizi  bavuga ko bamaze amezi arenga ane (4) babwiwe n’ubuyobozi bw’akarere na RDB ko bazimurwa, bitewe n’uko aho batuye Leta ishaka kuhagira agace k’ubukerarugendo n’uyu munsi bari mu gihirahiro, ubuyobozi bwo buvuga ko buri mu biganiro n’abashoramari. Inzu z’abaturage b’iki kirwa […]Irambuye

Dutemberane mu bice nyaburanga n’umusozi wa Gisenyi

*Gisenyi, mu Karere ka Rubavu iri mu mijyi itandatu yatoranyijwe izunganira Kigali; *Izwiho kuba umujyi wo kwidagaduriramo, ndetse ukanashyuha; *Uretse kuba umujyi w’ubucuruzi, ufite n’ibice nyaburanga bifasha abantu kwishimisha no kuruhuka; *Munyarwanda cyangwa munyamahanga utarasura Gisenyi uri guhomba. Mu Mujyi wa Gisenyi, uretse umusenyi wo ku kiyaga cya Kivu, amahoteli anyuranye, ikibuga cy’indege, Stade, inzu […]Irambuye

Burya u Rwanda ni rwiza…dutemberane imisozi ya Rubavu na Rutsiro

Hari Abanyarwanda n’abanyamahanga batekereza ko ubukerarugendo mu Rwanda ari ubwo kureba ingagi mu birunga, inzu ndangamurage, Parike nk’Akagera cyangwa Canopy way mu ishyamba rya Nyungwe, nyamara hari ibindi bice nyaburanga bigaragara hirya no hino mu Rwanda wasura kandi ukanezerwa cyane. Uyu munsi dutemberane mu rugendo rw’ibilometero 103, ruhaguruka mu Mujyi wa Gisenyi mu Karere ka […]Irambuye

en_USEnglish