Kuwa 04 Werurwe 2014 CHIEF EDITOR 03/04/2014 Inzu ya Kigali City Tower hanze gato ya Kigali. Iragaragara hirya kure hagati y’amakoma y’insina. Urebeye kure mu rutoki Imiturire hanze ya Kigali ugana mu majyepfo Ni ku musozi mugari wa Jali hakurya y’uwa Shyorongi ariko ukireba Kigali hirya Photo/Plaisir MUZOGEYE ububiko.umusekehost.com Share this:Click to share on Twitter (Opens in new window)Click to share on Facebook (Opens in new window)
0 Comment
nibwo bwambere natanga igitekerezo kurubuga nkuru ariko iyinkuru itumye mbikora, koko iyi nkuru haricyo isobanuye? ngo (amakoma y’itsina)? ubundi se harikindi giti kigira amakoma uretse itsina?
Reka ngukosore gato: ntibavuga itsina ni insina.
Ubundi rero nshimira cyane iki gice cyamafoto. Nyabuneka ababishoboye mujye mudushyiriraho amafoto buri munsi.
bizagenda biza nonese uba ugirango babikorere rimwe ntibyakunda iyo umuntu ashaka gukora ibinoze agenda buhoro buhoro;;n I burayi na foundation byonyine ifata amezi arenga 3
mubyukuri iyi nkuru niyo kuzuza umurongo gusa, sinkirenganya abavuga ko mu Rwanda nta tangazamakuru ry’umwuga rihari, imyandikire y’ikinyarwanda wapi, content y’inkuru wapi, murasebya ababishoboye kandi barahari
Comments are closed.