Month: <span>July 2017</span>

Yatewe inda mu 2010 afite imyaka 15, amaze imyaka irindwi

Tuyisenge Jacqueline atuye mu Mudugudu Nkongora, Akagari ka Bugarura, Umurenge wa Muhanda, Akarere ka Ngororero mu Ntara y’Iburengerazuba. Ubu afite imyaka 23, yabyaye umwana wa mbere mu 2010 abyara undi mu 2015 k’uko bigaragara ku mafishi yabo. Yabyaye umwana wa mbere ageze mu mwaka wa kane w’amashuri abanza kuko yari yarize nabi, yahise ava mu ishuri […]Irambuye

Ba ‘Affaires Sociales’ ngo isomo bakuye ku rwibutso rwa Murambi

Nyamagabe- Mu mpera z’iki cyumweru gishize abashinzwe imibereho myiza y’abaturage (Affaire Sociales) mu mirenge ku rwego rw’igihugu bibumbiye mu ihuriro ASOC Rwanda basuye urwibutso rwa Murambi, banaremera abarokotse batishoboye barokokeye muri aka gace. Aba bayobozi bavuga ko ibyo biboneye kuri uru rwibutso ari isomo ribumbatiye amateka mabi Abanyarwanda banyuzemo, bakavuga ko bigiye kubafasha gukangurira abo […]Irambuye

Mugabe yahaye ‘African Union’ inka za $1m ngo ayifashe kwigira

Zimbabwe yagabiye amashyo y’inka umuryango w’Afurika yunze ubumwe ngo ubashe kwigira, uzacike ku gutegera amaboko amahanga awuha inkunga. Abaturage bakusanije inka zigera mu bihumbi ziyongeraga kun ka 300 zari zatanzwe na Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe zivuye mu bushyo bwe. Ubwo busho bwashyizwe ku isoko kuva ejo. Perezida Mugabe mu nama y’abakuru b’ibihugu iri kubera […]Irambuye

Nshuti witwaye neza mu gikombe cy’Amahoro yahamagawe mu Mavubi

Umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey, yatangaje abakinnyi 23 bazakina umukino wo gushaka itike ya CHAN 2018 u Rwanda ruzahuriramo na Tanzania tariki ya 15 Nyakanga 2017. Amavubi ari butangire umwiherero kuri uyu wa kabiri ku mugoroba nyuma y’umukino wanyuma w’igikombe cy’Amahoro uzahuza APR FC na Espoir FC kuri stade regional ya Kigali. Iyi kipe y’igihugu […]Irambuye

Umurinzi w’igihango yasabye urubyiruko rwa nyuma Jenoside kwanga guhemuka

Nathal Ntagungira wagizwe umurinzi w’igihang, mu kiganiro yaraye abahaye urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rwibumbiye mu muryango bise YURI yavuze ko kuba se wahoze ari umuyobozi wa Segiteri yaranze ko hagira Umututsi wicwa akaza kubizira byamubereye umurage kandi ko nabo bagomba kwirinda kuzagira uwo bahemukira. Ntagungira yabwiye abari aho ko kera bahoze batuye mu cyahoze […]Irambuye

Miss Kalimpinya mu Akagera yashimishijwe no kubona Ibitera biri “gukora

Abajijwe icyamushimishije kurusha ibindi igihe yasuraga Pariki y’Akagera muri iyi week end, Queen Kalimpinya yiyumviriyeee mazi ati “Twaciye ku gitera kiri gukora ibintu…Mana yanjye!!” Maze araseka cyane ariko avuga n’ibindi byamushimishije. Nibyo, ibihe nk’ibi ushobora kubibona ku nyamaswa mu gihe wasuye Pariki y’Akagera nubwo atari kenshi. Birashoboka ko nawe yabibonye koko agatangara. Queen Kalimpinya, igisonga […]Irambuye

Kaminuza 1000 nziza ku isi 10 gusa ni izo muri

Impamvu ni ireme ry’uburezi ngo riri hasi cyane, n’izo 10 zo muri Africa 8 ni izo muri South Africa gusa. Minisitiri w’uburezi uyu munsi yavuze ko ikibazo cy’ireme ry’uburezi mu Rwanda cyo kitari muri kaminuza gusa. Kuva tariki 05 Nyakanga i Kigali haratangira inama mpuzamahanga yiga iki kibazo cy’ireme ry’uburezi muri Kaminuza muri Africa. Ubu […]Irambuye

‘Abo’ mu Akagera ngo mutahe….uzabasure nawe

*Winjira mu Akagera ugasohokera Nyungwe… *Amasaha arindwi y’urugendo ushiduka arangiye gusa *Inyamaswa zimwe zireba nk’izitanga ikaze Ntibihenze, ariko ni iby’agahebuzo…gusura pariki y’Akagera Iburasirazuba. Ubona byiza bihebuje, inyamaswa n’ibizikikije byose byiza ku buryo butangaje. Twatembereyeyo. Reka tugusogongeze nuhuguka nawe uzajyeyo kuko wabona byinshi cyane birenze ibyo ugiye gusoma aha…. Ubwinjiro bw’iyi Pariki buri mu gice cy’Amajyepfo […]Irambuye

Aba Aztecs bari bafite umuco wo gutamba imfungwa, abagore n’abana

Abahanga mu byataburuwe mu matongo (archaeologists) bo muri Mexique baherutse gucukura ahantu bavumbura ibikanka 650 bitabye mu butaka mu buryo bukoranye ubuhanga bw’abubatsi. Ibyo bavumbuye byabaye ikimenyetso simusiga gishyigikira inyandiko z’abanyamateka zivuga ko aba Aztecs bahoze batamba ibitambo by’abantu barimo cyane cyane abagore n’abana ndetse n’abanzi babaga bafatiwe ku rugamba. Ubwami bw’aba Aztecs bahoze mu […]Irambuye

Ku nshuro ya mbere i Gicumbi habereye imyiyereko yo kumurika

Urubryiruko rwo mu karere ka Gicumbi rurasaba ko impano rwifitemo mu kubyina no kumurika imideli zitabwaho n’ababishinzwe barufasha kuziteza imbere, nk’uko babigaragaje mu mwiyereko wa mbere wo kugaragaza imideli no gushaka impano mu buhanzi bakoze. Mu gitaramo kigamije kureba  impano bafite haba mu kwerekana uko babyina, kumirika imideli (fashion), no mu buhanzi, urubyiruko rwasabye ko […]Irambuye

en_USEnglish