Tags : Uganda

Major Barrack Anan wo muri FDLR yafatiwe muri Uganda

Igipolisi cya Uganda cyatangaje ko mu mpera z’icyumweru gishize cyafashe umwe mu bakomando bakomeye nyeshyamba za FDLR, mu mujyi wa Kampala. Mu nkuru dukesha ikinyamakuru ‘Chimpreports’ ifite umutwe ugira uti ‘Umukomando ukomeye wa FDLR yafatiwe muri Uganda’, kigaragaza aya makuru yemejwe n’Umuvugizi w’igipolisi; Fred Enanga watangaje ko uyu musirikare ufite amazina ya Maj Barrack Anan […]Irambuye

Kayiranga yasabye ababyeyi bafite abana b’ibigango kubazana bagatabara Amavubi U20

Amavubi y’u Rwanda y’abarengeje imyaka 20 yanganyije na Uganda U20 1-1, bituma umutoza Kayiranga Baptiste utoza u Rwanda yingingira ababyeyi bafite abana bazi umupira kubamwoherereza ngo yitegure umukino wo kwishyura. Umukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 20 kizabera muri Zambia 2017, u Rwanda rwakiriye Uganda mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya […]Irambuye

Uganda: Bashyizeho itegeko ryo gufunga ababyeyi badakingiza abana

*Hari idini ryitwa 666 ryigisha ababyeyi kudakingiza abana Ababyeyi badakingiza abana muri Uganda bazajya bafungwa amezi atandatu muri gereza, hagendewe ku itegeko rishya riheruka gusinywa na Yoweri Museveni. Iri tegeko risaba ko abana bajya ku ishuri bagomba kugira ikarita igaragaza ko bakingiwe. Iri tegeko nk’uko bitangazwa na Minisitiri w’Ubuzima, Sarah Achieng Opendi ngo rizafasha Leta […]Irambuye

Kayiranga na Mashami bahamagaye U20 izakina na Uganda

Baritegura umukinio wo gushaka itike y’igikombe cya Africa 2017 kizabera muri Zambia. Bazakina na Uganda U20 tariki ya 2 Mata 2016 kuri Stade de Kigali, umukino wo kwishyura uzabera i Kampala tariki 23 Mata 2016. Mu bashobora kuvamo Umuzamu: Hategekimana Bonheur (SC Kiyovu), Nzeyurwanda Djihad (Isonga) na  Itangishaka Jean Paul (Sunrise) Abugarira izamu: Niyonkuru Amani […]Irambuye

Benin: Patrice Talon utavuga rumwe n’ubutegetsi yatsinze amatora ya Perezida

Mu gihugu cya Benin mu matora y’Umukuru w’Igihugu, uwari Minisitiri w’Intebe Lionel Zinsou yemeye ko yatsinzwe n’uwari uhagarariye uruhande rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwariho, umucuruzi (businessman) Patrice Talon, uzasimbura Perezida Thomas Boni Yayi. Umuyobozi w’Akanama gashinzwe amatora muri iki gihugu yatangaje ko Patrice Talon yatsinze amatora y’icyiciro cya kabiri n’amajwi 65%, aho uwari Minisitiri w’Intebe, Lionel […]Irambuye

Burundi: EU yahagiritse inkunga yageneraga Leta

Umuryango w’ibihugu by’Uburayi wahagaritse inkunga wageneraga Leta y’u Burundi mu buryo butaziguye, urashinja inzego z’ubutegetsi muri icyo gihugu kuba zitarakemuye neza ibibazo uyu muryango wa EU wagaragaje ko bihari. Ibikorwa byinshi bya Leta biterwa inkunga n’Umuryango w’ibihugu by’Uburayi, EU. Uyu muryango uvuga ko abantu 400 bishwe abandi 240 000 bagahunga igihugu kuva imvururu zishingiye kuri […]Irambuye

Uganda: Umutwe wa USF wiyemeje kuvana Museveni ku butegetsi

Mu ibaruwa yashyizweho umukono na Misin Kongoi, umuyobozi w’umutwe witwa Uganda Saving Force (USF) ikazenguruka mu Turere twa Kapchorwa na Kween, abawugize bavuze ko bazakomeza kugaba ibitero ku bashinzwe umutekano kugeza ubwo Museveni azava ku butegetsi. Sunday Monitor, ivuga ko ingabo z’uyu mutwe ari zo zagabye igitero ku bapolisi, ku nkambi z’ikigo gishinzwe inyamaswa mu […]Irambuye

Abayobozi b’ibihugu bya EAC baratinda kuki? Ku Burundi cg kuri

*Biteganyijwe ko u Burundi aribwo buhabwa ubuyobozi bwa EAC *U Burundi bwakwangira Somalia kwinjira muri EAC kubera imiyoborere? *Perezida w’u Burundi arayizamo? ko ishize yayijemo bakamutera ‘coup d’etat’ *Iyi nama yuyu munsi iriga ku kubuza imyenda n’inkweto bya Caguwa kwinjira muri EAC *Iziga kandi no ku kugabanya imodoka zakoze zinjira muri aka karere Kuri uyu […]Irambuye

Uganda yamuritse Bus ikoresha imirasire y’izuba yiteranyirije

Kuri uyu wa kabiri, Perezida wa Uganda Yoweri K. Museveni yayoboye igikorwa cyo kumurika ku mugaragaro imodoka nini itwara abagenzi ‘Bus’ ikoresha imirasire y’izuba yateranyirijwe biteranyirije. Iyi bus bise ‘Kayoola’ ifite ubushobozi bwo gutwara abantu 35, ikaba yakora urugendo rw’ibilometero bigera kuri 50 idahagaze. Ifite ‘battery’ abyiri, imwe ikaba icometse ku mirasire y’izuba iri ku […]Irambuye

en_USEnglish