Month: <span>October 2016</span>

Episode 16: Eddy, Kabebe yamugaragarije urugwiro! James ngo ntagishoboye gukundana

Eddy na James baravugana (kuri telefoni), bemeranya ahagomba kubera ibirori by’isabukuru ya Fille… Jyewe: ”  None se bro, ko ubizi  Fille yanga hano kandi najye ukaba ubizi ko atanyishimira urumva udashaka kubihiriza umwana w’abandi kweli??” James : “ Yabikunda atabikunda, yabyemera atabyemera agomba kuza aho!” Jyewe: “ None se waretse tukabishyira kwa patty ko wenda ho nta kibazo, […]Irambuye

Hon J.de Dieu Mucyo yitabye Imana….. Ejo yari mu nama

Senateri Jean de Dieu Mucyo yitabye Imana muri iki gitondo ajya mu kazi ke ku ngoro y’Inteko Ishinga amategeko. Amakuru y’urupfu rwe rutunguranye aremezwa na bamwe mu bari mu Nteko muri iki gitondo ndetse na bamwe mu bo bakoranaga. Aya makuru kandi yaje kwemezwa na Perezida w’Inteko umutwe wa Sena Hon Bernard Makuza. Umunyamakuru w’Umuseke uri […]Irambuye

Meddy ahanganye n’ibyamamare 21 byo muri Afurika muri MTV MAMA

Bwa mbere u Rwanda rwagaragaye ku rutonde rw’ibihugu bifite abahanzi bahatanira ibihembo bya MTV Africa Music Awads bitangwa buri mwaka. Urwo rutonde rukaba ruriho Meddy uri kumwe n’ibyamamare 21 mu kiciro cy’abahanzi bashya bitwaye neza muri Afurika. Nubwo adakorera umuziki we mu Rwanda, Meddy ni umwe mu bahanzi bamaze kwigarurira imitima ya benshi mu Karere. […]Irambuye

Rigobert Song ubuzima bwe buri ‘hagati y’urupfu n’umupfumu’

Kuri iki cyumweru ubwo yari iwe Rigobert Song yagize ikibazo cyo gucika k’udutsi mu mutwe (stroke) ubu uyu mugabo wamamaye cyane mu mupira arembeye bikomeye mu bitari by’i Yaounde. Rigobert Song wakiniye amakipe nka Liverpool, West Ham United ndetse n’ayo mu Bufaransa no muri Turkiya, ubu amerewe nabi cyane kuko ku cymweru ubwo yari mu […]Irambuye

Nafashe inzira yo gukorera Imana, ababivamo sindikumwe nabo- Papa Emile

Emile Nzeyimana uzwi ku izina rya Papa Emile mu muziki no kuba azi gutunganya indirimbo ‘Producer’, ngo mu myaka igiye kugera kuri 40, ntashobora kuba yareka gukora indirimbo zihimbaza Imana nk’ababivamo uko bukeye nuko bwije. Ahubwo yifuza ko yazaba uregero k’urubyiruko ruto rukora indirimbo zihimbaza Imana. Aho kuba yaba akazuyazi kandi azi neza ko Imana […]Irambuye

Ethiopia: Imyigaragambyo yaguyemo abantu 52

Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Hailemariam Desalegn yatangajeko imyigaragambyo yabaye kuri iki Cyumweru ikozwe n’abatavuga rumwe na Leta ayoboye yaguyemo abantu 53 bakoze ibintu yise ‘amarorerwa’ bakigabiza imihanda bakayifunga kandi bakarwanya inzego zishinzwe umutekano. Uyu muyobozi yahakanye ko urupfu rwabo rwatewe n’ingufu zakoreshejwe n’abapolisi ahubwo yemeza ko bazize umubyigano ukabije watewe n’uko bari benshi cyane kandi […]Irambuye

Igitaramo cy’abambaye umutuku nacyo cyabuze abantu

Igitaramo cy’abambaye umutuku ‘All Red Party’ gisanzwe gitegurwa na Miss Sandra Teta kuri iyi nshuro nticyitabiriwe nk’uko bisanzwe, gusa abahanzi banyuranye baje baririmbira abantu bacye bari bahari. Iki gitaramo cya “All Red Party” cyari cyabanje no gusubikwa, cyabereye mu mujyi rwagati ntikitabiriwe ntikitabiriwe cyane nk’uko byari biteganyijwe. Sandra Teta wateguye iki gitaramo avuga ko ubu bwitabire […]Irambuye

en_USEnglish