Month: <span>July 2017</span>

Uganda: Dr Besigye yifurije ishya n’ihirwe Depite Bobi Wine

Dr Kizza Besigye wamenyekanye cyane nk’utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Kaguta Museveni wa Uganda yatangaje ko yishimiye insinzi ya Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye cyane nka Bobi Wine muri muzika yo muri Uganda uherutse gutorerwa kuba intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko ya Uganda. Uyu muhanzi winjiye mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, aherutse […]Irambuye

Sibomana ukekwaho gutera inda umwana w’imyaka 13 yafashwe

*Yafashwe hakoreshejwe ubuhanga bw’inzego z’iperereza… Ku gicamunsi cyo kuwa gatandatu, ku isaaha ya saa 14h00 zirengaho iminota mike, Police y’u Rwanda yafashe umugabo witwa Etienne Sibomana ukurikiranyweho gutera inda umwana w’imyaka 13 akaza kwihakana umwana babyaranye ngo kuko yabyaye mbere ho ukwezi kumwe ku gihe yakekaga. Sibomana Etienne akekwaho gutera inda umwana w’imyaka 13. Ni […]Irambuye

Ngororero: Bafashijwe n”IMBONI’ bageze kuri ‘Demokarasi’ yo kuvuga ibitagenda

Bamwe baturage bo mu Karere ka Ngororero baravuga ko bageze ku rugero bw’ubwisanzure mu kuvuga icyo batekereza nta nkomyi cyangwa kubaza ubuyobozi ibibakorerwa muri gahunda z’iterambere nta ngaruka bibagizeho. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na bamwe mu baturage bo mu Karere ka Ngororero, bamwe bavuga ko urugero bagezeho rwo kuvugira mu ruhame ibyo batishimiye byateguwe n’inzego […]Irambuye

Kidumu Kibido i Kigali muri JAZZ JUNCTION abo yataramiye ntibishwe

Jazz Junction ni igitaramo kiba buri wa gatanu wa nyuma w’ukwezi, gitumirwamwo abahanzi baturutse mu bihugu byo hanze y’u Rwanda, kuri iyi nshuro Kidumu Kibido Kibuganizo ni we wataramiye abakitabiriye. Uyu muhanzi yaje kurebwa n’abatari bake, dore ko ari umwe mu bakunzwe haba mu rubyiruko n’abakuze. Abantu wabonaga ko bamwishimiye kuko yaririmbanaga na bo basubiramo […]Irambuye

Uburere bw’umwana bureba ababyeyi bombi ntibukwiye gusiganirwa – Min. Nyirasafari

*Ngo hari ibibazo bikunze kugaragara ku bana kubera ababyeyi batabitayeho, *Abagore bakwiye kwita ku burere bw’abana by’umwihariko, uburere bubi bw’umwana ngo nibo byitirirwa. Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango asaba ababyeyi b’abagabo na bo gufatanya n’abagore bakita ku burere bw’abana kuko ngo akenshi usanga uburere ari inshingano ziharirwa ababyeyi b’abagore kandi ngo bose burabareba. Aganira n’abagore abagore […]Irambuye

Ngoma: Mu kagari Kamuzingira bongeye kubona amazi meza baherukaga mbere

Abaturage bo mu kagari ka Muzingira mu murenge wa Mutenderi, babonye amazi meza nyuma y’igihe kinini Umuseke ubakorara ubuvugizi, ngo barwaraga indwara ziterwa no kunywa no gukoresha  amazi mabi. Umuryango nyarwanda utegamiye kuri Leta, uharanira guteza imbere uburezi, washora miliyoni eshehsatu (Frw 6 000 000) mu mushinga wo kwegereza abaturage amazi kugira ngo bagire ubuzima bwiza, […]Irambuye

Episode 148: Bob abuze amahitamo hagati ya Sacha na Christa…Agisha

Njye na Nelson twarashigutse abari bari aho bose nabo barikanga bayoberwa ibibaye batangira kutubaza cyane ikiduteye kwikanga… Rosy- “Daddy! Ko mwikanze bigenze gute?” Mama Rosy- “Mubaye iki se basore mwe?” Mama Gasongo- “Nanjye ndababaza erega! Ko mwikanze?” Nelson- “Mama Gaso! Ihangane!” Mama Gasongo- “Ayiwe! Ibi se ni ibiki mwo kabyara mwe? Niko mwaba muzi Gasongo […]Irambuye

en_USEnglish