*Inka 729 zo muri ‘Girinka’ zaburiwe irengero,…641 zahawe abo zitagenewe, *Abantu 115 bahawe inka bagize icyo batanga,…929 banze kwitura, *Abayobozi bazinyereza…Umuyobozi wa RAB ati ‘ntabwo ab’inda nini babura’ *Abakeneye ibiraro: Hon Ignacienne ngo abantu ntibakagondoze uwabagabiye… Mu bigabiro Abadepite bagize Komisiyo y’Ubuhinzi, Ubworozi n’ibidukikije bagiranye n’ikigo cy’Igihugu gishinzwe iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), bagaragarijwe ishusho ya […]Irambuye
Urugaga (Syndicat) rw’abakozi bo mu nganda, ubwubatsi, amacapiro n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro “COTRAF” rusanga Leta igenda biguruntege mu gukemura ibibazo by’abakozi bakora muri izo nzego kandi bahura n’akarengane kenshi, bamwe ngo baramugara, barakubitwa, baratukwa, bishyurwa nabi n’ibindi byinshi. Ntakiyimana Francois, umyobozi wa COTRAF avuga ko mu bihembwe bitatu by’uyu mwaka wa 2016 utararangira, bamaze kwakira ibibazo […]Irambuye
Kuri uyu wa kane tariki ya 3 Ugushyingo, mu murenge wa Manyagiro bamurikiwe Umuyoboro w’Amazi wubatswe ku bufatanye bw’Ubuyobozi bw’u Rwanda n’Umushinga Water for People, abaturage 15 400 bagiye kugezwaho amazi 100% muri uwo murenge binyuze mu mushinga wa Gicumbi Wash Project. Usibye kuba akarere kose karateguriwe amafaranga y’u Rwanda miliyari 45 zizakoreshwa mu mirenge […]Irambuye
Nyuma yo kubona ko COSAFA U20 ishobora guhagarika shampiyona y’u Rwanda igihe kinini, FERWAFA yemeje ko Amavubi U20 atazayitabira. Byatumye hatumirwa ingimbi za DR Congo. Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryanze kwitabira ubutumire, bw’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika y’amajyepfo. Ni irushanwa rya COSAFA y’abatarengeje imyaka 20. U Rwanda rwari rwatumiwe ngo rusimbure Madagascar yabuze […]Irambuye
Mbere imibare amakuru yavugaga ko abantu 200 bashobora kuba barohamye ariko iyi mibare iragenda ihinduka ku mpanuka yabereye ku nkombe za Libya. Carlotta Sami Umuvugizi w’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Mpunzi, (UNHRC) yavuze kuri Twitter ko nibura abantu 239 hari ubwoba ko bababarohamye ubwo bari batwawe n’ubwato bubiri bukagira ibibazo mu Nyanja ya Mediterranee. Leonard Doyle […]Irambuye
*Ni ubwa mbere bibaye muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara… Ku gicamunsi cyo kuri uyu Gatatu, mu bitaro bya ‘Kenyatta National Hospital’, itsinda ry’abaganga 58 bakoze igikorwa (Operation) cyo gutandukanya impanga z’abakobwa babiri bavutse bafatanye igice cyo hasi cy’uruti rw’umugongo. Igikorwa cyo gutandukanya aba bana bamaze imyaka ibiri bavutse, cyamaze amasaha 23. Iki gikorwa […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu tariki 2/11/2016 abagize umuryango Shelter Them ukorera muri Canada, muri Amerika no mu Rwanda basuye ikibanza bahawe na Perezida Paul Kagame mu gihe yari muri Canada muri gahunda ya Rwanda Day, bazubakamo inzu y’imyidagaduro, Amashuri y’imyuga n’inzu 10 bazatuzamo abana batishoboye badafite imiryango, ibikorwa bizatwara 700, 000 $ banasuye imiryango y’abatishoboye […]Irambuye
Muri Tour du Rwanda y’uyu mwaka, u Rwanda ruzahagararirwa n’abakinnyi 15 barimo Mugisha Samuel na bagenzi be batanu, bitabiriye iri rushanwa ku nshuro yabo ya mbere. Uyu musore w’imyaka 18 avuga ko gukina iri rushanwa ari ugukabya nzozi yarose kuva kera. Ku cyumweru tariki 13 Ugushyingo 2016, Irushanwa ry’amagare rya Tour du Rwanda ry’uyu mwaka […]Irambuye
*Ariko bwo ntazaba akinira ikipe yo mu Rwanda Hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo Tour du Rwanda itangire. Ni icyenda (9) gusa. Amakipe 17 azayitabira yose yatangaje abakinnyi azakoresha. Umunyarwanda Jean Bosco Nsengimana wegukanye iri rushanwa mu mwaka wa 2015, ni we uzakina yambaye numero 1 mu bakinnyi 84 bazakina iri rushanwa rikunzwe n’abatari bacye […]Irambuye
Amakuru y’urupfu rwa Makuza Bertin, umwe mu baherwe u Rwanda rwari rufite, yamenyekanye mu gicuku cyo ku wa gatatu tariki 2 Ugushyingo 2016, ubwo ngo yari mu modoka ajya ku kazi agatangira kumererwa nabi, akajyanwa kwa muganga mu Bitaro byitiriwe Umwami Faisal ari naho yaguye, bivugwa ko yazize indwara ya ‘stroke’ ibafa ubwonko. Makuza Belletin […]Irambuye