Tags : RDB

Abanya-Maroc barifuza gushora imari igera kuri $100M mu Rwanda

Uyu munsi i Kigali hateraniye inama y’umunsi umwe yigaga uko hatezwa imbere ubuhahirane hagati ya Maroc n’u Rwanda,  abashoramari bo muri Moroc berekwa ahari amahirwe bashobora gushoramo imari yabo mu Rwanda. Ngo ubu hari imishinga ifite agaciro kagera kuri Miliyoni 100 z’amadolari bamaze kugaragaza ko bashaka gushora mu Rwanda. Ni inama yetuwe n’ikigo cy’abanya Maroc […]Irambuye

Patrick Gashayija agiye kuzenguruka uturere twose ku igare

Patrick Gashayija uzwi ku izina rya Ziiro The Hero ni umusore atuye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Gisozi afite imyaka 28 y’amavuko. Mu Ukuboza 2016 yatashye mu Rwanda avuye kwiga mu Buhinde. Aho agereye  mu Rwanda ngo yatangajwe n’iterambere yahasanze maze yiyemeza kuzenguruka uturere twose ku igare yitegereza uko igihugu cyifashe. Amafaranga n’ibikoresho azakoresha ni ibye, […]Irambuye

EU ngo ifitiye ikizere ishoramari ry’ingufu z’amashanyarazi mu Rwanda

Abashoramari bo mu bihugu bigize umuryango w’Ubuwe bw’Uburayi n’abo mu Rwanda bari mu biganiro bigamije kureba amahirwe ari mu ishoramari ry’ingufu z’amashanyarazi mu Rwanda. Uhagarariye uyu muryango mu Rwanda, Michael Ryan avuga ko EU ifite icyizere mu ishoramari ry’uru rwego rw’ingufu mu Rwanda ndetse ko bifuza ko abashoramari bakomeza kwiyongera kugira ngo bafashe Leta y’u […]Irambuye

Rusizi: Abagabo 7 barakekwaho gushimuta inyamaswa no gucukura zahabu muri

Ni nyuma y’igihe kinini havuzwe ko mu ishyamba rya Nyungwe hari abantu bacukuraga amabuye y’agaciro ndetse bakanayajyana mu gihugu cy’u Burundi kandi bagahiga n’inyamaswa bitemewe. Aba bagabo akenshi bakora aka kazi usanga barihebye dore ko hari n’abica abaje kubabuza gukora akazi nk’ako bityo ngo badahagurukiwe hari impungenge ko habaho kubura ubuzima bwa bamwe. Aba kora […]Irambuye

Wakira ute abakugana? Ingingo 14 zafasha kuganira neza n’uwo mushaka

Amabwiriza agenga ubunyamwuga mu bucuruzi ni kimwe mu bintu bikurura abakiliya kandi kutayamenya cyangwa kuyica nkana ni kimwe mu bihombya bamwe cyangwa bigateza imbere abandi. Mu gitabo yanditse yise The Essentials of Business Etiquette umwanditsi witwa Barbara Pachter yasobanuye ibintu 14 byafasha abacuruzi bo mu ngeri zose kugera ku mutima w’abakiliya babo bityo bakabasha gukorana […]Irambuye

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagizwe Ambasaderi, Claire Akamanzi yongera kuba

*Iyi nama yemeje amateka Irya Perezida ryirukana ba Officiye muri Polisi 66, n’Irya Minisitiri ryirukana ba Sous-Offisiye 132. Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye muri Village Urugwiro kuri uyu wa gatanu yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye harimo MUKARULIZA Monique wayoboraga Umujyi wa Kigali wagizwe Ambassaderi w’u Rwanda muri Zambia. Iyi nama yari iyobowe na Perezida Paul Kagame yagize […]Irambuye

Kayonza: Imbogo yishe umuhungu w’imyaka 17 wariho ayihiga

Kuri uyu wa 10 Ukwakira, umuhungu w’imyaka 17 witwa Uwihanganye Jean de Dieu wo mu kagari ka Buhabwa, mu murenge  wa Murundi yishwe n’imwe mu mbogo zatorotse pariki y’Akagera mu karere ka Kayonza. Police ivuga ko uyu nyakwigendera yari ari mu bariho bahiga iyi nyamaswa yamwivuganye. Umuvugizi wa Police mu ntara y’Uburasirazuba, IP Emmanuel Kayigi […]Irambuye

Tujye mu Majyepfo gusura Ibisi bya Huye, Utwicarabami twa Nyaruteja,

Belise Kaliza ushinzwe ishami ry’ubukerarugendo muri Rwanda Development Board (RDB) yabwiye abanyamakuru ko guhera kuri uyu wa Gatanu, hazatangizwa gahunda yiswe ‘Tembera u Rwanda’ igamije gushishikariza abaturage gusura ibintu nyaburanga biri hafi yabo, iyi gahuda ikazatangirira mu Bisi bya Huye. Iyi gahunda izakomereza mu tundi turere harimo Muhanga, Kamonyi na Ruhango. Kaliza yabwiye abanyamakuru ko […]Irambuye

Musanze/Kinigi: Abari abahigi b’inyamaswa mu Birunga bamenye ko zinjiza amadevise

Nyiramajyambere Speransiya, umwe mu basigajwe inyuma n’amateka, atuye mu mudugudu wa Rebero wubatswe na Koperative Sakola ishinzwe kubungabunga ibidukikije mu mashyamba y’Iburunga, avuga ko mbere yari abayeho nabi ariko ubu atunze inka ndetse abana n’abandi ngo ntibakimunena. Nyiramajyambere ntazi imyaka ye neza ariko avuga ko yaba akabakaba mu myaka 100 kuko ngo yabayeho ku ngoma […]Irambuye

en_USEnglish