Niyibikora Safi cyangwa se Safi Madiba mu muziki, ni umwe mu bahanzi bagize itsinda rya Urban Boys riherutse kwegukana irushanwa rya Guma Guma. Kuri we avuga ko umuhanzi utitabira ibikorwa byubaka igihugu azajya abibona nk’umukerarugendo kubera ko nta musanzu we uzaba ubiriho. Kabone niyo ngo yaba ari icyamamare bigeze he ibyo ntaho bihuriye no kuba […]Irambuye
Saidi Brazza umuhanzi w’Umurundi ufite inkomoko mu Rwanda, nyuma yo kumara hafi umwaka mu kigo ngororamuco cya i Wawa, arasabira abahanzi bataramenya indangagaciro zabo ko bajyanwa muri icyo kigo. Kuko bazagaruka ari intanga rugero ku bandi. Uyu muhanzi yatangiye kumenyekana cyane mu mwaka wa 1995. Icyo gihe akaba yari afite indirimbo zari zikunzwe cyane zirimo […]Irambuye
Episode 26 …….Akinkubita amaso aba arahagurutse aho yari yicaye ku kabaraza arampobera na njye mugwamo nirengagije byose! Soso yari yambaye agakanzu gato cyane n’agakote k’umukara n’udukweto ntibuka neza ariko two hasi ukuntu! Soso – “Eddy nizere ko umwanya wanjye wanyemereye ari uyu! Ndakeka nta handi hantu ugiye!” Jyewe – Hari utuntu nari ngiyemo gato, ariko […]Irambuye
Kuri uyu wa kane, Umuryango ‘Best Family-Rwanda’ washyikirije amazi meza imiryango 22 itishoboye yo mu Tugari twa Gasharu na Murama, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, ndetse banafungura kumugaragaro ishuri ry’ubudozi. Iri shuri ryari rimaze amezi ane (4) ritanga ubumenyi ku budozi, mu rwego rwo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda “Made in Rwanda”, ndetse no […]Irambuye
Mu gutangiza imirimo yo kubaka umudugudu w’Ikitegererezo ugizwe n’inzu 30 zizatuzwamo imiryango 120, kuri uyu wa 27 Ukwakira, Guverineri w’intara y’Amagepfo, Mureshyankwano Marie Rose yakanguriye abaturage bo mu murenge wa Mamba, mu karere ka Gisagara kuzafata neza ibi bikorwa remezo bagiye kwegerezwa. Abaturage bo barabyinira ku rukoma ko iki gikorwa kigiye guhindura imibereho yabo. Mu […]Irambuye
*Hejuri ya 90% by’abakozi baciriritse n’abafata Pension ntibishimye, *Ngo amafaranga babona ntiyatunga ingo zabo, ntiyatuma bateza imbere inganda zubakwa, *Kuba hari abakozi benshi babara ubucyeye, abo ngo ntibatera ishema igihugu Ubushakashatsi bwakozwe n’impuza mashyirahamwe y’imiryango 4 irengera uburenganzira bw’abakozi n’abageze muza bukuru bafata ‘pension’, buragaragaza ko hejuru ya 90 by’abakozi baciritse n’abari muza bukuru bafata […]Irambuye
Mu murenge wa Rukira akarere ka Ngoma haravugwa abana bata ishuri bakajya gukorera amafaranga mu birombe by’umucanga ndetse n’indi mirimo y’amaboko itandukanye. Abaturage baravuga ko biteye impungenge ngo kuko aba bana bazageraho bagahinduka amabandi. Ubuyobozi bw’umurenge ngo ntibwari buzi iki kibazo ngo bugiye kugikurikirana mu maguru mashya. Mu kagari ka Nyinya Umurenge wa Rukira mukarere […]Irambuye
Muri iki gihe Syria yahindutse ikibuga ibihugu bikomeye byerekaniramo ingufu za gisirikare bifite. Kuri uyu wa Kabiri u Burusiya bwohereje ubwato bwa gisirikare bugwaho indege mu nkengero z’Inyanja ya Mediteranee aho ingabo zabwo zizajya zihagurukira zitera muri Syria guhashya inyashyamba zirwanya Perezida Bashar Assad harimo na Islamic State. Uku kwegera u Burayi bikozwe n’u Burusiya […]Irambuye
*Gusa ngo igihe kinini bakimara bakora imirimo idahemba yo mu rugo, *Mu Buhindi, Portugal,… ho umugore arusha umugabo iminsi 50,… I London mu Bwongereza hasohowe ubushakashatsi bugaragaza ko abagore bakora igihe kinini kurusha abagabo kuko mu mwaka babarusha iminsi 39 y’akazi mu gihe mu gihugugu nk’Ubuhindi ho umugore arusha umugabo iminsi 50 y’akazi ku mwaka. […]Irambuye
Mu cyumweru gishize, Stephanie Jaegers wo muri Leta ya Georgia muri USA yagize kubabara cyane mu nda maze ajya kwa muganga aziko arwaye impyiko kuko yazigiraga, ubwo muganga yariho amusuzuma yamubajije uko yumva amerewe no gutwita maze umugore aratungurwa amubwira ko adatwite ndetse ari mu mihango. Muganga yahise ategeka ko bamusuzuma byisumbuyeho ndetse birangira yemeje […]Irambuye