Tags : RDB

Buri mugore/umukobwa winjiye muri RDB yahawe ururabo

Kuri uyu munsi mpuzamahanga w’umugore ku Isi, ku kigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere, RDB, bari kwakirana umugore cyangwa umukobwa wese uhinjiye urugwiro rwinshi bakamuha ururabo rwiza rwo kumwifuriza umunsi mwiza. Abagore n’abakobwa, abanyamahanga n’abanyarwanda bari kwinjira ku biro bya RDB ku Gishushu kuva muri iki gitondo byabatunguye cyane kandi byabashimishije. Kuri Twitter, umuyobozi w’ikigo RDB […]Irambuye

U Rwanda rwiteze byinshi ku nama ya “World Economic Forum-

Mu nama yo kwitegura inama Mpuzamahanga y’ubukungu izwi ku rwego rw’Isi (World Economic Forum – Africa) izabera mu Rwanda muri Gicurasi 2016, kuri uyu wa gatatu Ikigo cy’Igihugu cy’iterambere (RDB) n’abikorera bo mu nzego zitandukanye, baganiriye ku bigomba gukorwa ngo u Rwanda ruzashimishe abashyitsi kandi n’abikorera mu Rwanda babone inyungu, babasaba kunoza ibyo bakora. Iyi […]Irambuye

Kompanyi yo muri Oman ije gucukura amabuye mu Bisesero ku

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, Kompanyi y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciryo y’Abashoramari bo muri Oman yasinye amasezerano y’ibanze na Leta y’u Rwanda ihagarariwe na RDB n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ibya mine, y’imirimo y’ubushakashatsi no gucukura amabuye y’agaciro mu Bisesero mu karere ka Karongi. Ni ishoramari rifite agaciro ka miliyoni 39 z’Amadolari ya Amerika. Iyi Kompanyi […]Irambuye

Li Yong uyobora iterambere ry’inganda muri UN yakiriwe na P.Kagame

Li Yong umuyobozi mukuru wa United Nations Industrial Development Organization (UNIDO) yabonanye na Perezida Kagame ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane, uyu mushinwa yemereye Kagame ko bafite ingamba nshya zigamije guteza imbere inganda cyane cyane muri Africa. Li Yong wahoze ari Visi Minisitiri w’imari w’Ubushinwa ubu uyobora iri shami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe iterambere ry’inganda, […]Irambuye

Ikigo Red Rocks cyateguriye abakirliya bacyo udushya kuri Noheli

Ikigo Red Rocks cyibinyujije mu mushinga wacyo ‘The Village Christimas Market’ cyashyizeho gahunda yo gushimisha abakigana muri ibi bihe bya Noheli n’Ubunani. Mu birori bizabera i Musanze, Abanyarwanda n’abanyamahanga babishaka bazigishwa byinshi birimo uburyo bwo gukora ibikorwa byabo ariko batangiza ibidukikije. Muri iyi gahunda kandi abantu bazigishwa uburyo bwateza imbere ubukerarugendo bushingiye ku bwiza nyaburunga […]Irambuye

RDB yasinye ubufatanye na Investment Corporation of Dubai mu mishinga

*Imishinga y’ubukerarugendo irimo kubaka Hoteli y’inyenyeri 5 *Perezida Kagame avuga ko ari imishinga izaha akazi amagana y’urubyiruko  Kuri uyu wa 17 Ugushyingo ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB cyasinye amasezerano y’ubufatanye n’ikigo cy’ibijyanye n’ishoramari cy’umujyi wa Dubai. Aya masezerano asinywa hari Sheikh Mohammed bin Rashid Al Maktoum Visi Perezida akaba na Minisitiri w’intebe wa UAE ndetse akaba […]Irambuye

STARTUP GRIND ihuriro rya ba rwiyemezamirimo ku isi ryatangijwe no

Kakiru – Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane KLab kubufatanye n’ikigo RDB na Ambasade ya Amerika i Kigali batangije mu Rwanda ihuriro (Global Network) rya ba rwiyemezamirimo ku isi rigamije kwigishanya, kuba intangarugero no guhuza ba rwiyemezamirimo bakomeye cyane n’abakizamuka. Iri huriro ubu riba mu bihugu 80 ku isi, u Rwanda rukaba uyu munsi […]Irambuye

Ubu ntawamenya ko duterekera kandi aribyo dukora- Padiri Rugengamanzi

Padiri Rugengamanzi Yohani Batisita umaze imyaka 47 mu kazi, avuka ko Abazungu bazana Imana yabo hari byinshi birengagije ku myemerere Abanyarwanda bari bafite agasaba abakiri batoya kujya bamenya amateka bagasura ingoro ndangamuco Atari ukwimara amatsiko ahubwo bagamije kumenya no gusobanukirwa Umunyarwanda wa kera uko yari abayeho. Mu kiganiro kirambuye Umuseke wagiranye na Padiri Rugengamanzi tariki […]Irambuye

Rwanda: Hagiye kubakwa uruganda rutunganya ibiryo bifite intungamubiri

Leta y’u Rwanda yiyemeje gushora imari mu bikorwa byo kubaka uruganda ruzatunganya ibiryo bikize ku ntungamubiri, uyu mushinga izawufatanyamo n’ikigo Africa Improved Foods Ltd (AIF); mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda n’abatuye akarere kurya neza by’umwihariko abakene. Africa Improveed Foods Ltd ni ikigo gihuriwe n’ibindi bigo aribyo Royal DSM, FMO, DIAF na IFC. Mu itangazo Ikigo […]Irambuye

Amafaranga 250 000 yo kwandikisha ubuvumbuzi ni menshi ku Banyarwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere RDB cyemera ko amafaranga asabwa Abanyarwanda mbere yo kwandikisha ubuvumbuzi bakoze ari menshi ndetse ko bishobora kuba imbogamizi kuri bamwe bigatuma batandikisha ibyo bavumbuye kandi bishobora kubagirira akamaro n’u Rwanda muri rusange. Blaise Ruhima, umuyobozi ukuriye agashami ku kwandikisha umutungo mu by’ubwenge yasobanuye ko kwandika ibihangano birimo indirimo, amafilimi, ibindi bihangano […]Irambuye

en_USEnglish