*Barifuza kubakirwa umuhanda ubahuza n’akarere ka Nyarugenge Ku mugoroba wo kuri uyu wa 02 Ukuboza, abaturage bo mu murenge wa Kigarama mu karere ka Kicukiro bagaragarije abayobozi ibigomba kwibandwaho mu bikorwa bizashorwamo ingengo y’imari ya 2017-2018, bavuga ko hazashyirwa ingufu mu guhangana n’ubushomeri, kubaka imwe mu mihanda babona ikenewe, isoko, amashuri y’incuke n’ibindi. Mu minsi […]Irambuye
Raporo y’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku muco (UNESCO), ivuga ku mibereho y’abanyamakuru n’ihohoterwa bakorerwa, igaragaza ko umwaka wa 2015 wabaye umwaka mubi ku banyamakuru ku Isi hose kuko ngo ni uwa kabiri mu myaka yapfuyemo abanyamakuru benshi mu gihe cy’imyaka 10 ishize. Mu myika ya 2014 na 2015 yatwaye abanyamakuru 213 ku Isi, 2015 wonyine […]Irambuye
Abahinzi ba Kawa bo mu Murenge wa Nzahaha, ni hamwe muhabarizwa kawa nyinshi mu Karere ka Rusizi, gusa abayihinga ngo ntibazi uko imera baheruka bayijyana ku ruganda gusa. Nubwo hari uburyo gakondoko bwo gutegura ikawa abaturage benshi batazi, abahinzi ba kawa muri aka gace ngo bategereje isezerano bahawe n’inganda zibagurira kawa zabemereye kuzaza kubasogongeza ku […]Irambuye
Ibikubiye mu iperereza ryakozwe rijyanye n’ibirego bya RUSWA biregwa Perezida wa Africa y’Epfo, Jacob Zuma byagiye ahagaragara, biravuga ko ruswa yariwe n’abayobozi bo ku rwego rwa Guverinoma. Muri iyi raporo, uwahoze afite umwanya wa Public Protector, Thuli Madonsela yagiriye inama Perezida Zuma gushyiraho Komisiyo y’ubutabera kuri iki kibazo bitarenze imisni 30. Jacob Zuma ashinjwa kugirana […]Irambuye
Uyu munsi ku isoko ry’imari n’imigabane hacurujwe imigabane n’impapuro z’agaciro mvunjwafaranga (Treasury bond) bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 15 149 000. Hacurujwe impapuro z’agaciro mvunjwafaranga zifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 15,100,000, ku giciro cy’amafaranga 104.2 ku mugabane umwe. Hacurujwe kandi imigabane 700 ya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga 49,000, ku giciro cy’amafaranga 70 ku mugabane […]Irambuye
Mu itangazo ry’ikigo gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) ku biciro by’ibikomoka kuri Petrol, iki kigo cyatangaje ko guhera ejo kwa kane tariki 03 Ugushyingo igiciro cy’ibikomoka kuri Petrol byahindutse. Ibiciro bishya ni uko igiciro fatizo cya essence i Kigali kitagomba kurenga amafaranga 948 kuri litiro imwe Mazutu nayo ikagura 914Frw kuri […]Irambuye
Niger – Imirwano yaturutse ku nka z’aborozi bazwiho guhora bimuka (aba-nomade) bo mu bwoko bwa’Aba-Fulani zoneye umuhinzi, yahitanye abantu 18, abandi 20 barakomereka. Iyi mirwano yabereye mu gace kitwa Bangui, gaherereye mu Majyepfo ya Niger, hafi y’umupaka w’icyo gihugu na Nigeria. Umuyobozi w’Akarere ka Bangui, Oumarou Mohamane yabwiye ibiro ntaramakuru by’abongereza Reuters ko imirwano ijya […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu tariki 2 Ugushyingo, Abadepite bagize Komisiyo y’Ubuhinzi n’Ubworozi n’Ibidukiki basuye Ishami ry’Ikigo cy’Ubuhinzi (RAB), rishinzwe Gupima no Gusuzuma indwara z’Amatungo, by’umwihari ko mu rwego rwo kureba uko serivisi gitanga zijyana no guteza imbere Girinka, bakaba basanze imashini itunganya amazi akoreshwa mu kubika intanga z’inka yari imaze igihe idakora yongeye gutangira gukora. […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu i Kigali hatangiye inama y’iminsi itatu yahuje abayobozi bashinzwe amasoko ya Leta mu bihugu by’akarere k’Afurika y’Iburasirazu, bariga buryo bwo kunoza imikorere n’ibibazo bigaragara mu mitangire y’amasoko ya Leta mu bihugu by’akarere. Atangiza iyi nama, Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Ambasaderi Claver Gatate yagarutse ku kunoza imitangire y’amasoko ya Leta, avuga ko igombo […]Irambuye
Abantu benshi bibaza ku buziranenge bw’ibyo bakoresha, barya, banywa cyane cyane ibyo bagura ku masoko, kuko hari ingaruka zikomeye ku mubiri zo gukoresha ibintu bitujuje ubuziranenge. Kuri uyu wa gatatu Umuseke wasuye Laboratoire z’ikigo gishinzwe gupima ubuziranenge bw’ibintu binyuranye mu Rwanda (Rwanda Standards Bureau) ku Kicukiro, abatekinisiye batubwira akazi bakora. Benshi bibaza ku buziranenge bwa […]Irambuye