Month: <span>November 2016</span>

Ikibanza kirimo inzu bigurishwa!!!!

Mu murenge wa Gisozi, Akagali ka Musezero, mu mudugudu wa Byimana ho mu Karere ka Gasabo niho iyo nzu iherereye. Ni inyuma y’ikigo cy’ishuri cya Fawe Girls School. Ifite ibyumba 4 buri cyumba gifite douche na toilette. Ku bindi bisobanuro, wahagamagara kuri 0788841711/0728841711Irambuye

Mandela Foundation yamaganye Zuma, isaba ihinduka ry’ubutegetsi

Muri Africa y’Epfo umuryango wo gusigasira umurage wa Nelson Mandela kuri uyu wa kabiri watangaje ko ‘igihugu kiri nko kuvaho amapine’ kubera Perezida Jacob Zuma, maze usaba ko habaho guhinduka k’ubutegetsi. Kuva yajya ku butegetsi mu 2009, Jacob Zuma yagiye agarukwaho muri ruswa n’ibindi byaha. Nelson Mandela Foundation ifite inama nyobozi igizwe n’abantu bakomeye mu […]Irambuye

Maxime Sekamana yongeye aravunika, azamara amezi 2 adakina

APR FC itakaje umwe mu bakinnyi bitwaye neza mu ntangiriro za shampiyona, AZAM Rwanda Premier League. Maxime Sekamana yavunikiye mu myitozo azamara amezi abiri hanze y’ikibuga. Sekamana uherutse gutsinda ibitego bibiri muri bitatu APR FC yatsinze Mukura VS, yavunikiye mu myitozo ikipe ye yakoreye kuri stade ya Kicukiro kuri uyu wa mbere tariki 31 Ugushyingo […]Irambuye

Episode 29: Master aguye mu matsa nyuma yo kugubwa gitumo

Episode 29 ….. Soso – “Sha ndumva wankurikiranira hafi aho mba ndi hose kuko ntawamenya bashobora gutinda kuza nkabigenderamo.” Ubwo tukiri muri  byo phone ya Soso yahise isona! Twese turikanga. Mu kureba neza abona ni numero  atazi, aranyereka abanza kuyireka, ageze aho aba arayifashe akanda yes, ashyira ku gutwi hashize umwanya ahita akanda bouton ya […]Irambuye

Himbaza gospel Festival: Abahanzi benshi bakomeje kuyishyigikira

Mu gihe habura ukwezi kumwe gusa kugirango iserukiramuco ryiswe Himbaza ritangizwe ku nshuro ya mbere mu Rwanda, bimwe mu byamamare mu muziki bikomeje kugaragaza ko bishyigikiye icyo gikorwa. Umuhanzi Emmy we yagize ati “Iserukiramuco ridasanzwe, ntimuzabure kugirango muhakure ifunguro rya roho”. Abahanzi bakomeye barimo abakora muzika isanzwe ndetse n’abasanzwe baririmba indirimbo zo guhimbaza indirimbo zo […]Irambuye

Aloys Kanamugire arasaba abafana ba Kiyovu Sports kwihangana

Umutoza mukuru wa Kiyovu Sports, Aloys Kanamugire arasaba abakunzi bayo gukomeza kwihanganira umusaruro muke muri Shampiyona, kuko abakinnyi afite bataramenyera guhangana. Mu mpera z’iki cyumweru, ubwo hakinwaga umunsi wa gatatu wa Shampiyona, abakunzi ba Kiyovu Sports ntibishimiye uko ikipe yabo yitwaye. Yanyagiriwe ku kibuga cyayo na Gicumbi FC ibitego 4-1. Nyuma yo kunyagirwa na Gicumbi, Kanamugire […]Irambuye

Amavubi U20: Savio ayoboye 26 bitegura kujya muri Maroc, na

Ikipe y’igihugu Amavubi yatumiwe mu marushanwa abiri y’abatarengeje imyaka 20 muri Maroc n’irya ‘COSAFA’ rizabera muri Afurika y’Epfo, Umutoza wayo Jimmy Mulisa yatangaje abakinnyi 26 bagomba gutangira umwiherero, bayobowe na Kapiteni Savio Nshuti Dominique. Kuri uyu wa kabiri tariki 1 Ugushyingo 2016, ikipe y’igihugu Amavubi y’abateregeje imyaka 20 iratangira imyitozo, yitegura amarushanwa yatumiwemo, ariyo ‘The […]Irambuye

Mukuru wa Osama Bin Laden yujuje igorofa i Glasgow

Bakr Mohammed bin Laden w’imyaka 68 ni mukuru wa Osama Bin Laden, uyu mugabo w’umukire afite inzu y’umuturirwa yujuje mu mujyi wa Glasgow yafunguwe mu ntangiriro z’uyu mwaka.   Uyu mugabo wo muri Arabie Saoudite yaguze ubutaka mu 2014 abuguze miliyoni 1,5 y’amapound, arubaka yuzuza igorofa yo guturamo ubu ikodeshwa cyane cyane n’abanyeshuri  b’abakire. Iyi […]Irambuye

Kugaruka kwa Maroc muri ‘African Union’ kurimo ikibazo

Umwami wa Maroc uherutse mu Rwanda no muri Tanzania yagombaga gukomereza uruzinduko rwe muri Ethiopia gusa ubu yarusubitse. Uyu mwami kuri uyu wa mbere yahamagaye Perezida Idriss Itno wa Tchad amusaba kubwira umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Africa yunze ubumwe, Nkosazana Dlamini Zuma, kwihutisha ubusabe bwa Maroc bwo kugaruka mu muryango w’Ubumwe bwa Africa. Kugaruka […]Irambuye

Jacques na Christian bo muri New Voice bamaze gufasha abana

Jacques Kibamba na Gira Christian ni abahanzi bo mu itsinda rya New Voice. Bose bari mu kigero cy’imyaka 18. Mu buhanzi bakora, bamaze gufasha abana 12 bafite ubumuga babishyurira amashuri. Abo bana bose bamaze gufasha, si igikorwa cya buri munsi. Ahubwo babikora iyo hari ubufasha runaka babonye cyangwa se hari aho bakoreye amafaranga. Bagenda bajya […]Irambuye

en_USEnglish