Month: <span>June 2017</span>

Global Peace Index 2017: u Rwanda rwazamutseho imyanya 15 ariko

Ku cyegeranyo cy’amahoro ku Isi cya (Global Peace Index ) 2017 u Rwanda rumaze igihe rusubiye inyuma cyane kuri iki cyegeranyo rwazamutseho imyanya 15 ugereranyije n’aho rwari ruri umwaka ushize. Iki cyegeranyo gishya cyasohotse uyu munsi kiragaragaza ko u Rwanda rwateye intambwe ruva ku mwanya wa 128 n’amanota 2.323 rwariho umwaka ushize wa 2016, rugera […]Irambuye

Prof. Lawrence Lessig wahanganye na Hillary Cliton yasuye ILPD/Nyanza

Nyanza – Kuri uyu wa kane mu Ishuri Rikuru ryigisha rikanateza imbere amategeko (Institute of Legal Practice and Development, ILPD), umukandinda mu ishyaka rya ba Democrate wahanganye na Hilary Cliton mu gushaka uzahagararira iryo shyaka mu matora aheruka ya Perezida wa USA, Prof. Lawrence Lessig yasobanuriye abanyeshuri “Demokarasi”. Prof. Lawrence Lessig ni Umwarimu muri Havard University wigisha Demokarasi […]Irambuye

Ngoma/Zaza: Ingabo n’abaturage barahinga ibijumba kuri Ha 14

Abaturage bo mu Kagali ka Ruhinga mu murenge wa Zaza mu karere ka Ngoma barishimira umurima w’ibijumba ungana na Ha 14 barimo guhingirwa n’ingabo z’u Rwanda muri gahunda ya Army week. Bavuga ko iki ari igisubizo ku nzara bari bafite by’umwihariko ku biribwa by’ibinyamafufu. Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma buvuga ko gahunda yo gushishikariza abaturage guhinga […]Irambuye

Muhoza na Rukundo barajya kurebana na Ronaldinho Final ya Champions

BRALIRWA, binyuze mu kinyobwa Heineken uyu munsi yahaye abanyarwanda batatu amatike yo kujya i Athènes mu Bugereki kurebera umukino wa nyuma wa UEFA Champions League mu bwato buyobowe n’igihangange muri ruhago Ronaldinho Gaúcho. Kuva tariki 4 Gicurasi 2017 kugera kuri uyu wa kane tariki 1 Kamena 2017 abanyarwanda bahawe amahirwe muri Tombola y’umterankunga mukuru wa UEFA Champions […]Irambuye

Remera: Abatuye Kagara bugarijwe n’umwanda

Abatuye Umudugudu wa Kagara mu Kagari ka Nyabisindu, Umurenge wa Remera barasaba abashinzwe gukura imyanda iba yashyizwe ku muhanda mu mifuka kuyihakura vuba kuko ngo yatangiye kunuka kandi amasazi ayivaho ajya ku masahani bikaba byabanduza indwara. Umwe mu baturage Umuseke waganiriye nawe hafi y’ahitwa kwa Musisi witwa Karemera yavuze ko bagiye kumara ukwezi barashyize imyanda […]Irambuye

Ni inde wari wambaye neza mu bitaramo bibiri bya PGGSS

Mu bitaramo bibiri bya Primus  Guma Guma Super Star VII byabereye mu karere ka Huye na Gicumbi, abahanzi ntibaza kuririmba gusa ahubwo no kugaragara neza imbere y’abo baririmbira biba bifite icyo bivuze. Buri wese aba yakoze ku mwambaro akeka ko uhebuje ubwiza. Uko umuntu agaragara kandi yitwara kuri stage nabyo hari andi manota bimuhesha mu […]Irambuye

Dr Munyakazi ngo ntazongera kuvuga mu Rukiko

*Urukiko rwavuze natavuga azakurikirana urubanza nk’abandi *Mu mpamvu zo kutavuga, ngo urukiko ntirwatumije abaperezida ba Africa yasabye Kuri uyu wa kane ubwo Dr Leopold Munyakazi yitabaga urukiko rwisumbuye rwa Muhanga nyuma y’umwanzuro wemeje ko agomba gukomeza kuburanishwa n’umucamanza  yari yihannye (yanze) yeretswe ikiganiro  yagiranye na kimwe mu Binyamakuru bikorera hanze y’igihugu maze yemeza ko ari […]Irambuye

Indege nini mu mateka y’isi yamuritswe…

Iyi ni indege yamuritswe kuri uyu wa Gatatu uyibonye ubona ari indege ebyiri zikozwe zifatanye, ikaba yamuritswe n’umuherwe wafatanyije na Bill Gates gushinga Microsoft witwa Paul Allen. Iyi ndege ifite moteri esheshatu ikazajya yifashishwa mu gutwara ibyogajuru bizajya bigurukirizwa mu kirere. Iyi ndege iruta izari zisanzwe zizwi ku isi ko arizo nini nka Howard Hughes’ […]Irambuye

Abanyarwanda nibo bazayobora umukino wa St-George SC na AS Vita

Abasifuzi batatu b’abanyarwanda bayobowe na Hakizimana Louis bazayobora umukino w’amatsinda ya CAF Champions League uzahuza ikipe ya St George na AS Vita Club. Kuri uyu wa gatandatu tariki 3 Kamena 2017 mu mujyi wa Addis-Abeba hateganyijwe umukino wa gatatu wo mu itsinda rya Total CAF Champions League uzahuza amakipe ibihangange muri ruhago ya Afurika. Uyu […]Irambuye

Amoko 360 y’inyamabere azacika ku isi mu myaka 50 iri

Abahanga mu binyabuzima bo mu bihugu bitandukanye bavuga ko amoko 360 y’inyamaswa z’inyamabere zo muri Africa, Asia  no muri Amerika y’amagepfo ashobora kuzacika ku isi kubera ubwiyongere bw’abaturage bakenera kuzirya, bakazirukana aho zituye kugira ngo bahature cyangwa bahubake ibikorwa remezo, abandi bakazica bagamije amahembe n’impu zazo. Inyandiko abahanga basohoye mu kinyamakuru Nature Insight ivuga ko […]Irambuye

en_USEnglish