Kugura inzu mu Bushimwa ni inzozi kuko bihenze cyane ariko umukobwa waho yabigezeho nyuma yo ‘guteretwa’ n’abasore 20 maze agasaba buri wese ko yamugurira iPhone7 nk’impano. Byarangiye zose azigurishije aguramo inzu. Xiaoli, umukobwa utuye mu mugi wa Shenzhen mu magepfo y’Ubushinwa yateretwaga n’abasore 20 icya rimwe buri wese amusaba kumuha impano ya iPhone7 Amaze kuzibona […]Irambuye
Komisiyo y’igihugu y’Amatora muri Ivory Coast yamaze gutangaza ko mu matora yabaye ku cyumweru, abtoye Yego bemeza Itegeko Nshinga rishya bagera kuri 93.42%. Aya matora ariko yitabiriwe n’abantu bacye, kuko mubagombaga gutora hatoye 42.42% gusa, ariko na none bararuta 7% abatavuga rumwe na Leta bakekaga ko aribo gusa bazitabira amatora. Aya matora kandi yabaye ashyigikiwe […]Irambuye
Mu gikorwa cyo gusura ibikorwa remezo biri mu mugi wa Muhanga, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi w’aka karere, Uwamariya Béatrice yavuze ko imirimo yo kubaka ahakorerwa ibikorwa by’ubukorikori hazwi nk’Agakiriro izarangira mu mpera z’uyu mwaka wa 2016 ku buryo uyu mwaka uzarangira hatangiye gukorerwa. Aka gakiriro ngo kazuzura gatwaye Miliyoni 250 Frw. Ni […]Irambuye
Afande-«haguruka wambare ishati yawe tugende ,niba utumvise wasibye! Directeur-“ oya ,oya ,oya Bwana afande mwimbwira ko mujyanye! Afande-“ reka iyo miteto wana!,jy’imbere tugende! Directeur-“ mumbabarire rwose ntago nzongera! Afande-“ ibyo wagambiriye ugomba kubibazwa giravuba singusiga aha! Directeur-“mumbabarire Afande ntago nzongera ni ukuri! Afande-“ sinjye ukwiye gusaba imbabazi kuko njye nshinzwe guhana ntago nshinzwe kubabarira! Directeur-“ Soso,bamfunge […]Irambuye
Bruce Melodie umuhanzi umaze kugira izina rikomeye cyane mu muziki w’u Rwanda mu njyana ya RnB, kuba yaragize amahirwe yo guhura na Mimi la Rose waririmbaga muri Orchestre Impala ngo n’inzozi atigeze yibaza ko yazazikabya. Avuga ko abahanzi bato bafite amahirwe menshi yo kugira ibyo yigira ku bantu nk’aba. Bitari ukumva ko bashaka kwamamara by’igihe […]Irambuye
Ubusanzwe mu kinyarwanda “Kurasanira ku ruhembe” ni ijambo risobanurako akazi ukora cyangwa se ikintu ubamo cyane arirwo ruhembe rwawe. Rafiki Mpazimpaka ukora injyana ya Coga style nyuma yuko avuye mu itorero ry’abahanzi ryabereye i Nkumba, ngo kurasanira mu ruhembe niryo somo yahakuye. Kuri we avuga ko kurasanira ku ruhembe agiye gukora, ari ugushaka uburyo asangiza […]Irambuye
Papa Francis uherutse gusura igihugu cya Swede, atangaje ibi nyuma yo guhura n’umugore uyobora itorero rya Lutheran Church muri iki gihugu cya Swede. Papa avuga ko Kiliziya Gatulika itazigera yemera ko umugore aba Umupadiri. Muri iki cyumweru, Papa Francis yasuye igihugu cya Swede, aza no kwakirwa n’umugore uyobora itorere rya Lutheran Church. Paapa Francis avuga […]Irambuye
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabir Tariki 01 Ugushyingo, impanuka y’imodoka ebyiri zagonganiye mu Mudugudu wa Kinini, Akagari Ka Kirenge, Umurenge wa Rusiga, mu Karere ka Rulindo yahitanye abantu babiri, abandi babiri barakomereka byoroheje. Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, ryatangaje ko iyi mpanuka yabaye mu gihe cya Saa tanu z’ijoro (23h00), ubwo […]Irambuye
Boniface Benzige umuvigizi w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa yatangarije ijwi ry’Amerika ko bidashoboka ko umugogo w’umwami uzatabarizwa mu Rwanda kuko ngo yasize agennye ko natangira mu mahanga atazatabarizwa mu Rwanda. Kigeli yari amaze imyaka irenga 56 mu buhungiro mu mahanga, abo mu muryango we baherutse gutangaza ikifuzo cyabo ko yatabarizwa mu Rwanda. Kigeli yatanze tariki 16 […]Irambuye
Ciney Aisha uririmba injyana ya HipHop ndetse akaba n’umushyushya rugamba mu bitaramo bitandukanye nka MC, ngo hari ibintu bitatu adashobora kwibagirwa mu gihe agikora umuziki cyangwa se n’igihe azaba yaranawuhagaritse. Mu myaka itandatu amaze akora umuziki dore ko yatangiye kumenyekana cyane nk’umuhanzikazi ukora injyana ya rapu muri 2010, yishimira kuba izina rye ryaramenyekanye mu buryo […]Irambuye