Month: <span>October 2016</span>

Ibiyobyabwenge ku isonga ry’ibyaha bikorerwa Nyarugenge

*Ibi biyobyabwenge cya ngo birakoreshwa mu rubyiruko, *Ibi biyobyabwenge hari ababona ko byacika Leta ishyizemo imbaraga. Mu karere ka Nyarugenge ibiyobyabwenge ni yo ntandaro y’ibyaha byinshi bihakorerwa, kandi aho biba harazwi ababicuruza n’ababikoresha barazwi ariko ntibihacika. Ku bwa SP Emmanuel Hitayezu, ngo ibiyobyabwenge ni imwe mu nzira ziteme abashaka kubona inyungu zabo bakoresha, bikagira ingaruka […]Irambuye

Mayor Muzuka yizeye ko abayobozi ba Mukura beguye bazisubiraho

Perezida n’umunyamabanga ba Mukura Victory Sports beguye ku mirimo yo kuyobora iyi kipe mu cyumweru gishize, gusa abafana na Mayor w’Akarere ka Huye Kayiranga Muzuka Eugène ngo baracyafite icyizere ko bazisubiraho. Tariki 27 Nzeri 2016, nibwo inkuru zitunguranye zibabaje ku bakunzi ba Mukura Victory Sports zamenyekanye, ko uwari Perezida wayo Olivier Nizeyimana n’umunyamabanga we Sheikh […]Irambuye

Mu rw’Ikirenga, Munyagishari yikomye Ubushinjacyaha avuga ko bumubeshyera

*Mu rukiko Rukuru ari kuburanishwa adahari, Abatangabuhamya bari kumushinja, *Yajurirye icyemezo ku bavoka bivugwa ko bikuye mu rubanza, yanga kwisobanura, *Yasabaga ko yasemurirwa icyemezo yajuririye kuko cyanditse mu Kinyarwanda, ngo Ntakizi. Munyagishari Bernard ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi no gufata ku ngufu abagore, kuri uyu wa 04 Ukwakira yavuze ko atigeze yanga gusobanurira […]Irambuye

Imiyoborere mu Rwanda yazamutseho +8.7, rwinjira mu bihugu 10 bya

Raporo nshya y’Umuryango “Mo Ibrahim Foundation” ku miyoborere muri Afurika mu myaka 10 ishize, iragaragaza ko muri rusange imiyoborere yazamutseho 1%, gusa imiyoborere mu Rwanda yo yazamutseho 8.7%, bituma rwinjira mu bihugu 10 bya mbere ku mugabane wa Afurika bifite imiyoborere myiza. Iyo raporo ihuza amakuru yo mu myaka 10 ishize, iragaragaza ko ibihugu 37 […]Irambuye

I Shyogwe kwa Kankazi hashobora kubakwa inzu y’amateka y’abagore b’ibyamamare

Uwamariya Beatrice umuyobozi w’Akarere ka Muhanga yabwiye Umuseke ko ubwo Ikigo cy’igihugu cy’iterambere(RDB) cyatangiriza gahunda yiswe ‘Tebera u Rwanda’ mu Ntara y’Amajyepfo baganiriye nacyo ku ngingo y’uko ahahoze hatuye Umugabekazi Nyiramavugo Kankazi hazashyirwa Inzu ndangamurage yamwitirirwa. Iyi nzu ngo nimara kwemezwa izashyirwamo amazina, amashusho cyangwa ibindi birango byerekana ubutwari bwaranze Abanyarwandakazi babaye indashyikirwa mu byiciro […]Irambuye

Akiva mu itorero, Peace yemerewe urukundo ku isabukuru ye

Peace Jolis ukora injyana ya RnB akaba n’umwe mu bahanzi bazwiho ubuhanga mu miririmbire yabo mu Rwanda, mu myaka ibiri asaba urukundo yaje ku rwemererwa ku isabukuru ye y’imyaka 26. Si abahanzi bose bemera gushyira ahagaragara cyangwa se ngo babe bakwemera ko bari mu rukundo. Kuri Peace ngo mu gihe uwo muri kumwe umukunda nta […]Irambuye

ULK yahagaritse abarimu benshi, amashami amwe arafungwa

Muri Kaminuza yigenga ya Kigali, kuva kuwa gatanu tariki 30 Nzeri 2016 abarimu bose hamwe bashobora kuba barenga 30 bamenyeshejwe babaye bahagaritswe mu kazi kubera impamvu z’ubukungu nk’uko bamwe mu bahagaritswe babibwiye Umuseke. Umwe mu balimu bahagaritswe utifuje gutangazwa avuga ko hahagaritswe abarimu bashobora kuba barenga 30, ngo nta kindi kibazo gihari uretse ubukungu butifashe […]Irambuye

Ruswa irigaragaza muri Vets Complex ya Nyagatare Campus – Hon

Abadepite ntibashira amakenga imigendekere y’isoko rya miyari 3,7 ryo kubaka inyubako y’abavuzi b’amatungo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyagatare aho Kaminuza y’u Rwanda yishyuye rwiyemezamirimo miliyoni 972 nta kazi bigaragara ko yakoze. Ikibazo cy’iyi nyubako yiswe Veterinary Complex (Inyubako igenewe Abavuzi b’amatungo) yahombeje Kaminuza y’u Rwanda amafaranga asaga miliyoni 972, ni kimwe mu bindi […]Irambuye

Uganda: Igipolisi cyataye muri yombi 20 bari bagiye kwakira Besigye

Igipolisi cyo muri Uganda, kiratangaza ko mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere cyataye muri yombi abantu 20 bari baje kwakira Dr Kizza Besigye nk’umukuru w’igihugu ku kibuga cy’indege cya  Entebbe International Airport. Umuyobozi w’ishami rya police rishinzwe iperereza muri Uganda, Richard Anvuko yabwiye ikinyamakuru ‘Monitor’ dukesha iyi nkuru ko abatawe muri yombi basaga 20. […]Irambuye

Igituntu ngo kiri kwica abantu benshi kubera kutivuza – OMS

Ubu igituntu ni indwara y’ubuhumekero iri guhitana benshi cyane nk’uko bitanganzwa n’umuryango ushinjwe ubuzima ku isi (OMS). OMS itangaza ko hagati ya miliyoni 1.1 na 1.2 bishwe n’Igituntu 2014, kandi iyi ndwara  biragoye cyane kuyivura bitewe ni uko abantu bitisuzumisha ku gihe ndetse ntibanywe imiti nk’uko bategetswe na muganga. Urwaye igituntu agira imbeho bikabije, agakorora, […]Irambuye

en_USEnglish