Tags : MINICOM

Tunduti/Ngoma: Badindizwa mu iterambere no kutagira imihanda myiza

Abatuye agace kitwa Tunduti, mu Murenge wa Kazo, mu Karere ka Ngoma bavuga ko kutagira imihanda myiza bibangamira iterambere ryabo ngo kuko umusaruro wabo utagera ku isoko byoroshye, bigatuma bawugurisha bahenzwe kubera kubura andi mahitamo. Abatuye i Tunduti batunzwe n’ubuhinzi n’ubworozi, hera umuceri mwinshi mu gishanga cy’Akagera, hazwiho kandi kuba ikigega cy’ibitoki n’ibishyimbo. Abahinzi baho bavuga […]Irambuye

Umwanda w’ikimoteri kiri mu isoko rya Nyagasambu ubangamiye abarirema

*Icyo kimoteri ni cyo cyonyine gishyirwaho imyanda, yarenze ubushobozi bwayo haba hanuka, *Bamwe mu bacuruzi bakirambikaho ibicuruzwa nk’imyenda, *Mayor wa Rwamagana avuga ko hari umugambi wo gukemura icyo kibazo burundu, ariko nta gihe ntarengwa, *Isoko rya Nyagasambu ngo hari gahunda yo kuryagura ahubakiye hakaba hagari. Mu cyumweru gishize Umuseke wasuye isoko rya Nyagasambu, abaturage baricururizamo […]Irambuye

“N’i Nyagasambu rirarema” ubu riremera ku zuba n’imvura

*Isoko rya Nyagasambu rizwi cyane mu amateka no mu ndirimbo ya Jean Christophe Matata *Abarirema bavuga ko rifunganye, abandi bacururiza ku zuba imvura yagwa bakazinga ibyabo *Abacuruzi bavuga imisoro batanga yakwiye kububakira isoko nibura bisanzuramo Rwamgana – Ni isoko rizwi cyane mu Rwanda kubwo kubw’imvugo yamamaye ngo “N’i Nyagasambu rirarema” ngo biva ku kuba cyera […]Irambuye

Imisoro y’inkweto za Caguwa igiye kugezwa kuri 100%

Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje mu rwego rwo gushyigikira abakora ibikoresho mu ruhu nk’inkweto, ibikapu n’imikandara igiye kuzamura imisoro y’ibyakoreshejwe bituruka mu mahanga bizwi nka ‘Caguwa’, by’umwihariko imisoro ku nkweto za Caguwa ngo izazamuka igere kuri 100% muri Nyakanga 2016. Hirya no hino mu Rwanda, usanga ahacururizwa imyenda, inkweto, imikandara n’ibikampu higanje cyane ibizwi nka ‘Caguwa/Second […]Irambuye

U Rwanda rwohereza mu mahanga T 16000 z’ikawa itunganyije –

Gikondo- Kuri uyu wa Gatanu ubwo hasozwaga amahugurwa yari amaze iminsi ibiri yagenewe urubyiruko 20 rusanzwe rutegurira ikawa abashyitsi mu Mujyi wa Kigali, umuyobozi wungirije mu Kigo k’igihugu gishinzwe kohereza hanze umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi (NAEB), Jean Claude Kayisinga yavuze ko kugeza ubu u Rwanda rwohereza hanze Toni ibihumbi 16 z’ikawa ku mwaka. Nubwo ngo umusaruro […]Irambuye

Inama y’abamotari yagarutse ku ruhare rwabo mu mpanuka

Mu nama yahuje impuzamahuriro y’abatwara moto mu Rwanda hamwe n’abayobozi ba koperative z’abamotari mu mpande zose z’igihugu, abamotari bakanguriwe kwigengesera no gukanura cyane mu rwego rwo kwirinda impanuka, ndetse impuzamashyirahamwe yabo yatangaje umugambi wo gutumiza moto mu Buhinde ikazigurisha abanyamuryango. Abamotari batungwa agatoki ku myitwarire yabo mu muhanda, aho usanga akenshi bivugwa ko aribo bateza […]Irambuye

Afritech Energy igiye kubaka ingomero 4 za MW 11, abaturage

Ubwo Abayobozi ba Afritech Energy, ikigo cyo muri Canada kizobereye mu gukora ingomero z’amashanyarazi, bagiranaga amasezerano y’imikoranire n’abandi ba fatanyabikorwa, nka East African Power, Practical Action na Hydro Power Solutions, bavuze ko ingomero enye zizubakwa mu turere twa Rubavu na Rutsiro zizatwara asaga miliyoni 40 z’Amadolari. Kuri uyu wa kabiri tariki 3 Ugushyingo, hasinywaga amasezerano […]Irambuye

Kuki abahabwa inka muri “Girinka” batazororera hamwe?

*Girinka yavuzweho ko hari Inka zahawe abatazishoboye, *Ruswa muri Komite zishinzwe gutanga izi nka, *Umutekano wa zimwe muri zo hari aho byagaragaye ko ugerwa ku mashyi, *Kororera hamwe byakemura byinshi muri ibi bibazo byagaragaye muri iyi gahunda. Gahunda ya Girinka ni imwe mu za Leta zatanze umusaruro mu imyaka ine y’imbaturabukungu EDPRS I, ndetse iyi […]Irambuye

Iburasirazuba: Kubura kw’amashanyarazi biri guhombya cyane abikorera

*Amashanyarazi ngo ashobora kumara umunsi wose yabuze *Abikorera bavuze ko banafite ikibazo cy’imisoro ihanitse na za banki zaka inyungu y’umurengera ku nguzanyo Abikorera mu bice bitandukanye by’Intara y’Iburasirazuba baravuga ko babangamiwe cyane n’ibura rya hato na hato ry’amashanyarazi bibagusha mu gihombo kinini. Ubuyobozi bw’iyi Ntara bwo bukangurira aba bikorera gushora imari mu mishinga y’ingufu z’amashanyarazi […]Irambuye

Rubavu: Abikorera bagiye muri Rwanda Day bungutse byinshi

Nyuma yo kwitabira ihuriro ry’Abanyarwanda baba hanze y’igihugu bahura na Perezida wa Repubulika bakaganira (Rwanda Day), mu gihugu cy’U Buholandi mu ntangiriro z’Ukwakira, abikorera bo mu karere ka Rubavu bagejeje kuri bagenzi babo ibyo bungutse, biyemeza gukorera hamwe no gukomeza gufatanya n’akarere mu iterambere ry’igihugu. Ubwo aba bikorera bitabiriye Rwanda Day bagezaga kuri bagenzi babo […]Irambuye

en_USEnglish