Tags : MINAGRI

Ikoranabuhanga rya ‘mFarms’ rizanye igisubizo ku bahinzi bagorwaga n’isoko  

Ikigo cy’ikoranabuhanga ImageAd cyakoze porogaramu izwi nka ‘mFarms’ yari isanzwe ikoreshwa mu kugenzura uko ifumbire n’imbuto bigezwa ku muhinzi, kiratangaza ko mu gukoresha ubu buryo hiyongereyeho kuba buzafasha abahinzi guhura n’abaguzi. Nkwame Bentil uyobora ikigo ImageAd cyakoze iyi porogaramu avuga ko iyi gahunda yari isanzwe ikoreshwa mu bikorwa bitandukanye byo kwagura ibikorwa by’ubuhinzi ariko ko […]Irambuye

Kirehe, umushinga w’Ubuhinzi bugezweho bwuhiwe uzatangwaho miliyoni 120 $

Uyu ni umushinga wa gatatu mugari wo kuhira imyaka hakoreshejwe ikoranabuhanga uzaba uvutse mu Karere ka Kirehe, akarere kera cyane ariko kagakunda kuzahazwa n’izuba ry’igikatu. Ni nyuma y’Umushinga w’umuherwe Howard Buffett uri mu murenge wa Nasho n’undi witwa BRAMIN (Bralirwa & Minimex) wo ukorera mu murenge wa Ndego muri Kayonza. Export targeting Modern Irrigated Agriculture Project, […]Irambuye

Umusaruro: i Nyanza bahuye na nkongwa, Kirehe, Gatsibo, Kayonza ubu

Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yakusanyaga ibitekerezo mu bahagarariye abahinzi mu turere tunyuranye tw’igihugu, bamwe muri bo batanze amakuru y’uko umusaruro w’ibigori n’ibishyimbo wifashe aho baturutse, Kirehe, Kayonza na Gatsibo nga nta nzara igihari kuko bireze, muri Nyanza bahuye na nkongwa bityo ubu ntibiteze umusaruro mwinshi, Rusizi na Kamonyi ho ngo hamwe bimeze […]Irambuye

Abavuzi b’amatungo 102 bahuguriwe gutera inka intanga basabwe kutazajya bahenda

Mu rwego rwo gukomeza kongera umusaruro w’amata mu Rwanda hahuguwe abavuzi b’amatungu 102 bo mu turere 17 dukoreramo umushinga RDPC II bahabwa n’ibikoresho bigezweho, mu rwego rwo kongera umukamo binyuze mu guhindura amaraso y’inka zo mu Rwanda. Umushinga wo guhugura abatu gutera intanga inka watangiye muri Gashyantare 2016 ku nkunga ya USAID n’ikigo Land’O Lakes […]Irambuye

Harakusanywa ibitekerezo bizashyirwa muri Politiki nshya y’ubuhinzi

Abahinzi bahagarariye abandi muri Koperative za twigire muhinzi, mu mirenge itandukanye mu gihugu hose, bahuriye i Kigali aho basobanuriwe Politiki nshya y’Ubuhinzi, na bo bagasabwa gutanga ibitekerezo byatuma izanozwa kurushaho, iyi politiki ishingiye ku nkingi enye izatangira gukoreshwa mu 2017. Iyi politi nshya mu muhinzi ishingiye ku gutanga umusaruro mwinshi, kwita ku bidukikije kandi ubuhinzi […]Irambuye

Kirehe: Umushinga KWAMP wakoresheje  miliyari 45 ukura abaturage mu bukene

Kuri uyu wa gatatu nibwo imirimo ya nyuma yo guhererekanya impapuro zikubiyemo ibikorwa by’uyu mushinga wa KWAMP (Kirehe Community Based Watershed Management Project) zashyikirijwe Akarere ka Kirehe imbere y’Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi Nsengiyumva Fulgence wasabye ko ibikorwa by’umushinga byazabungabungwa neza. Uyu mushinga wari ufite ingengo y’imari ya miliyoni 50 $ (Miliyari 45 […]Irambuye

Abashakashatsi mu buhinzi barakennye cyane nabasabye kutitwa iryo zina –

Mu biganiro Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari bagiranye na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’Ibigo biyishamikiyeho, ku nzitizi babonye mu ngendo bamazemo amezi abiri mu gihugu hose, Hon Sen Karangwa Chrysologue yavuze ko abashakashatsi ba RAB i Musanze n’ahitwa Tamira basanze bakorera ahantu habi cyane ku buryo ku bwe ngo badakwiye no kwitwa abashakashatsi. Bimwe mu […]Irambuye

Nyuma yo kwiga ubuhinzi muri Israel, asanga kuhira mu Rwanda

Emmanuel Ndayizigiye wize ubuhinzi mu gihugu cya Israel, yemeza ko kuhira imyaka mu misozi yose y’u Rwanda bishoboka, ariko ngo bizagenda bikorwa gahoro gahoro kuko bisaba amafaranga, ubumenyi n’igihe. No muri Israel naho ngo byabafashe igihe. Imiterere y’ubutaka bwa Israel n’u Rwanda ngo yenda gusa ariko bigatandukanira ku ngingo y’uko igice kinini cya Israel ari […]Irambuye

Imashini imwe itunganya amazi abika intanga z’inka yongeye gukora nyuma

Kuri uyu wa gatatu tariki 2 Ugushyingo, Abadepite bagize Komisiyo y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’Ibidukiki basuye Ishami ry’Ikigo cy’Ubuhinzi (RAB), rishinzwe Gupima no Gusuzuma indwara z’Amatungo, by’umwihari ko mu rwego rwo kureba uko serivisi gitanga zijyana no guteza imbere Girinka, bakaba basanze imashini itunganya amazi akoreshwa mu kubika intanga z’inka yari imaze igihe idakora yongeye gutangira gukora. […]Irambuye

en_USEnglish