Bavuga ko ari abadiventists b’umwuka cyangwa b’ukwemera bakanabita abakusi. Icyenda muri bo mu murenge wa Twumba mu karere ka Karongi batawe muri yombi kuwa gatandatu bazira kwanga gukora no kwitabira gahunda za Leta no gushishikariza abantu kureka kuzikora. Aba batawe muri yombi kuwa gatandatu nyuma y’igikorwa cy’umuganda. Usibye uyu muganda badakora, ntibatora, ntibatanga ubwisungane mu […]Irambuye
Ubushakashatsi bushya bwatangijwe n’ikigo cy’umuherwe Ashish J Thakkar bwiswe “Ashish J Thakkar Global Entrepreneurship Index” bwashyize u Rwanda mu bihugu 45 bya mbere ku isi byorohereza guhanga imirimo, ndetse rukaba urwa kabiri muri Africa. Gusa, ni urwa mbere muri Afurika mu bijyanye no guha imirimo urubyiruko. Ubu bushakashatsi bwakozwe na ‘Mara Foundation’ ifatanyije n’ikigo ‘Opinium […]Irambuye
Kuri uyu wa mbere, Abasenateri bagize Komisiyo ya Politiki n’Imiyoborere Myiza, basuye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu rwego rwo kumenya no kugenzura iyubahirizwa ry’amahame remezo mu matora ya Referandumu, n’ay’inzego z’ibanze, mu byo baganiriye harimo uko abagore barushaho kukwitabira kujya mu myanya ikomeye ifata ibyemezo aho kujya mu yo bumva yoroheje kubera ko ngo ni imwe […]Irambuye
Bwa mbere mu mateka nibwo u Rwanda rufite umukobwa uruhagarariye mu biyamamaza kuba umukobwa uhiga abandi ku isi ‘MissWorld’. Nyampinga w’u Rwanda 2016 Mutesi Jolly akaba ariwe uri muri iryo rushanwa. Yahagurutse mu Rwanda ku itariki ya 25 Ugushyingo 2016 yerekeza muri Amerika muri leta ya Washington ariho hahurijwe abakobwa bose 120 bitabiriye iryo rushanwa. […]Irambuye
Mu rukiko rw’ibanze rwa gisirikare i Nyamirambo muri iki gitondo haburanishijwe urubanza rwa Sous lieutenant Herni Jean Claude Seyoboka, wahoze ari umusirikare mu ngabo zatsinzwe uherutse koherezwa na Canada kuburanishwa ku byaha bya Jenoside ashinjwa. Umwunganira yabuze, nawe avuga ko atazi kuburana bityo urubanza rurasubikwa. Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwahisemo ko uyu mugabo w’imyaka 50 aburanishwa […]Irambuye
Mu bitaro bya Kirehe haravugwa ikibazo cy’abarwayi bakwa amafaranga yo kugaburirirwa mu bitaro mu buryo butazwi n’ubuyobozi bw’ibitaro, ariko ngo n’ibiryo babaha ntibihagije nyamara ngo baba babwiwe ko bagomba kwitabwaho neza muri ayo mafaranga baba batanze. Abarwarira mu bitaro bya Kirehe ngo bahabwa ifunguro rya buri munsi mu gitondo, ku manywa na nijoro; Gusa, ngo […]Irambuye
Kuri uyu wa Mbere, Perezida Museveni wa Uganda arahura n’umwami wa Rwenzururu witwa Omusinga (umwami) Charles Wesley Mumbere baganire kucyakorwa ngo amahoro mu bwami bwe agaruke nyuma y’uko agabweho igitero n’ingabo UPDF zikica abamurinda 47. Mbere y’iki gitero cyabaye kuri iki cyumweru ngo Museveni ubwe yari yamuhamagaye amusaba kugabanya umubare w’ingabo zimurinda kuko ngo byagaragaraga nko […]Irambuye
Kubera ijwi rye, abantu ntibabashije kumenya neza umuntu uririmba indirimbo ‘Ndashaje’ yakunzwe n’abantu benshi ariko nyirayo atazwi. Ibi byaje gutuma ashaka gushyira hanze amashusho y’iyo ndirimbo ubu yanageze hanze mu buryo bwo gutangira umuziki we nk’umunyamwuga. Andy Bumuntu ni umuhanzi umaze gukora indirimbo imwe gusa yise ‘Ndashaje’, uretse ko akunze kugaragara asubiramo iz’abandi mu byo […]Irambuye
Muri iyi week end ishize Imran Nshimiyimana ukina muri APR FC yakoze ubukwe ashakana na Assna Mukamisha, ibirori by’ubukwe bwabo byabereye i Kanombe ahari ingoro y’amateka y’abategetse u Rwanda.Muri ubu bukwe, Imran yashimiye cyane umutoza Kayiranga Baptiste. Imran ni umukinnyi wo hagati wazamukiye mu ikipe ya AS Kigali ari naho yagaragarije ubuhanga bwe, nyuma yaguzwe […]Irambuye
Mu mukino Rayon Sports yatsinzemo Bugesera FC 1-0, hafashwe iminota yo gushishikariza abawitabiriye gutera ibiti aho batuye, ibintu Ndayishimiye Eric Bakame abona nk’ishema ku bakinnyi b’umupira w’amaguru. Mu mpera z’icyumweru kirangiye, hakinwe umunsi wa gatandatu wa Shampiyona y’u Rwanda mu mupira w’amaguru, AZAM Rwanda Premier League. Umwe mu mikino ikomeye yabaye, wahuje Rayon Sports na […]Irambuye