Month: <span>October 2016</span>

Abasenateri baribaza impamvu igipimo cy’ingengabitekerezo kitari guhinduka

*John Rucyahana avuga ko itahita iva mu banyarwanda kuko bayicengejwemo igihe kinini Kuri uyu wa 27 Ukwakira, Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge yamurikiye Abasenateri raporo y’ibikorwa byayo mu mwaka wa 2015-2016, inagaragaza ibyo iteganya kuzakora muri 2016-2017. Abasenateri bari bamaze kugaragarizwa ko ingengabitekerezo ya Jenoside ikiri ku gipimo cya 25%, bibajije impamvu iyi mibare itigeze ihinduka […]Irambuye

Ibintu 10 wamenya kuri Tour du Rwanda 2016 igiye kuba

Tour du Rwanda 2016 irabura igihe gito ngo itangire. Umuseke wegeranyije ibintu 10 umukunzi w’uyu mukino yamenya ku isiganwa ry’uyu mwaka rizatangira tariki tariki 13 kugera 20 Ugushyingo 2016. Nicyo gikorwa cy’imikino cyonyine kigera mu Ntara zose z’u Rwanda, ni isiganwa rikurikiranwa n’abanyarwanda benshi kandi batishyuye. Tour du Rwanda ndwi (7) nizo zimaze kuba kuva […]Irambuye

Somalia: Al-Shabab yishe abaturage babiri bo mu mujyi ingabo za

Abarwanyi ba Al-Shabab bishe abaturage b’abasivili  mu majyepfo y’Uburengerazuba bwa Somalia, mu mujyi wa Tiyeglow nyuma y’aho inyeshyamba ziwufashe zihasimbura abasirikare ba Ethiopia bacyuwe ku wa gatatu. Al-Shabab yashinjaga abo bagabo babiri gukorana n’ingabo za Ethiopia n’ingabo za Leta ya Somalia. Amakuru aravuga ko imiryango myinshi yahisemo guhunga umujyi wa Tiyeglow nyuma yo gufatwa na […]Irambuye

Perezida Kagame yageze i Brazzaville mu ruzinduko rw’akazi

Perezida Paul Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa kane yageze i Brazzaville muri Congo aho agiye mu ruzinduko rw’akazi nk’uko bitangazwa na Agence Presse Africaine (APA-Brazzaville) yo muri Congo. Perezida Kagame ageze kuri Aéroport Maya-Maya yakiriwe na mugenzi we Denis Sassou N’Guesso. Uruzinduko rwa Perezida Kagame i Brazzaville rukurikiranye n’inama y’abayobozi b’ibihugu bigize imiryango ya SADC na ICGLR yabaye […]Irambuye

Volleyball: Pierre Marchal, Kavalo na Flavien basinyiye ikipe nshya ya

Nyuma yo kubaka ‘Gymnase’ igezweho, akarere ka Gisagara kashinze ikipe ya Volleyball Club. Yamaze kugura abakinnyi batandatu (6) barimo Kwizera Pierre Marchal, Karera Emile bita Dada, Ndamukunda Flavien na murumuna we Patrick Kavalo. Kuri uyu wa gatatu tariki 26 Ukwakira 2016, intumwa za Minisiteri ifite imikino mu nshingano zayo, MINISPOC, zasuye akarere ka Gisagara, zinagenzura […]Irambuye

Mu turere 5: 117 bafite ubumuga bukomatanyije bari kwiga, barasaba

*Ngo abasaga 40 barangije Kaminuza ariko ngo kubona akazi ni ingume… Gicumbi- Kuri uyu wa 26, Umuryango w’abafite ubumuga bukomatanyije wasuye aka karere kugira ngo umenye abafite ubu bumuga bitabweho. Uyu muryango uvuga ko mu turere dutanu wasuye, wasanze abantu 117 bafite ubu bumuga bukomatanyije bari kwiga mu mashuri atandukanye ariko bagihura n’imbogamizi. Abandi basaga […]Irambuye

Kigali: Kajugujugu ya gisirikare yakoze Impanuka

Indege ya gisirikare yo mu bwoko bwa kajugujugu yakoze impanuka muri iki gitondo mu gishanga cyo mu murenge wa Rusororo Akagali ka Kabuga ya mbere, mu mudugudu wa Kalisimbi. Iyi mpanuka ntibiramenyakana icyayiteye, nta muntu yahitanye muri bane bari mu ndege. Umunyamakuru w’Umuseke uriyo yemeza ko iyi ndege yaguye mu gishanga ikaba yaguye mu buryo […]Irambuye

France: Urukiko rwanze ko Padiri Hitayezu yoherezwa mu Rwanda

Urukiko rusesa imanza mu Bufaransa rwemeje ko Padiri Marcel Hitayezu w’ahitwa Saintes mu Bufaransa atoherezwa mu Rwanda ngo abazwe ibyaha bya Jenoside ashinjwa. Uyu mupadiri u Rwanda rwari rwasabye ko yoherezwa ndetse rwarashyizeho impapuro mpuzamahanga zo kumuta muri yombi. Mu kwezi kwa Karindwi uyu mwaka urukiko rw’ahitwa Poitiers rwari rwanzuye rwifuza ko uyu mugabo yakoherezwa […]Irambuye

Umurozi si ubugabura gusa cyangwa utega ibintu, n’utanga Ruswa ni

Mu ngendo Urwego rw’Umuvinyi rurimo gukorera mu turere dutandukanye mu Ntara y’Amajyepfo basobanura ububi bwa ruswa no gukemura ibibazo bishingiye ku karengane, Umuvunyi wungirije ushinzwe guca akarengane, Hon Kanzayire Bernadette, yasobanuriye abaturage bo mu murenge wa Nyamiyaga mu karere ka Kamonyi ko ruswa ari uburozi bwanduzwa ku wa yitanze n’uwayakiriye bakazanduza n’abandi. Umuvunyi Wungirije ushinzwe […]Irambuye

en_USEnglish