Tags : MINAGRI

Gicumbi: Aborozi barasabwa kugemura amata bakibuka no gusigira abana

Mu rwego rwo gushishikariza Abanyarwanda kunywa amata, Umushinga wa USAID witwa SHISHA WUMVA urasaba abaturage b’i Gicumbi, kubungabunga amata no kudakunda amafaranga cyane kurusha ubuzima bwabo, n’ubw’abana babo ngo kuko byagaragaye ko aborozi bagemura amata yose ntihagire ayo basiga yo kunywa. Akarere ka Gicumbi ngo ni ko kabonekamo umusaruro w’amata kurusha utundi turere tw’igihugu, ariko […]Irambuye

en_USEnglish