Tags : MINICOM

BDF mu gufasha ba rwiyemezamirimo bato n’abaciriritse kubona igishoro

Ikigo cy’igihugu gishinzwe gufasha urubyiruko n’abagore kugera ku nguzanyo “BDF” gikomeje gahunda zo gufasha ba rwiyemezamirimo bato n’abaciriritse kubona amafaranga y’igishoro cyane cyane inguzanyo mu ma banki n’ibigo by’imari. Byagaragaye ko abagore n’urubyiruko aribo bagize igice kinini cy’Abanyarwanda kandi akaba ari nabo bahura n’inzitizi z’ubwoko bunyuranye kugira ngo babone igishoro bajye mu bushabitsi (business), niyo mpamvu […]Irambuye

en_USEnglish