Tags : Uganda

Uganda na Tanzaniya bigiye kujya bikoresha intwaro ziturutse mu Burusiya

Igihugu cy’Uburusiya cyatangaje ko  cyizeye ko ibihugu bya Uganda na Tanzania kimwe byinshi biri ku mugabane w’Afurika bigiye kuba isoko rishya ry’iki gihugu mu kugura  bigura ibikoresho bya gisirikare bikorwa n’Uburusiya. Nk’uko byatangajwe na Alexander Fomin umuyobozi mukuru ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri iki gihugu.   Yagize ati:”Hari icyo twatakaje ariko hari n’icyo twungutse.Twavumbuye isoko […]Irambuye

Amerika izakomeza gufasha Uganda n’ubwo yasinye itegeko rihana abatinganyi

Ambasade ya   Leta  zunze ubumwe za Amerika muri Uganda yasohoye itangazo  ryamagana ibivugwa n’ibitangazamakuru bitandukanye ko Amerika itazongera kugenera inkunga Uganda  kubera itegeko rirwanya abatinganyi iherutse gusinya. Mu kwezi gushize, Perezida Yoweri Kaguta Museveni yashyize umukono ku itegeko rirwanya ubutinganyi maze bimwe mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bitangira kuvuga ko bishobora guharikira Uganda inkunga. […]Irambuye

Yivuganye umwana we w’imyaka ibiri

Mu gihugu cya Uganda ahitwa Rukungiri umugabo yatawe muri yombi na Polisi y’iki gihugu akurikiranyweho kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka ibiri n’igice. Uyu mugabo witwa Herbert Turinawe w’imyaka 27 y’amavuko yatawe muri yombi nyuma yo kubona ibisigazwa by’umubiri w’uyu mwana wari umaze ibyumweru bibiri yaraburiwe irengero. Ikinyamakuru redpepper dukesha iyi nkuru gitangaza ko nyuma y’igihe […]Irambuye

Uganda yikanze Al shabab

Igihugu cya Uganda  kikanze  igitero cy’iterabwoba cya Alshabab maze umuyobozi bwa Polisi bnze itangazo riburira abaturage ribabwira ko  Al shabab irimo gutegura igitero cyo guhungabanya umutekano wa Uganda igaba ibitero ku ngunguru za lisansi no ku bubiko bw’amasitasiyo agurisha ibikomoka kuri peteroli. Mu rwego  rwo ku bungabunga umutekano  w’Abanyagihugu Polisi yatangiye kurinda ububiko  bw’ibikomoka kuri […]Irambuye

en_USEnglish