Tags : MINAGRI

Ikoranabuhanga mu gutanga ibyangombwa byo gucuruza imyaka

Ku mugaragaro, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, yashyizeho urubuga www.ralis.minagri.gov.rw ruzafasha abakora ubucuruzi bwohereza cyangwa buvana umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi mu mahanga kubona ibyangombwa hifashishijwe ikoranabuhanga, MINAGRI ivuga ko bizorohereza abacuruzi bikanafasha mu kuzamura iterambere ry’ubucuruzi mu buhinzi. Mu gihe cyashize kugira ngo umuntu abashe gukora ubucuruzi bwambuka imipaka mu bijyanye n’umusaruro w’ubihinzi n’ubworozi yagombaga kubanza  […]Irambuye

Amb. Gasana Eugene yahagaritswe ku mirimo ye, Dr.Murigande ahabwa akazi

Inama y’Abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yafashe imyanzuro itandukanye harimo uwo guhagarika Gasana Richard Eugene wari Ambasaderi w’u Rwanda muri UN, ndetse iha imirimo mishya Amb. Dr Charles Murigande muri Kaminuza y’u Rwanda. Inama y’Abaminisitiri yemeje imibare fatizo (index value) ya 350 na 400 y’imishahara mu […]Irambuye

MINAGRI irasaba abaturage gufatanya bakarwanya ikibazo cy’amapfa kiriho

Ikibazo cy’inzara ivugwa mu bice bimwe na bimwe by’u Rwanda kubera izuba ryinshi n’imvura nyinshi byangije imyaka y’abaturage, Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi igifata nk’amapfa yateye, igasaba abaturage gukomeza gufatanya mu guhangana nayo mu gihe Leta nayo ngo irimo gukora uko ishoboye ifasha abahuye nayo. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI), Tony Sanganira avuga ko […]Irambuye

Rwinkwavu: Kubera inzara, hari abagabo bataye abagore babo

*Hashize amezi arindwi barataye ingo, bagiye guhaha none baraheze. *Abagore barakeka ko abagabo babo bashatse abandi bagore iyo bagiye gushaka amahaho. Bamwe  mu bagore bo mu murenge wa Rwinkwavu akarere ka Kayonza bavuga ko abagabo babo babataye kubera inzara bajya gushaka igitunga imiryango, gusa ngo hashize amezi arenga arindwi bataragaruka. Abagore bavuga ko aba bagabo […]Irambuye

Igenzura twakoze twasanze ingo 47 000 zifite ikibazo cy’ibiribwa –

*Mu Rwanda ngo nta nzara ihari ahubwo hari amapfa, ibi byateje impaka hagati ya Minisitiri n’abanyamakuru, *Minisitiri Mukeshimana Geraldine yavuze ko abajya Uganda bababa bagiye gushaka akazi, *MINAGRI irakora ibishoboka ngo ifashe abaturage binyuze mu kigega cya Leta, ariko igasaba abaturage gushoka ibishanga bagahinga, *Umuti urambye ku kibazo cy’inzara ngo ni uguteza imbere ibijyanye no […]Irambuye

i Karenge abaturage bafite impungenge ko izuba rizagabanya umusaruro

*Umuhanda uhuza Karenge na Kigali wangiritse ngo wahungabanyije ubuhahirane Mu murenge wa Karenge mu karere ka Rwamagana, abaturage bagera kuri 99% batunzwe n’ubuhinzi bahangayikishijwe n’ikibazo cy’izuba ryatangiye kuva hakiri kare, kuko ngo bishobora kuzahungabanya ikijyanye n’umusaruro. Umurenge wa Karenge utuwe n’abaturage basaga  24 000, ngo hafi 99% batunzwe n’ubuhinzi n’ubworozi. Muri uyu murenge higanje ubuhinzi […]Irambuye

Rusizi: 17 bagurishijwe inka z’inzungu zituzuye bamaze imyaka 6 basaba

Mu myaka ya za…, Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ku bufatanye n’Akarere ka Rusizi bakanguriye abaturage bo mu Mirenge ya Nzahaha, Rwimbogo na Gashonga gukorana na Banki y’Abaturage kugira ngo ibagurire inka zifite amaraso y’inzungu 100% bakazishyura buhoro buhoro, bagiye kubaha inka bazana izifite amaraso y’inzungu kuri 25%, none hari bamwe bavuga ko bishyuye amafaranga y’ikirenga. Iyi […]Irambuye

Nasho: Abaturage barashinjwa kudindiza imirimo y’umuherwe Buffet

*Iki kibazo cyahagurukije Abaminisitiri batatu, *Abaturage barashyira mu majwi abayobozi b’ibanze, *Ngo abaturage banga kuzana ibyangombwa ngo bahabwe amafaranga y’ingurane. Mu Burasirazuba bw’u Rwanda, Minisiteri z’Ubuhinzi n’Ubworozi n’iy’Ubutegetsi bw’Igihugu n’imibereho myiza y’abaturage zirashinja abaturage bo mu murenge wa Nasho mu karere ka Kirehe gutinza nkana imirimo y’umushinga wo kuhira imyaka w’umuherwe wo muri Amerika Howard […]Irambuye

en_USEnglish