Month: <span>June 2017</span>

Episode 120: Sacha yahawe telephone yashinjaga Daddy n’umukozi w’iwabo

Nkimara kumva ibyo nabuze icyo nsubiza nkanurira Nelson nawe arandeba akajya anshira amarenga ariko nkayoberwa icyo ari kumbwira, Sacha-“Ko utavuga se? Iyo telephone urayimpa cyangwa?” Nakomeje kubura icyo nsubiza, nibutse ko kuva navuka ntigeze nifuza kwiba cyangwa kwangiza iby’abandi maze nitsa umutima mba ndavuze, Njyewe-“Sacha! Ntabwo nigeze niba telephone yawe! Yewe nta nubwo kuva navuka […]Irambuye

Amavubi atsinze Intare za Maroc mu mukino wa mbere wo

Ikipe y’igihugu ya Maroc yaje kwifatanya n’u Rwanda kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Amavubi y’u Rwanda atsinze 2-0 mu mukino wa mbere. Undi mukino uzaba ku cyumweru tariki 4 Kamena 2017. Umukino wabereye kuri stade Amahoro kuri uyu wa gatanu tariki 2 Kamena 2017 watangijwe n’ijambo rya Ministre Uwacu Julienne ufite kwibuka mu nshingano […]Irambuye

VTC Mpanda igeze ku rwego rwo gukora intebe ziruta izatumizwaga

Mu kureba aho amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro ageze atanga ubumenyi ku banyeshuri bayiga, Umuseke wasuye rimwe muri bene aya mashuri rivgwaho  kuba rigeze ku rwego rwo gukora ibikoresho byahangana ku isoko n’ibyatumizwaga hanze. Ukinjira mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro (VTC MPANDA) rihereye mu Karere ka Ruhango usanganirwa n’urusaku rw’imashini zikoreshwa mu bubaji  bw’ibikoresho byo mu rugo bitandukanye […]Irambuye

Imyiteguro ya ‘Collective Rw fashion week 2017’ bayigeze kure

Kuri uyu wa gatanu abari gutegura igitaramo cy’imideli cyiswe ‘Collective Rw fashion week’ giteganyijwe kuba kuwa 10 Kamena 2017 mu Mujyi wa Kigali babwiye itangazamakuru ko imyiteguro bayigeze kure. Ni ku nshuro ya kabiri iki gitaramo kigiye kuba kuko icya mbere cyabaye umwaka ushize. Collective Rw fashion week 2017 biteganyijwe ko izamurikwamo imyenda y’aba-designer icyenda […]Irambuye

Nyaruguru- Kaboneka yabasabye kwanga umugayo

Kuri uyu wa gatanu mu cyaro cyo mu mirenge ya Nyagisozi na Cyahinda imirenge ikora ku Burundi, Minisitiri Francis Kaboneka niho yari ari mu kumurika intore zimaze  icyumweru zitozwa ku rwego rw’Umudugudu. Kaboneka yasabye abayobozi n’abaturage benshi bari bake kumwakira kwanga umugayo no gufatanya mu iterambere ntihagire usigara inyuma. Izi ntore ziva mu midugudu 46 […]Irambuye

ADEPR: Ibyabereye mu Ihererekanyabubasha, Rwagasana niwe wasabye ko risubikwa

*Abakatiwe bambaye iroza bacishijwe inyuma mu cyanzu *Ibiganiro byamaze amasaha arenga ane byarangiye ntagikozwe *Tom Rwagasana niwe wasabye ko ‘Ihererekanyabubasha risubikwa *Ngo mu biro byabo harimo ibimenyetso bazakenera mu rubanza. Updated: Mu muhezo nanone ku itangazamakuru, ku kicaro cy’itorero ADEPR ku Kimihurura hari hagiye kubera ihererekanyabubasha hagati ya bamwe mu bari abayobozi b’iri torero ubu […]Irambuye

NEPAD iravuga ko Abanyarwanda Miliyoni 3,9 batarya ngo bahage

Igishushanyo mbonera cy’imiririre muri Africa “Africa Nutrition Map” cyashyizwe ahagaragara n’Ubufatanye nyafurika mu Iterambere rya Africa ‘New Partnership for Africa’s Development (NEPAD)’ kuri uyu 01 Kamena, kiragaragaza ko ibihugu byose bya Africa bifite umubare w’abaturage barya ntibahage nubwo bifite imibare itandukanye. Iki gishushanyo mbonera “Africa Nutrition Map” kigaragaza ko mu Rwanda hari abaturage bagera kuri […]Irambuye

Noble Nziza, 18, Umuhanzi w’imideli ukuri muto mu Rwanda

Yegukanye igihembo cya mbere nk’umuhanzi w’umwaka Yitabiriye amahugurwa mpuzamahanga mu byo guhimba imyambaro i Lusaka Arifuza kwiga ‘Organic Chemistry and Textile Production’ Ku myaka 18 gusa niwe muhanzi w’imideli uzwi ukuri muto mu Rwanda, abimazemo imyaka abikora. Akora imideli itandukanye ariko cyane akibanda kuy’ubugeni (Art). Nziza yiga mu mwaka wa nyuma w’amashuri yisumbuye muri Lycee […]Irambuye

Haruna Niyonzima ashobora kugurwa Miliyoni 120 muri Vietnam

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Haruna Niyonzima wari amaze imyaka itandatu akinira Yanga Africans yo muri Tanzania arifuzwa n’amakipe abiri yo muri Viêt Nam. Imwe muri zo yiteguye kumugura ibihumbi 150$ asaga miliyoni 120 frw. Mu birori byo guhemba indashyikirwa muri shampiyona ‘Tanzania Vodacom Premier League’ byabereye i Dar es Salam nibwo Haruna Niyonzima watowe […]Irambuye

en_USEnglish