Month: <span>July 2017</span>

Polisi ntigomba gusigara mu mihindukire y’isi- Min Busingye

Musanze – Mu muhango wo gusoza ku mugaragaro amasomo ya gipolisi yari amaze umwaka mu ishuri rikuru rya polisi Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Johnston Busingye yishimiye intambwe imaze guterwa na Polisi y’u Rwanda aho abanyamahanga basigaye baza kuyihahaho ubumenyi butandukanye. Yasabye aba bapolisi bayasoje bo mu rwego rwa ba Ofisiye kumenya imiterere […]Irambuye

Ubuhamya bw’Abana babyaye biga mu mashuri abanza bariho mu gahinda

*Ubuzima bw’aba bana batewe inda biga mu mashuri abanza bugira ingaruka ku bana babyara, *Umuryango GLIHD wita ku bana b’abakobwa n’abagore urakora ubuvugizi ngo amategeko yo gukuramo inda. Aba bana bahindutse ababyeyi bagata ishuri, baganiriye n’Umuseke mu mpera z’iki cyumweru, bose bahuriza ku buzima bugoye barimo bwo kurera abana nta kazi bagira, gutereranwa n’ababateye inda, […]Irambuye

Episode 150: Mama Daddy yakiranye amaboko yombi Joy

  Joy-“Daddy! Uzi ko aribwo nkiva mu rugo? Ni ukuri mbabarira natinze ariko nanjye ntabwo ari njyewe, nanze kuva mu rugo nta muntu mpasize” Njyewe-“Oooh! Nari ngize ngo uhinduye gahunda ntabwo ukije?” Joy-“Yiiiii! Oya sha ntabwo nabikora, ubwo se urumva koko nahindura gahunda? Humura ndaje ni ukuri!” Njyewe-“Woooow! Urisanga ma Jo!” Call end. Mama-“Daddy! Utambwira […]Irambuye

Diamond yataramiye i Nyamata, ashima uburanga bw’abanyarwandakazi

Nyamata- Umuhanzi w’umunya-Tanzania Diamond Platnumz yataramiye ibihumbi by’abanyarwanda mu mujyi wa Nyamata. Uyu mugabo wishimiwe na benshi biganjemo inkumi, yashimye cyane uburanga bw’abari b’abanyarwanda, gusa ngo abaziho kwitinya gukabije. Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru rishyira kuwa mbere tariki 3 Nyakanga 2017 nibwo habaye igitaramo ngarukamwaka ‘Rwanda Fiesta’. Inshuro ya mbere yacyo yabereye mu busitani […]Irambuye

Executif w’Akarere ka Muhanga YEGUYE ku mpamvu bwite

Gasana Celse Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga yamaze kwandika ibaruwa yo kwegura ku mirimo ye, ngo yabikoze ku mpamvu ze bwite. Shyaka Theobald, Perezida wa Njyanama y’Akarere ka Muhanga yabwiye Umunyamakuru w’Umuseke ko yakiriye ibaruwa yo kwegura ya Gasana Celse, ngo yeguye ku mpamvu ze bwite. Perezida wa Njyanama yongeyeho ko bagiye kwiga ku bwegure […]Irambuye

Volleyball: REG VC na RRA VC zatwaye ibikombe muri Memorial

Muri week-end ishize abakunda umukino wa Volleyball benshi bari mu ntara y’amajyepfo mu turere twa Gisagara na Huye, mu irushanwa ryahuje amakipe 35 rigamije kwibuka Rutsindura Alphonse wahoze ari mwarimu muri Petit Seminaire Virgo Fidelis Karubanda, wagize uruhare mu iterambere rya Volleyball y’u Rwanda. Kuwa gatandatu no ku Cyumweru tariki 2 Nyakanga 2017 nibwo ibibuga […]Irambuye

Ikipe y’u Rwanda ya ‘Under Water Hockey’ igiye kwitabira irushanwa

Umukino wa Under Water Hockey ntabwo umenyerewe mu Rwanda. N’abawukina baracyari bake ariko bitabira amarushanwa. Muri uku kwezi ikipe y’igihugu y’uyu mukino izitabira irushanwa mpuzamahanga ryiswe “Cleopatra Underwater Hockey Cup 2017” rizabera i Dubai. Kuri uyu wa gatandatu tariki 1 Nyakanga 2017 nibwo ikipe ya Rwanda UnderWater Hockey yakoze imyitozo ya nyuma yitegura “Cleopatra Underwater […]Irambuye

Iranzi na Lomami Andre basinyiye Posta Rangers FC yo muri

Abakinnyi babiri  Iranzi Jean Claude na Lomami Andre biyongereye ku bandi batatu b’abanyarwanda bakina muri shampiyona ya Kenya. Basinye amasezerano y’igice cy’umwaka muri Posta Rangers Football Club. Tariki 19 Kamena 2017 nibwo Posta Rangers yo mu kiciro cya mbere muri Kenya yatangiye  gukoresha igeragezwa abakinnyi batatu b’abanyarwanda. Iranzi Jean Claude wirukwanwe muri MFK Topvar Topoľčany […]Irambuye

Episode 149: Kwa Daddy intambara irarose, Samantha ngo yatewe inda

Clovis- “Eeh! Ariko uzi ko ibyo ntigeze mbiteketezaho! Yebaba wee! Daddy! Wari uzi n’ikindi… nako reka nze mpamagare Sifa mubaze niba ari amahoro!” Ako kanya Clovis yahise afata telephone ye maze atangira gushaka numero za mushiki we vuba vuba azibonye akanda yes ashyira ku gutwi arategereza hashize akanya gato, Clovis- “Uuh! Ko idacamo se kandi […]Irambuye

Morgan Heritage bazafatanya na Diamond gutaramira Abanyarwanda bageze i Kigali

Abagabo batatu bagize itsinda Morgan Heritage ririmba injyana ya Reggae bageze ku Kibuga cy’Indege i Kanombe aho baje gutaramira Abaturarwanda mu gitaramo Kigali Fiesta kizaririmbamo n’Umuhanzi Diamond wageze mu Rwanda ariko akaza gukomereza urugendo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku isaaha ya 15h30 ni bwo rutemikirire izanye aba bagabo b’Abanya-Jamaica igeze ku kibuga cy’indege […]Irambuye

en_USEnglish