Tags : MINAGRI

Tony Nsanganira ntiyumva impamvu i Karongi hakiri imirire mibi mu

Kuri uyu wa mbere, umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi Tony Nsanganira yasuye ibikorwa by’ubuhinzi n’ubworozi mu karere ka Karongi, aha yavuze ko bibabaje kuba muri Karongi hari ibibazo by’imirire mibi ku bana kandi baturiye i Kivu bashobora kubyaza umusaruro w’amafi. Yizeje kandi abahinga urutoki mu kibaya cya Kigezi ko MINAGRI izababa hafi mu […]Irambuye

Ubushakashatsi nibwo buzadufasha kuzamura umusaruro w’ubuhinzi- Min.Nsanganira

Mu nama irimo guhuza ibigo bine (4) mpuzamahanga bikora ubushakashatsi ku buhinzi mu Rwanda kuri uyu wa kabiri, Umunyamabanga wa Leta uhoraho muri Minisiteri y’Ubuhinzi Tony Nsanganira yasabye ko ibyo bigo byarushaho gufasha Leta mu guhangana n’ikibazo cy’ubwoko bw’imbuto zidatanga umusaruro uhagije kandi zihenze. Mu Rwanda ubu, harakorera ibigo bine mpuzamahanga bikora ubushakashatsi mu buhinzi […]Irambuye

Ngoma: Barasaba Leta kubatunganyiriza igishanga cya Gisaya

Abatuye mu mirenge ya Rurenge, Gashanda na Karembo yo mu karere ka Ngoma barasaba Leta ko yabatunganyiriza igishanga cyitwa Gisaya gihuriweho n’iyi mirenge yose, bavuga ko gitunganyijwe bakagihingamo aribwo cyabaha umusaruro kurusha uwo bakuramo ubu. Ubuyobozi bw’umurenge wa Karembo nk’ahari abaturage bafite uruhare kuri iki gishanga butangaza ko buri gukora ubuvugizi ku buryo hari gahunda […]Irambuye

40% by’umusaruro w’ubuhinzi birangirika kubera ubumenyi buke

Umuryango ‘JICA Alumni Association in Rwanda (JAAR)’ watangije umushinga bise “Food Transformation Center” ugamije guha agaciro ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi biba byasagutse ku isoko bishobora kwangirika. Mu biganiro byahuje JAAR na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) hagaragajwe uburyo 40% by’umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi byangirika kubera ubumenyi buke bw’abahinzi mu kubyaza umusaruro ibyo baba basaguye ku isoko. […]Irambuye

Ikompanyi UAP mu kwishingira abahinzi ngo batagwa mu gihombo

Ikompanyi y’ubwishingizi “UAP” irakangurira abahinzi kuyigana cyane cyane muri ibi bihe bitegura gutangira ikindi gihembwe cy’ihinga kugira ngo ibahe ubwishingizi bw’ibihingwa byabo, ku buryo bagize ikibazo giturutse ku kirere, Indwara y’imyaka cyangwa inkongi y’umuriro bagobokwa. UAP yishingira abahinzi bose bakora ubuhinzi bwabo nk’umwuga, ni ukuvuga abahinga bagamije kwihaza mu biribwa no gusagurira amasoko. Impuguke ya […]Irambuye

Umusaruro w’ubuhinzi ugiye kuzamurwa no gutanga imbuto zijyanye n’ubutaka

Mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro umushinga NSNR (National Seed Association of Rwanda) ugamije gukora ubushakashatsi ku mbuto zihingwa mu Rwanda, kuri uyu wa kane tariki 21/1/2016 Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi Dr Mukeshimana Geraldine yasabye ko abashinzwe uyu mushinga bongera ingufu mu kongera umusaruro w’ubuhinzi. Icyizere cy’uko uwo musaruro uzazamuka ngo kikaba gishingiwe ku gutanga imbuto […]Irambuye

Ngirwa Umunyamabanga wa Leta naratunguwe ariko nyuma mbifata nk’ibisanzwe –

*Hari abatekerezaga ko ku myaka yanjye ntaba Minisitiri ariko ubu mbona ari ibisanzwe, *Ngirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi naratunguwe *Urubyiruko rugomba kwiyumvamo ubushobozi n’imbaraga zo guhindura igihugu. Amahirwe mu buzima abaho, tekereza uri umukozi usanzwe mu karere, mu Ntara, muri Minisiteri cyangwa urangije Kaminuza, ukumva itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri wagizwe Minisitiri! Tony […]Irambuye

Muhanga: Ibyangombwa by’ubutaka bihangayikishije abaturage

Kutabonera ku gihe ibyangombwa by’ubutaka, kwishyurwa amafaranga y’ingurane bitinze, gusiragira mu biro bishinzwe ubutaka inshuro nyinshi, no kuba ibyangombwa by’ubutaka bitari byegerezwa abaturage ku rwego rw’imirenge ni byo aba baturage bavuga ko bibahangayikishije. Hashize ighe kitari gito bamwe mu baturage batuye mu karere ka Muhanga, bitotombera serivisi itanoze bahabwa n’inzego zifite imicungire y’ubutaka mu nshingano […]Irambuye

Ni muri Africa gusa usanga ubuhinzi bufatwa nk’ishoramari ritihutirwa –

*Umuhinzi muto agiye kubona inguzanyo byoroshye *Nubwo hari inzitizi ngo ubuhunzi ntakiraboneka kibusimbura muri aka karere *Ni muri Africa gusa usanga ubuhinzi bufatwa nk’ishoramari ritihutirwa Umuyobozi wa Banki y’Ubucuruzi y’Abanyakenya (KCB) mu Rwanda, avuga ko igihe ari iki kugira ngo abashora imari mu buhinzi batangire, kuko kurya ntibizahagarara kandi ngo inzitizi zijyanye n’imiterere y’umwuga w’Ubuhinzi […]Irambuye

en_USEnglish