Month: <span>March 2014</span>

Greenwich Hotel yongeye kubategurira ibitaramo bya Live

Greenwich Hotel irashimira byimazeyo abakiliya bayo n’abadufashije mu gutegura icyo gitaramo kandi ibamenyesha ko gahunda y’ibitaramo ikomeje, aho kuwa gatanu w’iki cyumweru tariki 07 Werurwe yongeye kugarura umuhanzi Jones Frank wo mu itsinda rya “Tolerance Muzika”. Muri iki gitaramo Jones Frank azacurangira abakunzi be n’abakiliya ba Greenwich Hotel indirimbo zitandukanye zo mu njyana ya Zouk, Salsa, […]Irambuye

Saga Assou Gashumba ‘MC Monday’ yahagaritse ubuhanzi bwe

Saga Assou Gashumba wamenyekanye cyane ari umuhanzi ndetse ari n’umunyamakuru, abinyujije k’urubuga rwe rwa facebook yatangaje ko ahagaritse muzika ndetse anashimira bamwe mu babaye icyitegererezo muri muzika ye. Uyu muhanzi yamenyekanye mu ndirimbo yise ‘Inyoni yaridunze’ yakunzwe cyane n’urubyiruko n’abantu bose muri rusange aho wasangaga ari ijambo rikoreshwa cyane mu biganiro by’abantu mu gihe babaga […]Irambuye

UE igiye guha inkunga u Rwanda na DRC isaga Miliyari

Akigera i Kinshasa ari naho yatangiriye uruzinduko rw’akazi mu bihugu by’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC), Andris Piebalgs, Komiseri w’iterambere mu Muryango w’ubumwe bw’u Burayi “Union européenne (EU)” yatangaje ko bagiye guha Congo n’u Rwanda inkunga nshya ya Miliyari imwe na Miliyoni 80 z’Amayero (Euro). Ku munsi we wa mbere i Kinshasa, ejo kuwa […]Irambuye

Kuba muri Singapour birahenze kurusha ahandi ku Isi

Icyegeranyo cyasohowe na Economist Intelligence Unit kiragaraza ko kuba mu gihugu cya Singapour bihenze kurusha kuba mu bindi bihugu byose byo ku Isi. Mu mijyi 131 yakorewemo ubushakashatsi, basanze ihenze kurusha iyindi ari iyo mu gihugu cya Singapour aho ngo no kugura imyenda bihenze cyane kurusha ahandi ku Isi. Igihugu cya Singapour gisimbuye u Buyapani kuri […]Irambuye

TNP ntibacitse intege kuko batari muri 15 bazitabira amajonjora ya

Itsinda rya TNP ribarizwamo Munyandekwe Maomet uzwi nka Tracy ndetse na Passy Kizito uzwi nka Passy muri muzika, nyuma y’aho batagaragaye ku rutonde rw’abahanzi 15 bagomba kuzavamo 10 gusa bazajya mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star4 ngo ntacyo byabatwaye ahubwo byabahaye imbaraga zo gukora cyane. Aba basore batangaje ibi byose aho mu minsi […]Irambuye

Ubufatanye hagati ya Polisi y'u Rwanda, Uganda ,u Burundi na

Kuri uyu wa 03,Werurwe abayobozi ba Polisi z’ibihugu  by’u Rwanda, Uganda , Burundi na Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, mu nama yabahurije ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru baganiriye kucyakorwa kugira ngo amahoro arambe mu karere gahuza ibi bihugu. Iyi nama  yari igamije gushimangira ubufatanye bwaza Polisi z’ibi bihugu kugira ngo habeho gukumira […]Irambuye

Paris: Capt.Simbikangwa arashinjwa n’abo yarokoye

Kuri uyu wa mbere, tariki 03 Werurwe, i Paris mu Bufaransa hatangiye icyumweru cya gatanu cy’urubanza umunyarwanda Capt. Pascal Simbikangwa aregwamo ibyaha bya Jenoside n’ibyaha byibasiye inyoko muntu, abatanga buhamya bamushinja bakomeje kwakirwa mu rukiko harimo n’abo avuga ko yarokoye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Nk’uko yakunze kubigaragaza mu cyumweru gishize, Simbikangwa akomeje gutsimbarara […]Irambuye

Gisagara: Abafite uburwayi bwo mu mutwe bahungabanya umutekano

Ibi byatangajwe  kuri uyu wa mbere tariki ya  3 Werurwe, 2014 n’umuyobozi w’akarere ka Gisagara Karekezi Léandre mu nama yahuje abayobozi ku rwego rw’imidugudu, utugari, imirenge, n’akarere  ndetse n’ibigo by’amashuri. Uyu muyobozi yavuze ko abafite indwara zo mu mutwe  aribo bakunze guhugabanya umutekano. Impamvu nyamukuru umuyobozi w’akarere ka Gisagara ashingiraho harimo kuba bari barashyizeho ingamba […]Irambuye

Uburusiya bwatangaje ko ingabo zabwo zitava muri Ukraine

Sergei Lavrov Ministre w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya yatangaje kuri uyu wa 3 Werurwe ko ingabo z’igihugu cye zizaguma muri Ukraine zirengera inyungu z’Uburusiya n’abaturage babwo bari muri icyo gihugu kugeza ngo ibintu byongeye kumera neza. Ingabo z’Uburusiya ubu zirasa n’izigenzura agace kose ka Crimea n’ubwo ibihugu byo mu burengerazuba bikomeje gushyira igitutu gikarishye ku Burisiya ko […]Irambuye

en_USEnglish