Tags : MINICOM

Tugiye kuzamura umuvuguko w’ibyo u Rwanda rwohereza hanze – Min

Minisitiri w’Ubucuruzi, Inganda n’Ibikorwa by’Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba, François Kanimba, ahererekanya ububasha na Amb Valentine Rugwabiza wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri UN, yavuze ko mu mirimo mishya yongerewe, azibanda cyane mu kuzamura ibyo u Rwanda rwohereza mu mahanga. Mu ihererekanyabubasha ryabaye kuri uyu wa Gatanu, Minisitiri Kanimba yashimye Perezida Kagame wamuhaye izi nshingano nshya, avuga […]Irambuye

Nyanza: Batewe impungenge na essence zicururizwa mu nzu babamo

Abatwara ibinyabiziga binywa Mazout na essance mu murenge wa Ntyazo mu karere ka Nyanza bavuga ko kuba batagira aho babigura hafi, ari kimwe mu bibagora mu kazi kabo ka buri munsi, ku bw’iyo mpamvu ababicuruza babicururiza mu nzu babamo. Umuyobozi w’intara y’Amajyepfo MUNYANTWALI Alphonse avuga ko bagiye gushaka uburyo hashyirwaho ahantu ho gucururizwa mazout na […]Irambuye

Rulindo: Andi makuru ku bujura bwabereye muri SACCO ya Burega

UPDATE: Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo Kayiranga Emmanel yabwiye Umuseke ko amakuru aheruka ari ay’uko hafashwe abantu babiri bakekwaho kugira uruhare mu bujura bwaraye bubereye kuri SACCO ya Burega, bukab bwaguyemo umugabo wayirindaga, undi umw eagakomereka bikomeye. Yavuze ko umwe mu bafashwe ari umushoferi ariko ntiyavuze aho yakoraga. Iyo SACCO ya Burega ngo yari ibitswemo amafaranga […]Irambuye

Ruswa mu masoko ya Leta ngo igiye kugabanywa no kuyatanga

Ikigo cy’igihugu gishinzwe imitangire y’amasoko ya Leta, RPPA kiravuga ko uburyo bushya bwo gutanga amasoko hakoreshejwe ikoranabuhanga buzatangira gukoreshwa mu mwaka utaha, buzaba umuti w’ikibazo cya ruswa n’amanyanga byagaragaragamo nubwo ngo itazacika burundu 100%. Ubu buryo bwo gutanga amasoko hakoreshenjwe ikoranabuhanga ngo buzakemura ibibazo byinshi birimo na ruswa n’amanyanga ajyanye no guhimba impapuro zijyana n’itangwa […]Irambuye

Gitwe: Abambuwe n’ikigo CAF Isonga, itariki yo kwishyurwa bahawe yararenze

Amezi amaze kuba atandatu abanyamuryango b’ikigo cy’imari CAF Isonga (Caisse des affaires Financieres Isonga) bambuwe amafaranga yabo, bitewe n’uko ikigo cyafunze imiryango, mu minsi ishize bakaba barijejwe ko bazishyurwa bitarenze tariki 5 Nzeri 2016 n’ubu baracyategereje, CAF Isongo aho ikorera haracyafunze. CAF Isonga ni ikigo cyo kubitsa no kuguriza cyemewe n’amategeko agenga ibigo by’imari mu […]Irambuye

Gicumbi: Abagore barerekana icyizere cy’iterambere mu imurikabikorwa

Kuri uyu wa gatatu tariki 17 Kanama 2016 mu karere ka Gicumbi hatangijwe imurikabikorwa ryerekana aho bageze bashaka iterambere rirambye, ribaye ku nshuro ya kane ryitabiriwe n’Abafatanyabikorwa b’Akarere batandukanye. Uruhare rw’Abafatanyabikorwa bakorera mu miryango itegamiye kuri Leta  rwagaragaye cyane mu guteza imbere Abagore bo mu cyaro, aho bigishwa imyuga itandukanye nko kuboha imyenda, uduseke, imitako […]Irambuye

Kudakoresha ikoronabuhanga mu gucunga iby’amakoperative bituma ahomba

*Mu makoperative 41, hanyerejwe asaga miliyoni 120 Mu gihe u Rwanda rwitegura kwifatanya n’abatuye isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’amakoperative uzaba kuri uyu wa Gatanu, amakoperative yo mu Rwanda aranengwa kudakoresha ikoranabuhanga mu gucunga umutungo wayo bigatuma agwa mu gihombo cyugarije amwe muri yo. Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Froncois Kanimba avuga ko amakoperative abereyeho kunganira Leta mu […]Irambuye

Impaka mu Badepite n’inzego zifite aho zihuriye n’iterambere ry’urubyiruko

Mu kiganiro Inteko Nshingamategeko imitwe yombi yagiranye n’inzego zifite aho zihurira n’urubyiruko kuri uyu wa mbere, impaka zabaye ndende ku ireme ry’uburezi n’ingufu gahunda zishyirwaho ngo ziteze imbere urubyiruko ziba zifite, Abadepite banenze Minisiteri enye n’ibigo bifite mu nshingano urubyiruko ku ngamba n’imibare yabyo mu gushakira imibereho myiza n’iterambere no kugabanywa ubushomeri mu rubyiruko. Iki […]Irambuye

MINICOM ihagaritse imikino y’IKIRYABAREZI

Muri iki gitondo Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda isohoye itangazo rivuga ko ihagaritse by’agateganyo imikino y’amahirwe ikoresha imashini (slot machines) imaze iminsi izwi ku izina ry’Ikiryabarezi. Iyi mikino ababyeyi benshi bagaragaje ko iri kurumbya no gutera abana ubujura bw’amafaranga bayajyana muri iyi mikino. Itangazo rya MINICOM ryasinyweho na Minisitiri Francois Kanimba riravuga ko “nyuma y’ingezura ryakozwe na […]Irambuye

en_USEnglish