Tags : MINAGRI

Musanze: Imbuto y’ibirayi yabaye ingume ku bahinzi, kg 1 iragurwa

*Ibirayi biteze mu Kinigi byagenda gute i Kigali, Umuhinzi ati “Ibirayi mubyibagirwe!”, *Abahinzi bavuga ko guhenda kw’imbuto bituma bamwe batabona ubushobozi bwo kuyigura, *Uko guhenda kw’ibirayi byatumye ubuzima na bwo mu Kinigi bihenda, *Ubuyobozi bwibutsa abaturage kutishimira igiciro cyiza bakibagirwa kwisigira imbuto y’ibirayi. Ntabwo hashize igihe Umuseke ugeze mu Kinigi ku kigega cy’u Rwanda mu […]Irambuye

Abahinzi ntibagomba guhinga nk’abahamba amaboko – Mayor Habitegeko

*Asaba  abaturage guhinga ahashoboka hose kuko igihembwe cya kabiri imvura ijya ibatenguha ntibasarure. Nyaruguru – Mu gihe mu gihugu hose bamaze kwinjira mu gihembwe cy’ihinga cy’Umuhindo, umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru asaba abaturage be guhinga ku buryo bizabazanira inyungu bakoresha amafumbire, bakirinda guhinga nk’abahamba amaboko.  Anabasaba guhinga ahantu hose hashobora guhingwa kuko ngo igihembwe cya kabiri […]Irambuye

RAB imbere ya PAC yemeye menshi mu makosa yo gucunga

*Hari inzu nyinshi za bimwe mu bigo byahujwe ngo bikore RAB zipfa ubusa, *Umugenzuzi Mukuru yabonye ibyuho mu mitumirize n’imitangire by’ifumbire n’imbuto, *RAB yiyemeje gukosora menshi mu makosa yaragaraye. Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana ikoreshwa ry’Umutungo wa Leta mu Nteko Nshingamategeko (PAC) bongeye guhura imbonankubone n’abayobozi b’Ikigi cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi (RAB) basaba ibisobanuro ku makosa […]Irambuye

Ngoma/Remera: Hari abavuga ko amaterasi yatumye umusaruro wabo ugabanuka

*Ubuyobozi bw’akarere buvuga ko ababivuga ari uko bataramenya akamaro k’amaterasi. Mu murenge wa Remera akarere ka Ngoma hari bamwe mu baturage batarasobanukirwa neza akamaro k’amaterasi y’indinganire aho bavuga ko yabateje inzara ngo ugereranyije n’uko bari babayeho mbere y’uko iyo politiki iza. Ubuyobozi bw’akarere kuri iki kibazo buvuga ko ababona amaterasi yarabateye inzara ari abataramenya ubwiza […]Irambuye

Nyaruguru: Hari abahinzi bemeza ko bahabwa imiti imyiganano

Abahinzi  bo mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko kuba  nta bumenyi baba bafite ku mafumbire n’imiti bakoresha mu buhinzi, ari imwe mu mbogamizi bahura na zo mu gutuma imyaka yabo ikomeza kugira ibibazo harimo no kutabona umusaruro uhagije. Karengera Narcisse umuyobozi wa Koperative y’abahinzi  bakorera mu karere ka Nyarugura avuga ko kuba usanga hirya no […]Irambuye

Turihagije mu biribwa n’ubwo ibiciro byabyo bikomeje kuzamuka –Tony Nsanganira

Umuseke wagiranye ikiganiro cyihariye n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Tony Roberto Nsanganira. Byinshi ku buhinzi bwo mu Rwanda… *Aragaruka ku bibazo bigaragara mu buhinzi, *Icyerekezo cy’ubuhinzi bw’u Rwanda, n’umusaruro wabwo, *Umusaruro wa Politike yo guhuza ubutaka imaze imyaka 9, *Imibereho y’abahinzi n’iterambere ry’ubuhinzi bakora… Nyuma y’imyaka 9, Politike yo guhuza ubutaha ubona yarageze […]Irambuye

Amanyanga mu gutanga inyongeramusaruro yavugutiwe umuti

Gahunda ya ‘Nkunganire’ yo gutanga inyoneramusaruro ku bahinzi yakunze kumvikanamo ibibazo byo kunyereza imitungo yabaga yashyizwe muri iyi gahunda ndetse bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’ibanze bagiye bagiye baryozwa kunyereza iyi mitungo. Ubu hashyizweho ikigo ‘Agro Processing Trust Company’ kitezweho gukemura ibi bibazo. Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa Kabiri w’iki cyumweru, yemeje ikigo ‘Agro Processing […]Irambuye

Gicumbi: Abatwara inka ku ngorofani bazajya bacibwa hagati ya 10

Abakora ubucuruzi bw’amatungo mu karere ka Gicumbi bamaze iminsi batungwa agatoki kutubahiriza amabwiriza yo gutwara amatungo aho bakoresha ingorofani bajyanye inka ku isoko. Ubuyobozi muri aka karere buvuga ko uzafatwa ahohotera amatungo muri ubu buryo atazihanganirwa, ko azajya ahita acibwa amande ari hagati y’ibihumbi 10 na 50 by’amafaranga y’u Rwanda. Byavuzweho kenshi ko itungo n’ubwo […]Irambuye

Mu 1998 Umunyarwanda yanywaga 6L z’amata ku mwaka. Ubu ageze

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwakira inama nyafurica ya 12 y’abakora ubworozi bw’inka n’abatunganya amata izabera i Kigali kuva tariki 31/08/2016, u Rwanda ngo rurakomeza guharanira kongera umusaruro w’amata. Ku kigereranyo ngo mu 1998 Umunyarwanda umwe yanywaga litiro esheshatu z’amata ku mwaka, ubu ngo ageze kuri 59L ku mwaka, kandi intego nibura ngo ni uko […]Irambuye

en_USEnglish