Tags : RDB

Umwana w’Ingagi yiswe bwa mbere na Jeannette Kagame nawe agiye

Mu bana b’ingagi 18 bazitwa amazina kuri uyu wa kabiri tariki 01 Nyakanga, harimo n’umwana w’ingagi yitwa Byishimo yiswe mu myaka 10 ishize ubwo hatangiraga umuhango wo kwita izina, by’umwihariko ikaba ngo yariswe n’umufasha w’umukuru w’Igihugu Jeannette KAGAME. Iyi ngagi Byishimo ivuka ari impanga hamwe n’indi ngagi yitwa Impano, uretse kuba ifite ako gashya kuko […]Irambuye

Imurika gurisha ry’ubukerarugendo i Musanze. AMAFOTO

Kuva ku cyumweru tariki 29 Kamena, muri Stade Ubworoherane y’Akarere ka Musanze harabera imurikagurisha ry’ibigo bifite aho bihurira n’ubukerarugendo bw’u Rwanda bitandukanye. Iri murikagurisha ryateguwe mu rwego rwo kwishimira ibyagezweho mu myaka 20 ishize no kwitegura umunsi wo kwita izina abana b’ingagi bavutse muri uyu mwaka.Kwita ingagi ku nshuro ya 10 biteganyijwe kuri uyu wa […]Irambuye

Ubuvumo bwa Musanze bwatangiye kwinjiriza igihugu amafaranga

Mu gihe gito ubuvumo bw’Akarere ka Musanze bumaze, kuko bwafunguwe mu mpera z’umwaka wa 2013, Ababucunga bavuga ko bwatangiye kwinjiriza igihugu amafaranga, bavuga ko nibura buri munsi bakira abantu bari hagati 20-50 baje kubusura. Ubuvumo bwo mu Karere ka Musanze bugizwe n’ibice bitatu bituruka mu Kinigi kugera ku muhanda wa Kaburimbo unyura imbere y’Ikigo cy’amashuri cya […]Irambuye

Kwita Izina bigiye kuba umuhango uri ku rwego rwa EAC

Mu gihe u Rwanda binyuze mu kigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere “RDB gifite mu nsingano ubukerarugendo bitegura umuhango wo kwita izina abana b’ingagi 18 bavutse muri uyu mwaka, kuri uyu wa gatatu tariki 18 Kamena, ubuyobozi bwa RDB bwatangaje ko bugiye gukorana n’ibihugu by’u Burundi, Uganda, Kenya na Sudani y’Epfo mu kugira ngo kizamuke kirusheho […]Irambuye

Ku ncuro ya 10 abana b’ingagi 18 bagiye kwitwa amazina

Ku ncuro ya cumi, umuhango ngarukamwaka wo kwita amazina abana b’ingagi bashya baba bavutse mu miryango 10 y’ingagi zo muri Pariki y’Ibirunga y’u Rwanda uzaba tariki 01 Nyakanga, kuri iyi ncuro hazitwa ingagi 18. Nk’uko bisanzwe uyu muhango uzabera muri Parike y’igihugu yo mu Birunga ari naho zibarizwa. Insanganyamatsiko yo “Kwita Izina” muri uyu mwaka […]Irambuye

“World Export Development Forum” bwa mbere muri Africa izabera mu

Inama ya 14 yitwa World Export Development Forum (WEDF) itegurwa na International Trade Centre (ITC) izabera mu Rwanda hagati ya tariki 16 na 17 Nzeri 2014 nk’uko bikubiye mu masezerano Velentine Rugwabiza umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB yasinyanye na ITC mu ntangiriro z’iki cyumweru. Iyi nama ikomeye ni ubwa mbere izaba ibereye ku mugabane wa […]Irambuye

Ruhango: RDB yahuguye abatuye i Mbuye ku Ikoranabuhanga

Abaturage bo mu Murenge wa Mbuye, mu Karere ka Ruhango bari guhabwa amahugurwa mu ikoranabuhanga aho bari kwigishwa gukoresha mudasobwa. Bari guhabwa aya mahugurwa hifashishijwe imodoka nini yabugenewe. Ni gahunda yateguwe n’ikigo cy’igihugu gishinzwe kwihitisha iterambere RDB muri gashunda yacyo yo kuzunguruka mu mirenge yose igize Akarere ka Ruhango ndetse no mu tundi turere twose […]Irambuye

Ibyo ukwiye kumenya kuri ‘Special Economic Zones’ mu Rwanda (Igice

Mu nkuru enye (4) ziheruka, twabagejejeho amavu n’amavuko ya gahunda y’ahantu hihariye h’ubukungu mu Rwanda (Special Economic Zones), icyo hagamije, icyo hazakora, ikigamijwe kugerwaho ndetse n’ibindi birebana y’Urwego rushinzwe ahantu hihariye h’ubukungu mu Rwanda. Ubu turabagezaho imikorere ya bene aha hantu n’uko igenzurwa.  Mu karere u Rwanda nicyo gihugu cyonyine gifite ahantu hihariye h’ubukungu Kugeza […]Irambuye

Ngoma: Urubyiruko rurakangurirwa kubyaza umusaruro amahirwe arukikije

Mu kiganiro cyahuje itsinda ry’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere “Rwanda Development Board (RDB)” n’urubyiruko rwo mu Karere ka Ngoma rw’ ingeri zitandukanye kuwa gatatu tariki 19 Werurwe, urubyiruko rwakanguriwe gukanguka rugakoresha amahirwe menshi arukikije rukiteza imbere. Iki kiganiro cyabereye ku kigo cy’Urubyiruko cya Ngoma, aho itsinda rigizwe n’abafatanyabikorwa ba RDB barimo abahagarariye DOT Rwanda, KEPLER, EDUCAT, INDIAFRICA […]Irambuye

en_USEnglish