Tags : Uganda

Uganda: Gen Sejusa unenga ku mugaragaro Museveni yatawe muri yombi

Ingabo za Uganda zataye muri yombi kuri iki cyumweru uwahoze ari umuyobozi w’inzego z’iperereza, ubu akaba atinyuka kunenga ku karubanda Perezida Museveni, Gen David Sejusa mu gihe habura iminsi mike ngo amatora y’Umukuru w’igihugu abe. Ifatwa rya Sejusa ryakurikiwe n’umusako wamaze igihe cy’amasaha abiri n’igice, aho ingabo za Uganda UPDF zajagajaze inzu ye. Gen. Sejusa […]Irambuye

Ikipe ya Cameroon yageze mu Rwanda mu mukino wa gicuti

Ikipe y’igihugu ya Cameroon, Lions Indomptables yageze i Kigali kuri uyu wa mbere aho yiteguye gukina umukino wa gicuti n’Amavubi ku wa gatatu tariki 6 Mutarama, zombie ziritegura irushanwa rya CHAN 2016 rizatangira mu Rwanda tariki 16 Muatara kugeza ku ya 7 Gashyantare 2016. Intumwa za Cameroon zigizwe n’abantu 35 bagizwe n’abakinnyi 26 zageze mu […]Irambuye

Abaturanyi, DR Congo na Uganda biteguye bate CHAN 2016?

Tariki 16 Mutarama, mu Rwanda hazatangira imikino ya nyuma yo guhatanira igikombe cya Afurika gihuza amakipe y’ibihugu agizwe n’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo, CHAN 2016. Iyi CHAN kandi niyo izitabirwa n’amakipe menshi yo muri aka karere, dore ko uretse u Rwanda ruzayakira, Uganda na DR Congo nazo zizayitabira, ese zo ziteguye gute? Les Leopards […]Irambuye

Inama za Amb Idro Phillip ku iterambere ry’ubuhinzi muri Africa

*Muri Africa ubuhinzi bwaho bugomba gukorwa hagendewe ku bushobozi buhari (atari ukwigana Amarika n’Uburayi), *Ntabwo tuzakomeza gushingira ku musaruro w’umugore uhingisha isuka, atwite, anashoreye umwana kandi yonsa undi, *Tugomba kumva ko umusaruro w’ibyacu aritwe tugomba kuwugura, (gukunda ibyo dukora), *Abenshi bahitamo kwinywera inzoga ugasanga aborozi bafite amata barahombye, kandi abana bayakeneye, ariko ngo amata nta […]Irambuye

Abanyarwanda bafite uburenganzira bwo kwihitiramo – Depite wa UK ushinzwe

James Philip Duddridge umudepite mu Nteko y’Ubwongereza ushinzwe iby’ububanyi n’amahanga n’ibihugu biri mu muryango wa Commonwealth yibanda ku bya Africa, ari mu ruzinduko muri aka karere aje ku kibazo cy’u Burundi, yaraye abwiye abanyamakuru i Kigali ko ku bijyanye no guhindura Itegeko Nshinga mu Rwanda ndetse n’amatora ya Referendum Ubwongereza bubibona nk’uburenganzira bwo guhitamo kw’abatuye […]Irambuye

Passport imwe igiye kujya ifasha abatuye muri EAC gutembera Isi

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afrika y’Iburasirazuba (EAC), Dr Richard Sezibera mu nama yabereye i Nairobi, yatangaje ko guhera mu mwaka utaha abatuye aka karere bazajya batembera mu bice bitandukanye by’Isi bakoresheje passport imwe mu rwego rwo kuborohereza ubucuruzi. Ibi yabivugiye mu nama ngaruka mwaka ihuza ba Minisitiri b’Ubucuruzi itegurwa n’Ishyirahamwe mpuzamahanga mu bucuruzi, World Trade Organization […]Irambuye

Uganda: Minisitiri Mateke yasabye u Burundi gushyiraho Guverinoma ihuriwemo na

Minisitiri wa Uganda ushinzwe ubufatanye mu karere, Philemon Mateke yasabye Leta ya Nkurunziza mu Burundi ko yakora ibishoboka byose igashyiraho indi Guverinoma ihuriwemo n’impande zose kugira ngo imidugararo ihavugwa ihagarare. Mateke yavuze ko ibiganiro bigamije kunga Abarundi byabera ahandi hatari mu Burundi. Ibi Uganda ibivuze nyuma y’uko mu mpera z’icyumweru gishize umunyamabanga wungirije ushinzwe ububanyi […]Irambuye

Ethiopia yiyunze ku muhora wa ruguru

Inama ya 12 yahuje abakuru b’ibihugu bihuriye ku mishinga migari y’umuhora wa ruguru kuwa kane, yakiriye igihugu cya Ethiopia cyagaragaje ubushake bwo kwifatanya n’u Rwanda, Uganda, Kenya na Sudani y’Epfo ku mishinga migari igamije guteza imbere akarere. Iyi nama ku rwego rw’akarere yitabiriwe na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda rwayakiriye, Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta, […]Irambuye

Abahinzi b’ibinyampeke baracyazitiwe n’umusaruro muke no kubura ubuhunikiro

Mu nama yateguwe n’Umuryango East African Grain Council uteza imbere iyongeragaciro ry’umusaruro w’ibinyampeke muri Africa y’Iburasirazuba, kuri uyu wa gatatu tariki 2 Ukuboza, abahinzi n’abashoramari muri ubu buhinzi bavuze ko hakiri inzitizi y’umusaruro ukiri muke n’uboneka hakaba hatari ubuhunikiro buhagije. Iyi nama yari igamije guhuza abahinzi b’ibinyampeke n’abashoramari mu rwego rwo kumenyana no kubafasha kugirana […]Irambuye

Abikorera muri EAC barasaba ko indangamuntu iba icyangombwa cy’inzira hose

Umuryango ubumbiye hamwe abakoresha mu bihugu bya Africa y’Iburasirazuba, (East African Employers Organisation (EAEO), n’Ihuriro ry’abacuruzi muri uyu muryango (East African Trade Union Confederation, EATUC), barasaba ko ibihugu bya EAC byashyira mu bukorwa amategeko yoroshya urujya n’uruza kandi mu ngendo z’abenegihugu mu bihugu hose hagakoreshwa indangamuntu. Ubu busabe bwabo babugejeje imbere ya Komisiyo y’abadepite bo […]Irambuye

en_USEnglish